Minisitiri w’Umutekano, akaba Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD), Dr. Vincent Biruta, yabwiye abayoboke baryo ko u Rwanda rutazacika intege ku ntambwe zo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ubwo icyo gihugu cyo gikomeje kugenda biguru ntege ku byemeranyijwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Biruta yashimangiye ko u Rwanda rutazacika intege mu guharanira imibanire myiza na RDC
6 October 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi yo kurwanya ruswa
7 September 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Nzeri 2020,nibwo mu Rwanda hatangijwe umwaka w’ubucamanza wa 2020-2021, aho Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi ikomeye mu kurwanya ruswa kandi ntibabe inkomoko yayo.
-
FPR yemeje abakandida 70 bazayihagararira mu matora y’ abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, François Ngarambe, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida b’abadepite bazahagararira uyu muryango mu matora ateganyijwe muri Nzeri, barimo 70 bawukomokamo, abandi 10 bakaba abo mu mitwe ya politiki yifatanyije nayo.
-
Inama igamije gushyira mu bikorwa amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Uganda igiye guterana
31 August 2019, by Martin MunezeroNyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’aya masezerano yasinyiwe muri Angola n’abaperezida b’ibihugu byombi.
-
Imyanzuro 6 ikomeye yafatiwe mu nama ya 3 yiga ku masezerano ya Angola
15 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo I Kigali hateraniye inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe I Luanda muri Angola yiga ku kugarura umubano hagati y’ibihugu byombi.
-
Igisubizo Min.Nduhungirehe yahaye Umudepite w’u Bubiligi wagaragarije ishyari Ku Rwanda
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri Olivier Nduhungirehe yagaragarije Umudepite wo mu Bubiligi wanenze kuba u Rwanda rwarahawe kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare, ko yari akwiye mbere ya byose guterwa ishema no kuba Ababiligi benewabo bari kwitwara neza, bari no gufanwa n’abanyagihugu bagenzi babo mu Rwanda bishimiyemo, ati “ubundi unywe utuzi dushyushye biragenda neza.”
-
MINEDUC yahumurije abarimu bari bafite ubwoba bw’umushahara wabo inatangaza gahunda ikomeye yabateguriye
3 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahumuriza abarimu ba Leta batarimo gukora nk’uko bisanzwe kubera ihagarikwa ry’amashuri ryatewe na Covid-19, ko bazakomeza kubona umushahara wabo kugira ngo ukomeze kubafasha ndetse inemeza ko bagiye gutegurirwa amahugurwa abafasha kongera ubumenyi.
-
Ukraine yigambye kwica ingabo z’Abarusiya 400 mu gitero kimwe gusa
2 January 2023, by Dusingizimana RemyUkraine iravuga ko yishe abasirikare 400 b’Uburusiya mu gitero cya misire mu ntara bwigaruriye ya Donetsk.
Iyo misile yoherejwe ku nyubako yo mu mujyi wa Makiivka, aho ingabo z’Uburusiya byari bizwi ko ariho zikambitse.
Uwo mubare ntabwo urahinyuzwa. Abategetsi biyumvamo Uburusiya bemeye ko hari abakomeretse n’abapfuye, ariko ntibemeza imibare ivugwa.
Muri Kyiv, urwamo rw’ibitero rwumvikanye mu ijoro ryo ku cyumweru, mu gihe ibindi bitero by’indege na misile byakomezaga.
Daniil (…) -
Kayonza: Bafatanwe insinga za metero 46 zajyanaga umuriro mu ngo z’abaturage
12 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’abayobozi mu Nzego z’ibanze n’abaturage bafashe abantu 6 bakekwaho kwitwikira ijoro bagakata insinga zijyana umuriro mu ngo z’abaturage bakaziba. Bafashwe ku wa Kane taliki ya 9 Ukuboza, bafatanwa metero 46 z’insinga, bafatirwa mu Murenge wa Gahini, Akagari ka Kahi, Umudugudu wa Nyamiyaga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamduni Twizeyimana yavuze ko gufatwa kwa bariya bantu byaturutse ku (…) -
Umwe mu bayobozi b’ ishyaka Green Party yatawe muri yombi
28 October 2018, by Nsanzimana ErnestHabumugisha Vincent , uyobora ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije Democratic Green Party of Rwanda mu ntara y’uburengerazuba, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Ukwakira 2018.
Umuryango.rw
Minisitiri Biruta yashimangiye ko u Rwanda rutazacika intege mu guharanira imibanire myiza na RDC
Perezida Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi yo kurwanya ruswa
Igisubizo Min.Nduhungirehe yahaye Umudepite w’u Bubiligi wagaragarije ishyari Ku Rwanda
Ukraine yigambye kwica ingabo z’Abarusiya 400 mu gitero kimwe gusa
Kayonza: Bafatanwe insinga za metero 46 zajyanaga umuriro mu ngo z’abaturage