Ikipe ya APR FC yatsinze Gor Mahia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League ku bitego 2-1 wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
APR FC yatanze icyizere cyo gusezerera Gor Mahia muri CAF Champions League
28 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Umutoza wa APR FC yabwiye amagambo akomeye abafana bayo bamukomereye
20 August 2023, by Dusingizimana RemyUmutoza wa APR FC, Thierry Froger, yavuze ku ntacyo yavuga ku bafana bagaragaje ko batishimiye urwego ikipe yabo iriho byatumye bamukomera bakifuza Adil Mohamed.
-
Qatar yashyikirije u Rwanda toni 15 z’ibikoresho byo kurwanya icyorezo cya COVID-19
29 April 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata 2020,igihugu cya Qatar cyashyikirije Leta y’u Rwanda Toni zisaga 15 z’ibikoresho byo kwifashisha mu guhangana n’icyorezo cya Covid 19 gihangayikishije isi yose.
-
U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano yo kubaka umuhanda wag are ya moshi
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Tanzania byiyemeje gutangira kubaka inzira ya gari ya moshi Isaka-Kigali mu kwezi k’Ukwakira k’uyu mwaka wa 2018.
Ku ruhande rw’u Rwanda, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Jean de Dieu Uwihanganye niwe washyize umukono ku masezerano agena uburyo uwo muhanda uzubakwa.
Ku ruhande rwa Leta ya Tanzania, ayo masezerano yashyizweho umukono na Ministiri w’icyo gihugu ushinzwe ibikorwa, gutwara abantu n’ibintu ndetse n’Itumanaho, Prof (...) -
Dr Uster Kayitesi yinjie muri Sena mubo Perezida Kagame yagiriye ikizere
23 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri yashyizeho abasenateri bane muri Sena y’u Rwanda.
-
Nyuma ya Gen Nyamvumba, Afande Gasana na Hon Gatabazi bahagaritswe ku mpamvu z’iperereza
25 May 2020, by UbwanditsiItangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel Gasana na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Hon Gatabazi Jean Marie Vianey “kubera ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”.
Aba bayobozi bahagaritswe ngo iperereza ku byaha bakekwaho ribashe kugenda neza baje biyongera kuri Gen Patrick Nyamvumba wari Minisitiri w’Umutekano mu gihugu uherutse guhagarikwa (...) -
Imwe mu mihanda ya Kigali yafunzwe
1 December 2019, by Martin MunezeroPolisi y’u Rwanda yatangaje zimwe mu mpinduka zizagaragara mu ikoreshwa ry’imwe mu mihanda yo muri Kigali mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira inama mpuzamahanga yiga ku cyorezo cya Sida (ICASA).
-
Imodoka zitwara abagenzi zemerewe gutwara 100%,insengero zemererwa kwakira 75%
12 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ugushyingo 2021 muri Village Urugwiro,yafatiwemo ingamba zitandukanye mu kwirinda Covid-19 no gushyira mu myanya abayobozi.
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba zo kwirinda Covid-19, zirimo ko ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zizakomeza. Ku
modoka zifite imyanya y’abagenda bicaye gusa, zemerewe gutwara 100%
by’umubare w’abantu zagenewe gutwara.
Gahunda yo gutaha (...) -
"Nta muturage uzongera gukurwa mu bye atabanje kwishyurwa ingurane"-Minisitiri Gatete
17 December 2021, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iratangaza ko nta muturage uzongera gukurwa mu bye, atabanje kwishyurwa ingurane y’umutungo we. Byatangajwe na Ministri w’ibikorwa remezo ubwo yari yitabye Komisiyo y’ubumwe bw’Abanyarwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
-
U Rwanda rwishimiye icyemezo cy’urukiko rukuru rw’Ubwongereza kirwemerera kwakira abimukira
19 December 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yishimiye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwo mu Bwongereza rwemeye gahunda yo kohereza abimukira binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe mu Rwanda.
Muri Mata, u Rwanda n’Ubwongereza bashyize umukono ku masezerano yubufatanye azatuma abimukira n’abasaba ubuhungiro bitemewe n’amategeko mu Bwongereza bimurirwa mu Rwanda.
Iyimurwa ry’itsinda rya mbere ryabo ryari riteganijwe muri Kamena, ariko ryahagaritswe n’icyemezo cy’urukiko ku munota wa nyuma, nyuma yuko bamwe mu (...)
0 | ... | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230 | ... | 3420