Ingabo z’ibihugu by’ihuriro SADC zinjiye ‘byeruye’ mu mirwano n’inyeshyamba za M23, nk’uko bitangazwa n’umukuru w’uyu mutwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
‘Ingabo za SADC zinjiye byeruye mu mirwano’ – M23
29 January 2024, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yagaragarije Abanyarwanda icyo bakwiriye gukora muri 2023
31 December 2022, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wo ku wa Gatanu,tariki 30 Ukuboza 2022, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu barenga 3000 baturutse hirya no hino mu Gihugu mu birori ngarukamwaka by’umwaka mushya.
Perezida Kagame yavuze ko umwaka wa 2022, wabaye mwiza kuko wabayemo ibikorwa byiza kurusha imyaka ibiri yari yabanje yashegeshwe n’ibihe bya Covid-19.
Yavuze ko uyu mwaka wa 2022,igihugu cyongeye gutera imbere mu bukungu, ubuzima bw’abaturage burongera buba bwiza kurushaho.
Ati " Ndibwira ko (...) -
Leta ya Congo mu biganiro byo kugura indege zikanganye z’Abashinwa
18 March 2023, by Dusingizimana RemyBiravugwa ko Leta ya Congo yakiriye itsinda rivuye mu bushinwa kugira ngo bumvikane uko bagura indege kabuhariwe CAC/PAC JF-17 Thunder zo Kuyifasha kurasa ingabo z’umutwe wa M23.
Ikipe ikomeye iturutse muri China National Aero-Technology Import & Export Corp (CATIC) yageze i Kinshasa mu cyumweru gishize,iri kumwe n’abayobozi ba People’s Liberation Army (PLA),baje kugurisha indege zo mu bwoko bwa JF-17 Thunder igihugu cya DR Congo.
Ikinyamakuru Africa Intelligence cyemeje aya makuru (...) -
Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu rwego rwo kubungabunga imihanda harimo na gahunda yo kubaka imihanda mishya ya kaburimbo ireshya na km 394.
-
Mushikiwabo natorerwa kuyobora Francophonie aregura ku buminisitiri amazeho imyaka 10
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUyu munsi tariki 12 Ukwakira 2018 nibwo mu gihugu cya Armenia hateganyijwe amatora y’ Umunyamabanga w’ Umuryango uhuza ibihungu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Francophonie. Abakandida ni babiri Louise Mushikiwabo n’ umunya- Canada usanzwe awuyobora Michaelle Jean.
-
RDF yahaye isezerano rikomeye Abanyarwanda bahangayikishijwe n’umutekano
14 June 2022, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda RDF zahumurije abaturage muri rusange ko umutekano w’abanyarwanda n’ubusugire bw’imbibi z’u Rwanda bibungabunzwe neza.
Muri ubu butumwa bwashyizwe hanze n’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa kabiri, bukomeza buvuga ko ingabo z’u Rwanda zizakomeza gukora ibishoboka byose ngo ibitero bikomeje kwibasira u Rwanda biturutse hakurya y’umupaka bihagarare.
Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize nibwo I Musanze hongeye guterwa ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete biturutse muri RDC.
Mu itangazo (...) -
U Rwanda rwitandukanyije n’Uburusiya ku ntambara ya Ukraine! Ese rwatoye "Neza" cyangwa "Nabi"?-VDEO
4 March 2022, by SHEMA EMMANUELLeta y’u Rwanda ibinyujije muri Ambasade yayo mu Muryango w’Abibumbye yagaragaje ko intambara yo muri Ukraine ikwiye guhagarara impande zombi zigahurira mu biganiro kuko ari byo byatanga igisubizo kirambye.
-
Perezida Kagame yahumurije Abanyarwanda bagizweho ingaruka na COVID-19 n’ibiza
17 May 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko nubwo bahanganye n’ingaruka za Covid-19 ndetse n’ibiza biherutse guca igikuba bigahitana abantu 72 bigasenya amazu n’ibikorwa remezo bitagira ingano,u Rwanda ruzatsinda ibyo bibazo byose rukongera kwiyubaka.
-
Karongi :Ingo zose zizaba zifite amazi meza muri 2024
29 March 2023Akarere ka Karongi kizihije umunsi wahariwe amazi (Water Day )kuri uyu wa 29 Werurwe 2023,gafatanyije n’abafatanyabikorwa bako barimo WASAC, Water for People na World Vision.
Uyu munsi wizihijwe hatahwa imiyoboro ibiri y’amazi n’ikigo cy’isuku n’isukura ( District Sanitation Center) kizafasha Abaturage kugira ubwiherero bwujuje ibisabwa.
imiyoboro yatashywe ni iya Rugobagoba-Tongati-Kazibaziba ufite uburebure bwa kilometero 68.2 uha amazi abaturage n’abafatanyabikorwa b’akarere bagera ku 22,000 (...) -
U Rwanda rurashinja DR Congo ‘guhitamo inzira y’imirwano’
25 October 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iravuga ko nubwo perezida wa DR Congo avuga ko bashaka ibisubizo mu nzira za diplomasiya, imvugo n’ibikorwa biheruka byerekana ikinyuranyo kuko “leta ya DR Congo yahisemo gukomeza imirwano ya gisirikare”.
Itangazo rya leta y’u Rwanda riravuga ibi mu gihe imirwano hagati y’ingabo za leta ya DR Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 ikomeje kuyogoza muri Rutshuru aho imaze gutuma abarenga 23,000 bava mu byabo kuva kuwa kane.
Iri tangazo rigira riti “Bihabanye n’ibyatangajwe na Perezida wa (...)
0 | ... | 3220 | 3230 | 3240 | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | ... | 3420