Ku wa Gatatu, tariki ya 03 Mata 2019, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatatu tariki ya 03 Mata 2019
4 April 2019, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Sezibera yasabye abantu kwima amatwi ibihuha bibeshyera u Rwanda
27 April 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yasabye abantu bose kwirinda ibihuha bikomeje gukwirakwizwa bitewe n’amatangazo aherutse gushyirwa hanze n’ibihugu bikomeye byasabye abaturage babyo kudasura bimwe mu bice by’u Rwanda.
-
Burundi: Inama idasanzwe y’abagize Guverinoma yafashe umwanzuro ukomeye ku muyobozi w’ u Burundi
11 June 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 11 Kamena 2020, hateranye inama y’Abagize Guverinoma yari iyobowe na visi perezida wa mbere w’u Burundi,Bwana Gaston Sindimwo, yafatiwemo umwanzuro wo kwandikira urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga gushyira mu bikorwa itegeko rigenga usimbura umukuru w’igihugu igihe atabarutse atarangije imirimo ye.
-
Minisitiri Biruta yavuze byimbitse ku bibazo biri mu mubano w’u Rwanda na RDC
26 January 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Biruta Vincent,yagaragaje birambuye imiterere y’ikibazo cy’umubano w’u Rwanda na RDC ukomeje kuba mubi amanywa na nijoro.
Ubwo yagezaga ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite uko umubano w’u Rwanda n’ibihugu byo mu karere wifashe,Minisitiri Biryta yashimangiye ko uwa Kongo wifashe nabi kubera ko iki gihugu kidakemura ibibazo byacyo kikabisunikira ku Rwanda.
Minisitiri Dr Biruta Vincent yavuze ko umubano w’u Rwanda n’amahanga (…) -
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’amagare igeze ishyushye
27 September 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rumaze kumenyekana ku rwego rw’Isi nk’igihugu gitegura ibirori ku rwego rwo hejuru haba inama mpuzamahanga zibera i Kigali cyangwa shampiyona zihategurirwa kandi zikagenda neza. Ibi bijyana n’ibikorwa remezo u Rwanda rwubatse mu myaka 31 ishize, ari yo mpamvu mubona shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare irimo ibera mu Rwanda.
-
Guhatana n’Umunye-Congo mu matora ya OIF, ibyo yagezeho na coups d’état: Mushikiwabo yavuze byinshi
11 February, by Brenda MIZEROUmunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ashobora guca agahigo k’Umunya-Sénégal Abdou Diouf ko kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) manda eshatu, nyuma y’aho muri Mutarama 2026 Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko izongera gutanga kandidatire ye.
-
Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
29 September 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange mu gufana, gucunga umutekano no gushyigikira imigendekere myiza ya Shampiyona y’Isi y’Amagare imaze iminsi 8 ibera i Kigali.
-
RDC yasabye Afurika y’Epfo ubufasha bwo gutoza ingabo zayo
26 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Afurika y’Epfo gutoza imitwe y’ingabo itandukanye mu rwego rwo kuzongerera ubushobozi mu gihe umutekano wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo wazambye.
-
Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma ku Ibanga ry’Amahoro [AMAFOTO]
2 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki 2 Werurwe 2021, nibwo habaye umuhango wo gusezera kuri Padiri Ubald bwa nyuma no kumushyingura mu cyubahiro, mu Karere ka Rusizi ahazwi nko ku Ibanga ry’Amahoro.
-
vuba Moto nazo ziratangira kujyanwa muri Controle Technique
6 November 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubuziranenge bw’ibinyabiziga (Controle Technique), buratangaza ko mu gihe cya vuba moto zitangira gusuzumwa imyotsi muri controle technique.
Umuryango.rw
Minisitiri Biruta yavuze byimbitse ku bibazo biri mu mubano w’u Rwanda na RDC
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’amagare igeze ishyushye
Guhatana n’Umunye-Congo mu matora ya OIF, ibyo yagezeho na coups d’état: Mushikiwabo yavuze byinshi
Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
RDC yasabye Afurika y’Epfo ubufasha bwo gutoza ingabo zayo
Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma ku Ibanga ry’Amahoro [AMAFOTO]
vuba Moto nazo ziratangira kujyanwa muri Controle Technique