Minisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine uwamariya yavuze ko impamvu Guverinoma y’u Rwanda ititeguye guhita ifungura amashuri muri iki gihe ari uko imibare y’abandura Coronavirus ikomeje kwiyongera mu Rwanda,asaba abantu bakuru kubahiriza amabwiriza kikarangira burundu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’Uburezi yahishuye impamvu ebyiri Leta ititeguye guhita ifungura amashuri
15 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Congo Tshisekedi
31 January 2020, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku bikorwa by’akatarabonekka bya Perezida wa Repuubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu guhashya imitwe y’iterabweba hagamijwe kugarura amahoro muri iki gihugu.
-
Jado Uwihanganye, Rwakazina wayoboraga Umujyi, Maj Gen Karamba mu basabiwe kuba ba Ambasaderi
16 July 2019, by UbwanditsiPerezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul Kagame yashyizeho abazahagararira u Rwanda mu bihugu 15 by’amahanga.
-
Abantu 104 bakize Covid-19 mu Rwanda abandi 06 barayandura
17 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Ukwakira 2020, abantu 6 basanzwemo COVID-19 mu gihe abandi 104 bayikize mu bipimo 2,224 byafashwe.
Umubare w’abamaze kwanduraiki cyorezo wabaye 4,971 mu gihe 104 ari bo bayikize. Abamaze gukira bose hamwe ni 4,768.Abakirwaye ni 169 mu gihe abamaze gupfa ari 34
Abarwayi bashya bagaragaye barimo umwe wo muri Kigali, bane bo muri Kirehe (abapimwe mu nkambi y’impunzi) naho i Gicumbi habonetse umwe.
Abanyarwanda bagirwa inama (...) -
Tesla yahakanye ibyo gusimbuza Elon Musk ku buyobozi
1 May, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gikora imodoka zikoresha amashanyarazi, Tesla, cyamaganye amakuru avuga ko kiri mu biganiro bigamije gushaka umuyobozi mukuru mushya ugomba gusimbura Elon Musk umaze imyaka 20 kuri uwo mwanya.
-
Perezida Ndayishimiye yakiriye intumwa yohererejwe na Perezida Kagame
15 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakiriye intumwa ziturutse mu Rwanda ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Gen. Maj Albert Murasira, zamugejejeho ubutumwa bwa Perezida Kagame.
Bagiranye ibiganiro byibanze ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi nkuko byemejwe n’umuvugizi wa Perezida w’u Burundi,Butoyi Evelyne.
Izi ntumwa zigiye mu Burundi nyuma y’aho u Rwanda ruheruka kwakira Minisitiri w’Ubutabera w’u Burundi,Madamu Banyankimbona Domine.
Abayobozi b’ibihugu byombi mu by’umutekano barahuye (...) -
Perezida Kagame ni umwe bitabiriye irahira rya Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe
26 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) yitabiriye irahira rya Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa uherutse gutsinda amatora n’amajwi 50.8%.
-
Mu mezi 6, u Rwanda rwahombye miliyari 204 n’ abaturage barenga 200 kubera ibiza
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ibiza no gucyura impunzi Midimar, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka ibiza byahombeje igihugu arenga miliyari 204 Frw, mu gihe byahitanye abaturage 234 kugeza mu Ukwakira 2018.
-
Leta ya RDC mu nzira yo kugura drones icyenda zikomeye zo kurasa kuri M23
21 February 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC ,kigiye kugura Drones zigera ku icyenda mu Bushinwa kugira ngo kibashe guhangana n’umutwe wa M23 ,ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri Kivu y’Amajyaruguru.
Ikinyamakuru Africa Intelligence kiravuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwamaze kwemeza igurwa rya Drones icyenda mu Bushinwa zo mu bwoko bwa CH-4 Rainbow ,ndetse ko mu minsi mike iri imbere zizaba zamaze kugera ku rugamba mu Burasirazuba bwa DRC mu rwego rwo guhagarika (...) -
TAS2019: Perezida Kagame yasabye Afurika kubyaza umusaruro umurongo mugari wa interineti
15 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko Abatuye Afurika bakwiriye kubyaza amahirwe umurongo mugari wa Interineti mu kwiteza imbere aho kuwukoresha mu kwakira ibitekerezo by’abandi gusa.
0 | ... | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | 3320 | 3330 | 3340 | ... | 3420