Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nzeri 2020 nibwo Paul Rusesabagina yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama kubura ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Paul Rusesabagina yagejejwe imbere y’urukiko ku nshuro ya mbere arinzwe bikomeye
14 September 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yagaragaje akamaro ko gusenga mu buzima bwa muntu
15 January 2023, by Dusingizimana RemyMu masengesho yo gusengera Igihugu yabaye kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yavuze ko gusenga ari byiza, bikwibutsa ’icyo turi cyo’.
Yakomeje avuga ko hejuru y’ibyo bikwigisha guca bugufi n’icyo buri wese akwiriye kuba akora mu byo ashinzwe.
Ati "Gusenga ni byiza kandi bikubiyemo ibintu byinshi, gusenga biributsa, bifite byinshi bitwibutsa. Bitwibutsa icyo turi cyo kandi dukwiriye kumenya icyo turi cyo, turi abantu […] kumenya icyo umuntu aricyo binaguha n’umwanya wo gutekereza uko wifata, (...) -
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
31 July 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanutariki 30 Nyakanga, 2021,yagize Madamu Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire we akaba yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.
Stephanie Nyombayire yari asanzwe ari umukozi mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe amakuru no kuvuga ibireba biriya biro( Public Relations Office).
Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri (...) -
Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
-
Perezida Kagame yakiriwe mu musangiro na mugenzi we,Omar Al-Bashir-AMAFOTO
21 December 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriwe mu musangiro na mugenzi we wa Sudani, Omar Al-Bashir ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2017.Ni ibirori byaranzwe n’imbyino n’umuco gakondo w’iki gihugu.
Guhera kuri uyu wa 3 Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu gihugu cya Sudan aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we, Omar Al Bashir, byibanze ku bufatanye n’umubano hagati y’ibihugu byombi, haba mu bijyanye n’umutekano politiki n’ubukungu.
Paul Kagame (...) -
U Rwanda mu nzira yo kwiyongera ku bihugu bitanu by’ Afurika bitunze ibyogajuru
12 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Werurwe 2018 I Kigali hatangijwe amahugurwa yahuje ibihugu mu rwego rwo kongera ubumenyi bwo gukoresha ibyogajuru dore ko ari cyo kibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo.
Icyogajuru ni ingirakamaro ku gihugu kuko gituma igihugu kimenya amakuru yizewe yakwifashishwa mu iteganyagihe no mu buhinzi kuko kiba gihugu ubushobozi bwo kureba ahantu hose.
Abitabiriye aya mahugurwa bemeza ko ikibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo ari uguhindura (...) -
“Dushake umwanya wo kuganira ku burere bw’abana” J. Kagame
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame umufasha wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ababyeyi gushaka umwanya wo kuganira n’ abana no kuba ibyangombwa byose nkenerwa kugira ngo bakure bakure bafite uburere n’ ubumenyi.
Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017, ubwo mu karere ka Kirehe hatangizwaga icyumweru cyahariwe ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango.
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko u Rwanda abanyarwanda bifuza ari urufite impinduka zigaragara, zihera ku muntu, (...) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame n’umufasha we mu mwiherero 2019
11 March 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame bagaragaye baseka ubwo bari mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu uri kubera I Gabiro, mu mafoto yakomeje gucaracara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
-
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
15 November 2023Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza yanzuye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro inyuranyije n’amategeko.
-
Abanyarwanda bakomeje kungukira ku bikorwa by’ ingabo z’ u Rwanda mu iterambere [AMAFOTO]
5 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ akarere ka Rulindo baravuga ko bafite icyizere cyo kuzabona umusaruro mwinshi w’ ibijumba kuko tariki 4 Gicurasi 2018 ingabo z’ u Rwanda zabafashije gutabira hegitari 15 z’ imigozi y’ ibijumba mu gishanga cya Bahimba giherereye mu murenge wa Mbogo.
0 | ... | 3210 | 3220 | 3230 | 3240 | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | ... | 3420