Ibiro bya perezida wa Congo Brazzaville byatangaje ko Perezida Denis Sassou-N’Guesso kuwa gatatu yakiriye minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Vincent Biruta azanye ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
Ibikubiye muri ubu butumwa ntibyatangajwe kugeza ubu.
Sassou-N’Guesso, umuturanyi wa hafi wa Tshisekedi, ni umwe mu bategetsi bo mu karere bagiye berekana ubushake mu gukemura amakimbirane mu karere.
Muri iyi minsi umwuka mubi hagati y’u Rwanda na DR Congo ugeze habi, cyane nyuma (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Sassou-N’Guesso wa Congo
26 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yaburiye amahanga ko ntawe uzongera Gupfukamisha Abanyarwanda
16 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko ibyo Abanyarwanda baciyemo mu myaka 30 ishize byabasigiye amasomo k’uburyo ntawe bazomerera kongera kubapfukamisha.
-
"Nkeka ko ababikoze bashatse gutubura amafaranga gusa"-Perezida Kagame avuga ku muvuduko wo mU muhanda na Camera
19 November 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTIbi Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yabitangaje ubwo yitabiraga umuhango wo guhemba abitwaye neza mu gutanga imisoro n’amahoro. Ubwo yarasoje ijambo rye, yavuze ko atasoza atavuze ku bimaze iminsi bivugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga bijyanye n’umuvuduko wo mu muhanda, ibyapa ndetse na Camera zitavugwaho rumwe.
-
Ndabasezeranya ko iki cyizere kitazaraza amasinde - Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva, nyuma yo kurahira
25 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yijeje ko mu nshingano agiye gutangira azaharanira gukorera mu mucyo no kwita ku bibazo by’abaturage, ndetse avuga ko icyizere yagiriwe n’Umukuru w’Igihugu kitazara amasinde.
-
Perezida Kagame yijeje ubufatanye Dr. Netumbo watorewe kuyobora Namibia
4 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimye Dr. Netumbo Ndemupelila Nandi-Ndaitwah ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Namibia, amwizeza ko u Rwanda rwiteguye gukomeza ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi.
-
Depite Dr Habineza Frank yasabye RURA kugabanya ibiciro by’ingendo mu kurengera rubanda
18 October 2020, by Dusingizimana RemyUmudepite akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda), Dr Habineza Frank, yatangaje ko anenga RURA mu kugena ibiciro by’ingendo, aho avuga ko yabogamiye ku bashoramari aho kureba ku nyungu z’abagenzi.
-
"Gutora FPR n’umukandida wayo nicyo bivuze, ayo mateka mabi ntazasubira"-Kagame
27 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame,umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yakomereje ibikorwa byo kwamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, mu karere ka Huye kuri uyu wa 27 Kamena 2023.
-
Bazubaka ibibuga by’umupira ! Menya ibikubiye mu masezerano u Rwanda n’Uburusiya byagiranye
28 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROU Rwanda n’Uburusiya byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umuco na sport. Uburusiya kandi binyuze muri aya masezerano buzafasha u Rwanda kubaka ibikirwaremezo by’imikino, nk’ibibuga.
Aya masezerano yashyizweho umukono n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh, ku ruhande rw’u Rwanda mu gihe u Burusiya bwari buhagarariwe na Minisitiri wa Siporo, Oleg Matytsin. Ubufatanye bw’u (…) -
Urukiko rwategetse ko amafaranga ari kuri konti z’umugore wa Vital Kamerhe afatirwa
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rukuru rwa Gombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwategetse ko amafaranga ari kuri konti za Banki z’abarimo umugore wa Vital Kamerhe usanzwe ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko afatirwa.
-
I Goma: Abaturage barashaka ko Tshisekedi ava ku butegetsi
1 February 2025, by Joseph IradukundaAbatuye umujyi wa Goma n’impunzi zahunze imirwano yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo bamagana Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, bamushinja intege nke kuko yananiwe gukemura ibibazo byabo no kubarindira umutekano.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Sassou-N’Guesso wa Congo
Perezida Kagame yaburiye amahanga ko ntawe uzongera Gupfukamisha Abanyarwanda
"Nkeka ko ababikoze bashatse gutubura amafaranga gusa"-Perezida Kagame avuga ku muvuduko wo mU muhanda na Camera
Ndabasezeranya ko iki cyizere kitazaraza amasinde - Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva, nyuma yo kurahira
Perezida Kagame yijeje ubufatanye Dr. Netumbo watorewe kuyobora Namibia
"Gutora FPR n’umukandida wayo nicyo bivuze, ayo mateka mabi ntazasubira"-Kagame
Bazubaka ibibuga by’umupira ! Menya ibikubiye mu masezerano u Rwanda n’Uburusiya byagiranye
Urukiko rwategetse ko amafaranga ari kuri konti z’umugore wa Vital Kamerhe afatirwa
I Goma: Abaturage barashaka ko Tshisekedi ava ku butegetsi