Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), Louise Mushikiwabo, yemeje ko ari umukandida muri manda ya kabiri, aho ahatanira kuyobora uyu muryango mu yindi myaka ine iri imbere.
Aganira na TV 5 Monde, Mushikiwabo yavuze ko yiteguye gukomeza imirimo kandi ubushake bwe yabugejeje no ku bihugu binyamuryago bya Francophonie.
Yagize ati "Ndahari kandi nabigaragaje ibihugu.Igihugu cyanjye cyatanze kandidatire yanjye."
Yakomeje avuga ko kandidatire yawe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mushikiwabo yiyamamarije manda ya Kabiri yo kuba Umunyabanga mukuru w’umuryango wa Francophonie
25 July 2022, by Dusingizimana Remy -
Burundi: Ndayishimiye Evariste yahishuye uko perezida Nkurunziza yamusezeyeho bwa nyuma
14 June 2020, by Dusingizimana RemyPerezida watowe w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yaraye avuze ko Perezida Pierre Nkurunziza wapfuye bitunguranye ku itariki ya 8 y’uku kwa gatandatu yabonye umwanya uhagije wo kumutegura no kumusezeraho.
Aya ni yo magambo ya mbere Bwana Ndayishimiye avugiye mu ruhame kuva Bwana Nkurunziza yapfa azize "guhagarara k’umutima", nkuko leta y’u Burundi yabitangaje.
Mu ijambo yagiye agaruka ku ngero zo muri Bibiliya, Bwana Ndayishimiye yavuze ko bisa nkaho Imana yari yaramaze kubitegura. (…) -
Kim Jon Un yongeye kurema agatima mugenzi we Vladimir Putin uri mu ntambara
12 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Kim Jon Un wa Koreya ya Ruguru yamenyesheje mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya ko amushyigikiye mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine, amuremamo icyizere cy’uko uko byagenda kose azayitsinda.
-
"Bazaze ari benshi"-Perezida Kagame aratangirira kwiyamamaza i Musanze
21 June 2024, by Dusingizimana RemyUmukandida wa FPR INKOTANYI ku mwanya wa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame agiye gutangira kujya hirya no hino mu gihugu, agaragarize abaturage imbonankubone ibyo abateganyiriza.
-
Inama ya Abaperezida b’ Umuryango wa Afurika y’ Iburasirazuba yasubitswe bitunguranye
30 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu nibwo hari hateganyijwe Inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagombaga kubera Arusha muri Tanzania, ntiyabaye ahubwo yimuriwe mu mpera z’uyu mwaka kuko Perezida w’u Burundi yanze kwitabira, ntanohereze intumwa.
-
Perezida Tshisekedi yirukanye abasirikare 4 bakomeye abashinja gukorana n’u Rwanda
3 June 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Antoine Felix Tshisekedi w’igihugu cya DR Congo yirukanye abasirikare bane bakomeye muri FARDC bashinjwa gukorana n’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yasimbuwe ku buyobozi bwa Commonwealth
25 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame wasoje manda ye y’imyaka ibiri nk’Umuyobozi Mukuru (Chair) w’Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Icyongereza (Commonwealth), yasimbuwe na Minisitiri w’Intebe wa Samoa, Fiamē Naomi Mata’afa.
-
Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE yahawe umwanya muri ECD
5 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’ umwana ukiri muto.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ ibyemezo by’ inama y’ abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 4 Ukwakira Dr Anita Asiimwe ni umwe mu bahawe inshinmgano nshya.
Dr Anita Asiimwe yize ibijyanye n’ ubuvuzi rusanye muri Kaminuza ya Dundee mu gihugu cy’ Ubwongereza. Muri 2008-2011 (…) -
Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi
12 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n’ uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y’ u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye inashyiraho amatsinda yo kugishakira umuti yiswe Tabara Mubyeyi(TAMU).
-
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika mu kugira imihanda myiza
22 January 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo y’ihuriro mpuzamahanga k’ubukungu World Economic Forum ya 2017/2018 igaragaza ko u Rwanda ruza k’umwanya wa 2 muri Afurika mu kugira imihanda yubatse neza n’amanota 5 kuri 7.
Iyi raporo ivuga ko u Rwanda rwongereye ingufu mu kwita ku bikorwa remezo cyane cyane imihanda ndetse n’ibiraro, ibintu byatanze umusaruro ushimishije mu iterambere ry’urwego rwo gutwara abantu n’ibintu.
Muri rusange iyi raporo ikaba igaragaza u Rwanda nka kimwe mu bihugu bihagaze neza muri Afurika mu (…)
Umuryango.rw
Mushikiwabo yiyamamarije manda ya Kabiri yo kuba Umunyabanga mukuru w’umuryango wa Francophonie
Kim Jon Un yongeye kurema agatima mugenzi we Vladimir Putin uri mu ntambara
"Bazaze ari benshi"-Perezida Kagame aratangirira kwiyamamaza i Musanze
Perezida Tshisekedi yirukanye abasirikare 4 bakomeye abashinja gukorana n’u Rwanda
Perezida Kagame yasimbuwe ku buyobozi bwa Commonwealth
Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi