Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023 ,Perezida Paul Kagame yasuye Akarere ka Rubavu by’umwihariko uduce twibasiwe n’ibiza turimo Mahoko, Pfunda na Nyundo, aganira n’abaturage bacumbikiwe kuri site ya Nyemeramihigo, arabahumuriza, abizeza ko leta izakomeza kubaba hafi. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abarenga ibihumbi bibiri batujwe muri site y’Inyemeramihigo, nyuma y’uko yari amaze gusura ibikorwa bitandukanye muri ako karere byangijwe n’ibiza, birimo n’uruganda rw’icyayi rwa Pfunda (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mukomeze mwihangane ! Perezida Kagame ahumuriza abagizweho ingaruka n’ibiza
12 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Perezida Kagame yahawe ikaze n’ Umwami Abdullah wa Jordan
9 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yageze muri Jordan aho yitabiriye inama ifite intego yo kugarura amahoro.
-
Agahimbazamusyi gahanitse Amavubi azahabwa natsinda Guinea kamenyekanye
30 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi ihanze amaso kuri iki cyumweru aho ishobora gukora amateka itigeze ikora mu mateka yayo yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN aho isabwa gusezerera Guinea mu mukino ukomeye uzabera I Limbe muri Cameroon.
-
USA: Polisi yataye muri yombi abagera kuri 200 bamagana uruzinduko rwa Netanyahu
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataye muri yombi abantu bagera kuri 200 kubera imyigaragambyo yo kwamagana Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, uri mu ruzinduko muri iki gihugu.
-
Minisitiri Mutimura yatahuye abarimu badashoboye basaba bagenzi babo kubigishiriza
25 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr. Mutimura Eugene yasuye Akarere ka Nyamasheke azenguruka muri bimwe mu bigo by’amashuri avuga ko yahasanze ibibazo byinshi kandi birimo iby’ingutu harimo kuba muri aka karere abana baho bakunze gukererwa ishuri ndetse abandi bakarivamo agakomeza, n’ ikibazo cy’abarimu badashoboye aho usanga umwarimu wigisha isomo ariko yagera hagati agasanga hari bimwe mu bice bigize iryo somo (Chapitre) atumva neza akajya gushaka undi mwarimu uyimwigishiriza.
-
Perezida Kagame na Madamu we bakingiwe Covid-19 [AMAFOTO]
11 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021,Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19 ku mugaragaro.
Kuri uyu munsi wa Gatandatu u Rwanda rutangiye ku mugaragaro ibikorwa byo gukingira icyorezo cya Covid-19 gikomeje koreka isi yose,Nyakubahwa Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19.
Aba banyacyubahiro bakingiriwe ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ku Kacyiru mu Mujyi wa Kigali.
Mu minsi ishize perezida Kagame yavuze ko ari iby’agaciro kuba (...) -
Inyeshyamba zarasiwe I Rubavu zashyinguwe
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestInyeshyamba bikekwa ko ari iza FDLR zagabye igitero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu zikaraswa n’ ingabo z’ u Rwanda zashyinguwe hafi yaho zarasiwe.
-
Ibibazo by’imbibi z’ubutaka biraba birangiye mu myaka ibiri - Dr. Uwamariya
16 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibidukikije Dr Uwamariya Valentine yemereye abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore ko mu gihe cy’imyaka ibiri ibibazo biri mu butaka bijyanye n’imbibi bizaba byakemutse.
-
VISIT RWANDA yasinye amasezerano yo gukorana n’ikipe ya Bayern Munich
27 August 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Iterambere rw’u Rwanda,RDB binyuze muri "VISIT RWANDA" rwamaze gusinyana amasezerano y’imikoranire na Bayern Munich kugira ngo imenyekanishe ubukerarugendo bw’u Rwanda mu gihe cy’imyaka itanu.
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
0 | ... | 3300 | 3310 | 3320 | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | 3370 | 3380 | ... | 3420