Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, François Ngarambe, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida b’abadepite bazahagararira uyu muryango mu matora ateganyijwe muri Nzeri, barimo 70 bawukomokamo, abandi 10 bakaba abo mu mitwe ya politiki yifatanyije nayo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
FPR yemeje abakandida 70 bazayihagararira mu matora y’ abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yirukanye abayobozi bane muri RAB barimo na Dr.Gahakwa
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umuryango wamenye amakuru avuga ko Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yaba yahagaritse ku mirimo abayobozi bane mu Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’ Ubworozi (RAB).
Mu bayobozi bane bahagaritswe harimo na Daphrose Gahakwa wari umuyobozi wungirije w’ iki kigo. Dr. Gahakwa aherutse kuvugwaho gusuzugura abadepite ubwo RAB yagombaga kwitaba abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ umutungo wa Leta (PAC) , Umuyobozi (...) -
Prince Charles nawe ari mu bazita Izina umwana w’Ingagi
31 August 2022, by Dusingizimana RemyIgikomangoma cy’u Bwongereza, Prince Charles ni umwe mu bazita amazina abana b’ingagi ku wa Gatanu tariki ya 02 Nzeri 2022.
Nkuko byatangajwe n’Urubuga rwa Twitter rwa Kwita Izina,iki gikomangoma kizasimbura umwamikazi Elisabeth w’Ubwongereza kizitabira uyu muhango udasanzwe.
Rwagize ruti ’Tunejejwe no gutangaza ko Nyiricyubahiro Igikomangoma cya Wales,azita izina muri#KwitaIzina ingagi muri 2022.
Ntihigeze hatangazwa niba Prince Charles azaba ahari imbonankubone cyangwa niba azita izina (...) -
Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko ashobora gushora intambara ku Rwanda
4 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yahamagariye urubyiruko rw’iki gihugu “kwinjira mu gisirikare ku bwinshi” kuko “intambara abaturanyi badushojeho isaba ibitambo bya buri umwe muri twe”.
Mu ijambo yagejeje ku gihugu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane, tariki ya 03 Ugushyingo 2022, Tshisekedi yongeye gushinja yeruye u Rwanda gufasha umutwe wa M23 ruwuha “abantu n’ibikoresho”.
Yavuze ko u Rwanda mu by’ukuri rufite imigambi yo kwagura igihugu cyabo no kwigarurira amabuye y’agaciro ya Congo, ati (...) -
Kabuga Felicien aragezwa imbere y’urukiko rw’I Paris kuri uyu wa Kabiri
19 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020, ni bwo Kabuga Félicien agezwa imbere y’urukiko i Paris mu Bufaransa, aho amenyeshwa ibyaha akurikiranweho. Biteganyijwe ko mu minsi 8 urukiko ruzatangaza niba azashyikirizwa Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha.
-
Uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo 2016/17
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%.
Akarere ka Gasabo kari kabaye aka mbere umwaka ushize kaje ku mwanya wa 9 n’ amanota 79.19 % mu gihe ubushize kari kagize 81,6
Urutonde rw’uko uturere twesheje imihigo
1. Rwamagana 82.2%
2. Musanze, 81.28 %
3. Huye 80.55 %
4. Gakenke 80.12 %
5. Nyarugenge 79.71 %
6. Gatsibo 79.55%
7. Kirehe (...) -
Bamwe mu banyarwanda bagaragaje igiciro bifuza ko agapfukamunwa kagura kugira ngo buri wese agatunge
21 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu banyarwanda baravuga ko igiciro cy’amafaranga 500 FRW ku gapfukamunwa ari menshi kubera ko ngo kuri bamwe ubuzima bumeze nabi kubera Guma mu rugo ariyo mpamvu bifuza ko nibura kagura hagati y’amafaranga 100 na 200.
-
Kigali: Umushumba w’inka w’imyaka 50 yashyingiranywe n’umukobwa wize arusha imyaka 29 (Amafoto)
13 March 2021, by Dusingizimana RemyUmushumba waragiraga inka w’imyaka 50 witwa Muhirwa André yakoze benshi ku mutima kubera inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Niyibishaka Ange arusha imyaka 29 bashyingiranywe.
-
Perezida Kagame yihanganishije Abarundi n’umuryango wa Perezida Nkurunziza
10 June 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yihanganishije Abarundi batakaje perezida wabo Pierre Nkurunziza wari umaze imyaka 15 abayobora kuva mu mwaka wa 2005.
-
MINEDUC yahumurije abarimu bari bafite ubwoba bw’umushahara wabo inatangaza gahunda ikomeye yabateguriye
3 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahumuriza abarimu ba Leta batarimo gukora nk’uko bisanzwe kubera ihagarikwa ry’amashuri ryatewe na Covid-19, ko bazakomeza kubona umushahara wabo kugira ngo ukomeze kubafasha ndetse inemeza ko bagiye gutegurirwa amahugurwa abafasha kongera ubumenyi.
0 | ... | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230 | 3240 | ... | 3420