Igisirikare cy’U Rwanda cyarashe ku ndege Sukhoi-25 y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ubwo yinjiraga mu kirere cy’U Rwanda mu Karere ka Rubavu, amashusho yerekanye iyi ndege iri kuzimirizwa i Goma.
Ahagana Saa Kumi n’Imwe z’Umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amashusho y’iyi ndege iri kwaka umuriro ku ibaba ry’iburyo.
Amafoto yashyizwe hanze yagaragaje iyi ndege yatobaguwe n’amasasu ku ruhande rumwe ndetse iri gushya ku ibaba (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwarashe indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cyarwo
24 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Sassou Nguesso yasoje uruzinduko rw’iminsi 3 yari yaragiriye mu Rwanda
23 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Congo Brazzaville, Denis Sassou Nguesso yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, rusize ibihugu byombi byaguye umubano.
Ni uruzinduko yatangiye kuwa Gatanu tariki 21 Gicurasi, ubwo yakirwaga ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kanombe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.
Uruzinduko rwa Nguesso yarusoje kuri iki Cyumweru aho yaherekejwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Perezida Kagame, ndetse na bamwe mu bagize Guverinoma. Uruzinduko rwa Perezida (...) -
Pierre Buyoya wayoboye U Burundi imyaka 13 yapfuye bivugwa ko yahitanwe na Coronavirus
18 December 2020, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Perezida w’u Burundi,Petero Buyoya, wabuyoboye incuro ebyiri kuva mu 1987 kugeza mu mwaka wa1993, no kuva mu 1996 kugeza mu mwaka 2003 yapfuye aho bivugwa ko yahitanwe n’icyorezo cya Covid-19.
-
Minisitiri Biruta yavuze byimbitse ku bibazo biri mu mubano w’u Rwanda na RDC
26 January 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Biruta Vincent,yagaragaje birambuye imiterere y’ikibazo cy’umubano w’u Rwanda na RDC ukomeje kuba mubi amanywa na nijoro.
Ubwo yagezaga ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite uko umubano w’u Rwanda n’ibihugu byo mu karere wifashe,Minisitiri Biryta yashimangiye ko uwa Kongo wifashe nabi kubera ko iki gihugu kidakemura ibibazo byacyo kikabisunikira ku Rwanda.
Minisitiri Dr Biruta Vincent yavuze ko umubano w’u Rwanda n’amahanga by’umwihariko ibihugu (...) -
Rubavu: RIB yataye muri yombi abakozi b’Akarere bane kubera kunanirwa gucunga neza umutungo wa rubanda
22 October 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abakozi bane b’akarere ka Rubavu barimo Umujyanama w’Umuyobozi w’akarere, umukozi ushinzwe Ubuyobozi n’Abakozi, ushinzwe imibereho myiza y’abaturage n’ushinzwe imicungire y’ibiza muri aka karere.
-
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’umukuru wa UN ku kibazo cya DR Congo
31 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko yagiranye ikiganiro "cyiza" (kuri telefone) n’umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterres ku kibazo cyo mu burasirazuba bwa DR Congo, ahakomeje imirwano hagati y’ingabo za leta n’umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Mu butumwa yatangaje kuri Twitter mu ijoro ryo ku cyumweru, Kagame yavuze ko "uburyo n’ubushobozi bwo guhosha ...no gucyemura ibibazo ngo hagerwe ku musozo unyuze mu mahoro ari ahacu ho kubakira ku muhate w’i Nairobi, Luanda n’undi muhate w’amahanga!" (...) -
"Nibiba ngombwa hazakoreshwa itegeko"-Leta ibwira abanze kwimuka muri Bannyahe
9 September 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yatangaje ko abaturage bazakomeza kwinangira banga kwimuka ku bw’ibikorwa by’inyungu rusange, izitabaza ingufu.
Muri abo harimo abasanzwe batuye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali. Byavuzwe n’uwungirije umuvugizi wa leta y’u Rwanda, Bwana Alain Mukurarinda.
Ibiganiro akarere ka Gasabo kongeye kugirana n’abatuye ako gace byaranzwe n’ubwumvikane buke, nk’uko byagiye bigenda mu bihe byabanje ku bagiye basimburana kuri iki kibazo.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo Madamu (...) -
J.Kagame arashyikirizwa igihembo cy’umuyobozi w’indashyikirwa
17 November 2017, by Iyamuremye JanvierMadame wa Perezida wa Republika Jeannette KAGAME ari ku rutonde rw’abatoranyijwe ngo bahabwe ibihembo byiswe ’The Voice Achievers Awards’, bitangirwa i Amsterdam mu Buholandi.
Jeannette Kagame yagenewe igihembo cy’umudamu w’umuyobozi muri Afrika wabaye indashyikirwa muri uyu mwaka, akanagaragaza ubutwari, mu cyongereza ni ’African Woman Personality Of The Year’ and African Heroine Award. Ni igihembo yahawe n’ikinyamakuru the voice cy’Abanyafurika gikorera mu Buholandi ariko cyandika ku nkuru zo (...) -
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Amavubi, Torsten Spittler amaze gushyira hanze urutonde rw’Abakinnyi azifashisha yitegura umukino w’ishiraniro azahanganamo LIBYA.
-
Aurore Mimosa yagizwe Ambasaderi, Uwase Patricie ahabwa RCI: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
19 October 2024, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yagize Aurore Mimosa Munyangaju, wabaye Minisitiri wa Siporo, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwami bwa Luxembourg, mu gihe Uwase Patricie wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Rwanda Cooperation Initiative (RCI).
0 | ... | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | 3370 | 3380 | 3390 | 3400 | 3410 | 3420