Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu w’iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yikomye amahanga ko yatumye ibintu birushaho kuzamba hagati y’igihugu cye na Repubulika ya Demokrasi ya Kongo. Ni mu ijambo yagejeje ku banyarwanda risoza umwaka wa 2022.
Mu bidakunze kubaho avuga ijambo risoza umwaka, kuri iyi nshuro perezida w’u Rwanda Paul Kagame ageza ijambo ku Banyarwanda n’abaturarwanda risoza umwaka wa 2022, igice kinini cyaryo yumvikanye mu rurimi rw’icyongereza.
Ni ijambo ryibanze cyane ku mibanire (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagaragaje uwazambije umubano w’u Rwanda na RDC
1 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais
6 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUrukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais, ukurikiranyweho kurasa abaturage batanu mu Karere ka Nyamasheke. Iburanisha riri kubera mu Kagari ka Rushyarara mu Murenge wa Karambi, aho icyaha cyakorewe ku wa 14 Ugushyingo 2024.
-
Guverinoma yatangaje impinduka nshya mu bijyanye n’ingendo rusange
12 March 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma yatangaje ko guhera tariki 16 Werurwe 2024, izakuraho nkunganire yajyaga mu kwishyurira itike y’urugendo ku bantu batega imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange.
-
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
12 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwishimiye uruzinduko rw’intumwa z’u Burundi mu Rwanda ndetse hari kuganirwa ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi kandi amaherezo ibibazo bihari bizashyira bigakemuka.
Mu kiganiro Bwana Mukuralinda yagiranye na BBC,yavuze ko u Rwanda rwishimiye kwakira Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira na bagenzi be bari boherejwe na Perezida (…) -
BNR yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho 9,8%
25 September 2024, by Joseph IradukundaBanki Nkuru y’Igihugu, BNR, yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho 9,8% mu mezi atandatu ya mbere ya 2024, mu gihe mu mwaka ushize wari ku ijanisha rya 7,7% mu gihe nk’icyo
-
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
10 August 2020, by Martin MunezeroLt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Yoweri Museveni uyoboye Uganda, yagarutse ku butumwa bwa se mu 1986 ubwo yari amaze gufata ubutegetsi, aho yibaza icyo byaba bitwaye aramutse ari Umunyarwanda.
-
Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025
25 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo by’umutekano mu matora ateganyijwe muri icyo gihugu ku wa 28 Ukuboza 2025 no gukomeza umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi.
-
Mu mezi atanu ashize ibiza byishe abantu 67, bisenya inzu 670
18 January, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu mezi atanu (kuva ku wa 1 Nzeri 2025 kugeza ku wa 15 Mutarama 2026) mu Rwanda habaye ibiza birenga 470, bihitana abantu 67 bikomeretsa abandi 123.
-
Inzobere zigaragaza ko RDC ikoresha umwanya ihawe mu gusebya u Rwanda
13 October 2025, by ISIMBI EstellaInzobere zitandukanye zigaragaza ko ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, bukoresha umwanya buhawe mu nama mpuzamahanga mu gusebya u Rwanda no gushaka kwigaragaza ko bukeneye amahoro.
-
Gen. Kayihura yarezwe muri ICC kubera ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’ u Rwanda
6 March 2018, by Nsanzimana ErnestGen. Kale Kayihura wari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda yarezwe mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC ku byaha byibasiye inyoko muntu akekwaho kuba yarakoze afatanyije n’ abandi bapolisi bakuru ba Uganda ubwo boherezaga ku gahato itsinda ry’ Abanyarwanda ngo basubire iwabo.
Iri tsinda ry’ Abanyarwanda riyobowe na Rugema Kayumba, niryo ryatanze ikirego mu Urukiko Mpuzamahanga ICC I Hague rivuga ko ryimwe ubutabera muri Uganda nk’uko Dail monitor yabitangaje.
Ibi bibaye nyuma y’ (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagaragaje uwazambije umubano w’u Rwanda na RDC
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais
Guverinoma yatangaje impinduka nshya mu bijyanye n’ingendo rusange
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
BNR yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho 9,8%
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025
Mu mezi atanu ashize ibiza byishe abantu 67, bisenya inzu 670
Inzobere zigaragaza ko RDC ikoresha umwanya ihawe mu gusebya u Rwanda