Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwerekanye abantu 57 bari mu nyeshyamba zirwanya Leta y’u Rwanda bafatiwe mu mashyamba ya RDC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RIB yerekanye abantu 57 bafatiwe mu mashyamba ya RDC bashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
17 July 2020, by Dusingizimana Remy -
"M23 ifite intwaro ziruta iz’ingabo za Kongo na MONUSCO"-Uhagarariye RDC muri UN
30 June 2022, by Dusingizimana RemyUhagarariye Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo [RDC] mu muryango w’Abibumbye [UN],yemeje ko Umutwe wa M23 waje mu isura nshya ufite intwaro zihambaye ziruta iza Leta y’iki gihugu ndetse na MONUSCO.
Mu ijambo yavugiye mu kanama k’umutekano ka ONU kuri uyu wa gatatu,Uhagarariye RDC muri UN,Amb.Georges Nzongola-Ntalaja yagize ati "Bagarutse mu Ugushyingo 2021....Bafite intwaro zo ku rugamba ziruta iza MONUSCO n’iza FARDC.
Bafite ubushobozi bwo guhanura indege mu kirere,gutera (…) -
Hamenyekanye impamvu Koreya y’Epfo yatumiye abaperezida 48 ba Afurika
3 June 2024, by Dusingizimana RemyAbategetsi b’i Seoul batangaje ko ibihugu 48 bya Africa byitabiriye ubutumire mu nama ya mbere ya Korea-Africa Summit.
-
Muhanga:Umupolisi yarashe umugabo ukekwaho ubujura washatse kumurwanya
15 April 2024, by Dusingizimana RemyUmugabo wari wikoreye inka yabazwe bikekwa ko ari iyo yari yibye, yarasiwe mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, nyuma yo gushaka gutema umupolisi.
-
Perezida Kagame yavuze ku bihano by’amahanga bikangishwa u Rwanda
21 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudatinya ibihano bivugwa ko rushobora guhabwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birubeshyera gutera inkunga umutwe wa M23 wayogoje Uburasirazuba bwa Kongo.
-
‘Umuturage azacibwa 5000 kugera ku 100 000 niyemera ko bamumfunyikira mu ishashi ’ REMA
25 October 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije REMA cyatangaje ko umuntu uzongera kwemera gupfunyikirwa ibicuruzwa mu ishashe azaca acibwa amande yaba umucuruzi cyangwa umuguzi.
Iki kigo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ukwakira 2017, cyatangaje ko umuguzi azajya acibwa kuva ku bihumbi 5 kugera ku bihumbi 100.
Muri 2008 u Rwanda rwashyizeho itegeko rikumira ikoreshwa, icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’amasashi akozwe muri palasitike kubera ikibazo ateza cyo kwangiza ibidukikije.Iki kigo REMA (…) -
INteko ya Uganda yatumije Gen Muhoozi ngo asobanure ibyo yandika kuri X
18 January 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ishinzwe Ingabo yasabye Minisitiri w’Ingabo z’ik’igihugu kuzana Umugaba Mukuru w’Ingabo akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni Gen. Muhoozi Kainerugaba ngo atange ibisobanuo ku butumwa ajya yandika ku rbuga rwa X.
-
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zivuganye inyeshyamba 4 mu gitero gikomeye
7 August 2021, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zikomeje guhashya imitwe y’iterabwoba muri Mozambique,kuko kuri uyu wa Gatandatu zishe abarwanyi bane mu gitero zagabye ahitwa "1st May".
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko muri iyo mirwano, ingabo z’u Rwanda zishe abarwanyi bane, hafatwa imbunda enye za RPG, eshatu za SMG n’ibindi bikoresho birimo inyandiko.
Aka gace ka "1st May"gaherereye mu Ntara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique, kari mu bilometero 10 kugira ngo ugere mu Karere ka (…) -
Mpayimana Philippe wari umenyerewe nk’ umukandida wigenga yashinze ishyaka rya Politiki
4 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’ umukandida ku mwanya wa Perezida w’ u Rwanda ntatsinde, akiyamamariza ari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ntatsinde yashyinze ishyaka rya politiki avuga ko riharanira iterambere ry’ Abanyarwanda.
-
Umushyikirano16: Perezida Kagame yavuze ko ababuza u Rwanda umutekano aribo bizagaruka
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yasabye Abanyarwanda kunga ubumwe, kureba kure, no gukora ibintu nk’ abazabibazwa abwira Abanyarwanda abashaka gukomeza guhungabanya umutekano w’ u Rwanda aribo bizagaruka.
Umuryango.rw
RIB yerekanye abantu 57 bafatiwe mu mashyamba ya RDC bashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
"M23 ifite intwaro ziruta iz’ingabo za Kongo na MONUSCO"-Uhagarariye RDC muri UN
Hamenyekanye impamvu Koreya y’Epfo yatumiye abaperezida 48 ba Afurika
Muhanga:Umupolisi yarashe umugabo ukekwaho ubujura washatse kumurwanya
Perezida Kagame yavuze ku bihano by’amahanga bikangishwa u Rwanda
INteko ya Uganda yatumije Gen Muhoozi ngo asobanure ibyo yandika kuri X
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zivuganye inyeshyamba 4 mu gitero gikomeye