Urwego rw’Igihugu rw’Ubwitegenyirize mu Rwanda, ruteganya ko mu myaka 10 iri imbere Abanyarwanda bose bagomba kuba bazigamira izabukuru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu myaka 10 Abanyarwanda bose bazaba bazigamira izabukuru: Bizaca mu zihe nzira?
22 January, by Brenda MIZERO -
Leta yakomoreye gushyingirwa mu nsengero n’ibikorwa by’ubukerarugendo
17 June 2020, by Dusingizimana RemyInama y’abaminisitiri yateranye kuwa 16 Kamena 2020 yemeje ko Gushyingirwa mu rusengero bikomorewe ariko ntibirenze Abantu 30 ndetse yemerera amahoteri kwakira inama n’abamukerarugendo baturutse hanze no kugira uruhare mu bukerarugendo bw’imbere mu gihugu.
-
Imyanzuro 12 yafatiwe mu nama y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 17
25 December 2019, by Dusingizimana RemyKuva ku wa 19 kugera ku wa 20 Ukuboza 2019, i Kigali muri Convention Centre, hateraniye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 17, yayobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
-
Ambasaderi w’U Rwanda mu Bufaransa yahamagajwe
24 October 2017, by Iyamuremye JanvierAmbasaderi w’u Rwanda mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa yahamagajwe nyuma y’uko Gen.James Kabarebe asabwe gutanga ubuhamya ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
U Bufaransa bumaze iminsi butangije iperereza rya kabiri ku ihanurwa ry’indege yahanutse tariki 06 Mata 1994 yari itwaye Habyarimana Juvenal ndetse wanahise apfira muri iyo mpanuka.
Iri perereza ryatangiye nyuma y’uko James Munyandinda watorotse (…) -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Maj. Gen.Kabandana witwaye neza I Cabo Delgado
26 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Major General Innocent Kabandana, amuha ipeti rya Lt. General.
Itangazo ryasohowe n’igiisirikare cy’u Rwanda rivuga ko Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera Major General Kabandana Innocent.
Uyu ni we watangiye ayoboye urugamba rwo guhangana n’ibyihebe byari byarayogoje intara ya Cabo Delgado muri Mozambique ndetse rugenda neza.
Iri tangazo rikomeza rivuga ko “Perezida Kagame yamuzamuye kubera ko ashoje (…) -
Ni abanyabwenge kandi barakundana - Perezida Trump k’uko yabonye Kagame na Tshisekedi
4 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikiganiro yagiranye na Perezida Paul Kagame ndetse na Felix Tshisekedi cyamweretse ko aba bakuru b’ibihugu bombi ari abanyabwenge kandi bakundana.
-
U Rwanda rwafatiriye toni 720 z’umuceri utujuje ubuziranenge wari uvuye hanze
16 March 2024, by Dusingizimana RemyKu wa gatanu, tariki ya 15 Werurwe, ikigo cy’imisoro n’amahoro mu Rwanda (RRA) n’ikigo gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA), bahagaritse igurishwa rya toni zigera kuri 720 z’umuceri uvuye mu mahanga, bavuga ko urimo impeke nyinshi zimenetse kandi udakwiriye kuribwa n’abantu.
-
Umunyarwandakazi Umunyana Shanitah niwe wegukanye ikamba rya Miss East Africa 2021
25 December 2021, by Dusingizimana RemyUmunyana Shanitah wari uhagarariye u Rwanda yegukanye ikamba rya Miss East Africa 2021 mu irushanwa ryaberaga muri Tanzania ku nshuro yaryo ya mbere.
Ibirori byo gutanga ikamba rya Miss East Africa ku nshuro yayo ya mbere byabereye mu Mujyi wa Mlimani muri Tanzania.
Miss Umunyana yambitswe ikamba kuri uyu wa 25 Ukuboza 2021, nyuma yo gutoranywa mu bakobwa 12 bari bahagarariye ibihugu birimo u Burundi, Tanzania, Uganda, Kenya, Ibirwa bya Comores, Ethiopie, Sudani y’Epfo n’ibindi.
Aba (…) -
Polisi y’u Rwanda yubakiye Abanyarwanda ibikorwa bifite agaciro k’arenga miliyoni 900 FRW
28 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yashyikirije abaturage ibikorwa yabageneye byatwaye amafaranga y’u Rwanda agera kuri 997 000 000 Frw, basabwa kurushaho kwirinda no gukumira ibyaha kuko bidindiza iterambere ryabo.
Byatashywe kuri uyu wa Kabiri ubwo hasozwaga Police Week, yakozwemo ibikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry’abaturage.
Mu gihugu hose Polisi yubakiye abaturage inzu 30 aho buri karere kubatswemo imwe, imirasire y’izuba 4578, ubwisungane mu kwivuza ku bantu 1600 n’imodoka yahawe Umurenge (…) -
Maj Gen (Rtd) Yaache wari muri MINUAR yatamaje Loni yirengagije ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi
19 August 2025, by ISIMBI EstellaMaj Gen (Rtd) Clayton Boanubah Yaache uri mu basirikare ba Loni bari mu Rwanda mu 1994, yavuze ko mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi itangira, babonaga ibimenyetso byayo ndetse bakohereza ubutumwa bumenyesha ku Cyicaro Gikuru i New York, ariko bikarenzwa ingohe.
Umuryango.rw
Mu myaka 10 Abanyarwanda bose bazaba bazigamira izabukuru: Bizaca mu zihe nzira?
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Maj. Gen.Kabandana witwaye neza I Cabo Delgado
Ni abanyabwenge kandi barakundana - Perezida Trump k’uko yabonye Kagame na Tshisekedi
U Rwanda rwafatiriye toni 720 z’umuceri utujuje ubuziranenge wari uvuye hanze
Umunyarwandakazi Umunyana Shanitah niwe wegukanye ikamba rya Miss East Africa 2021
Polisi y’u Rwanda yubakiye Abanyarwanda ibikorwa bifite agaciro k’arenga miliyoni 900 FRW
Maj Gen (Rtd) Yaache wari muri MINUAR yatamaje Loni yirengagije ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi