Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Ugushyingo 2017; The New Vision yandikirwa mu gihugu cya Uganda ikaba n’Ikinyamakuru cya Leta, cyasohoye inkuru kuri paji ya mbere ivuga y’uko habayeho ibiganiro hagati ya Perezida Kagame w’u Rwanda na Perezida Yoweli Museveni wa Uganda kandi bitarabayeho.
Iki kinyamakuru kivuga y’uko Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro bahuriye i Dubai mu bihugu byiyunze by’abarabu, aho bitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b’ibihugu ku bucuruzi Afrika ikorana n’indi migabane (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro byihariye ?
3 November 2017, by Iyamuremye Janvier -
Perezida KAGAME yaburiye abavutsa ubuzima abarokotse Jenoside
12 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye abagifite umugambi mubi wo gusubiza igihugu mu mateka ya Jenoside, bagirira nabi uwayirokotse ko ibyo “bigomba guhagarara kandi ko amategeko agomba gukurikizwa.”
-
Perezida Paul Kagame yavuze uburyo kuyobora ibihugu 6 bigize umuryango wa EAC byamugoye kurusha kuyobora umuryango wa AU ugizwe n’ibihugu 50
30 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame avuga ko kuyobora ibihugu 6 bigize umuryango wa Afurica y’Iburasirazuba (EAC) byabaye nk’ibikomera kurusha kuyobora umuryango wa Afurica yunze ubumwe (AU) ugizwe n’ibihugu birenga 50.
-
Perezida Kagame yagaragaje uko igihugu gisoje 2021 gihagaze
27 December 2021, by Dusingizimana RemyMu ijambo rigaragaza uko igihugu gihagaze, Perezida Kagane yavuze ko igihugu gihagaze neza mu ngeri zitandukanye bitewe n’ubufatanye bw’abanyarwanda ndetse n’abaterankunga banyuranye.
Ubusanzwe iri jambo ritangazwa mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ariko kuko uyu mwaka itabaye, ryatambukijwe kuri Televiziyo y’Igihugu.
Perezida Kagame yavuze ko mu 2021, u Rwanda rwahanganye n’ibibazo byinshi birimo iby’ubuzima, umutekano n’ubukungu.
Mu buryo bwifashishijwe mu kurinda Abanyarwanda icyorezo, (...) -
Nyabihu: Perezida Kagame yategetse ko bishyurwa mu cyumweru bagiye ku bishinzwe ababwira ko Leta yahombye
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestHari Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bamaze imyaka 10 basaba kwishyurwa ingurane y’ ubutaka bwabo Leta yateyeho ishyamba ikaryomeka ku ishyamba rya Gishwati.
Muri 2008 nibwo aba baturage bavuga ko bagera kuri 800 batanze amasambu yabo Leta iyateramo ishyamba.
Manzi Fabrice ubahagarariye yatangarije UMURYANGO ko muri 2012 hari bake bahawe amafaranga y’ ingurane nabwo ngo bahabwa make bagereranyije n’ ayo umugenagaciro yahaye ubutaka bwabo.
Manzi akomeza avuga ko muri Nyakanga 2017, ikibazo (...) -
Ikizami cya Leta muri Primaire ntabwo kigiye kuvaho, ibimaze iminsi bivugwa byavugurujwe
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko ifite gahunda yo gukuraho ibizami bya leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, ivuga ko ibyo Minisitiri wa MINEDUC yavuze byumvikanye uko bitari.
-
‘Umuturage azacibwa 5000 kugera ku 100 000 niyemera ko bamumfunyikira mu ishashi ’ REMA
25 October 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije REMA cyatangaje ko umuntu uzongera kwemera gupfunyikirwa ibicuruzwa mu ishashe azaca acibwa amande yaba umucuruzi cyangwa umuguzi.
Iki kigo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ukwakira 2017, cyatangaje ko umuguzi azajya acibwa kuva ku bihumbi 5 kugera ku bihumbi 100.
Muri 2008 u Rwanda rwashyizeho itegeko rikumira ikoreshwa, icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’amasashi akozwe muri palasitike kubera ikibazo ateza cyo kwangiza ibidukikije.Iki kigo REMA (...) -
Minisitiri Musafiri yasimbujwe nyuma y’ iminsi 5 hazamuwe ikibazo cy’ abarangiza kaminuza ntibibone mu bagomba gupiganira akazi
7 December 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ iminsi 5 abagize inteko ishinga amategeko babajije guverinoma y’ u Rwanda ikibazo cy’ abanyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya Kaminuza ntibibone mu bagomba gupiganira akazi, Perezida Kagame yasimbuje uwari Minisitiri w’uburezi Dr Papias Musafiri Malimba.
Tariki ya 1 Ukuboza 2017, ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagezaga ku bagize inteko ishinga amategeko gahunda za guverinoma n’ uruhare rw’ uburezi mu iterambere ry’ igihugu nibwo abadepite babajije ikibazo cy’ abarangiza (...) -
"Ntituzemera ko hari uduhitiramo uko tubaho"-Perezida Kagame
7 April 2023, by Dusingizimana RemyMu butumwa yatanze atangiza Icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi,Perezida Kagame yavuze ko abanyarwanda bize byinshi ku mateka mabi yaranze u Rwanda ku buryo ntawe ukwiye kubigisha uko babaho ubuzima bwabo muri iki gihe.
Perezida Kagame yatangiye avuga ko uyu munsi u Rwanda rwibuka ibitambo bigikomeza by’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’abahitanwe nayo
Yakomeje avuga ko akaga u Rwanda rwaciyemo karwigishije byinshi ku buryo ntawe ukwiye kugena uko (...) -
Tesfazion Natnael yegukanye Tour du Rwanda 2020 mu gihe Díaz José Manuel yegukanye agace ka nyuma
1 March 2020, by Dusingizimana RemyUmunya Espagne Díaz José Manuel ukinira ikipe ya Nippo Delko niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2020 kasorejwe mu mujyi wa Kigali, hakinwa intera y’ibilometero 89.3 mu gihe byarangiye Tesfazion Natnael yegukanye Tour du Rwanda 2020 .
0 | ... | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | ... | 3430