Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina washinze umuryango wa MRCD (Rwandan Movement for Democratic Change),ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Paul Rusesabagina washinze MRCD igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda yafashwe
31 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Amavubi yiyongereye amahirwe yo kubona itike ya AFCON 2022 nyuma yo gutsinda Mozambike
24 March 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yatsinze Mozambike igitego 1-0 cya Byiringiro Lague agaruka mu rugamba rwo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2021, cyane ko asabwa gutsinda Cameroon akabigeraho.
-
Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga na kaminuza yo muri Koreya
5 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro mu bijyanye n’Imiyoborere Rusange "Public Policy and Management’’ muri Yonsei University.
-
Inama yari guhuza abaminisitiri bo muri EAC-SADC ntiyabaye
1 March, by Joseph IradukundaInama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yari iteganyijwe ku wa 28 Gashyantare 2025, yarasubitswe.
-
U Rwanda rwahagarariwe mu nama ya Loni yiga ku mahoro mu Budage
14 May, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Rwanda yahagarariwe mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yo ku rwego rwa ba Minisitiri irimo kubera i Berlin mu Budage, yiga ku ibikorwa byo kubungabunga amahoro (UN Peacekeeping Ministerial 2025).
-
Indege y’intambara ya RDC yavogereye ikirere cy’ u Rwanda
7 November 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko indege y’intambara ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda, ndetse igwa umwanya muto ku kibuga cy’indege cya Rubavu, mu Ntara y’Iburengerazuba.
Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko iyi ndege yaguye ku kibuga cya Rubavu saa tanu na makumyabiri za mu gitondo ihita ihaguruka isubira aho yaturutse.
Rivuga ko nta gikorwa cya Gisirikare ingabo z’u Rwanda zakoze mu gusubiza kuko iyi ndege yasubiyeyo (...) -
Ben Rutabana wari waraburiwe irengero amaze ukwezi mu gihugu cya Uganda
19 October 2019, by Martin MunezeroAmakuru mashya yagiye hanze, ahamya ko Ben Rutabana ari muri Uganda kuva mu gihe gishize kirenga ukwezi, nyuma yo kuburirwa irengero bigatuma umuryango we ukomeza gutabaza, ukanandika ibaruwa usaba RNC kumurekura cyangwa ukavuga ibyo umurega.
-
‘Ikiriyo cyabaye ikibazo mu miryango imwe n’ imwe’
8 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’ umuryango w’ abayisilamu mu Rwanda, RMC, akaba n’ umuyobozi w’ abayisilamu mu mugi wa Kigali Sheikh Musa Sindayigaya asanga Abanyarwanda bakwiye kwigisha gudasesagura igihe bagize ibyago byo gupfusha.
Uyu mushehe yabikomojeho ubwo yari mu nama yahuje abanyamadini n’ inzego za Leta hagamijwe kwiga no gushakirwa umuti ibibazo biri mu miryango.
Minisitiri w’ umuco na Siporo Uwacu Julienne yagaragaje ko Abanyarwanda bakwiye kwirinda gusesagura igihe bagize birori nk’ ubukwe n’ ibindi. (...) -
Perezida wa Rayon Sports yahishuye akayabo gakenewe kugira ngo Bisi y’ikipe irekurwe
24 February 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwatangaje ko imodoka yikipe yafatiriwe ndetse ubu iparitse ku akagera aho hakenewe 62,000,000 FRW yo kuyigombora bitakunda igatezwa cyamunara.
-
Umusoro w’ubutaka winubiwe na benshi mu Banyarwanda wakuweho
16 March 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana,yabwiye RBA ko impinduka zari zabayeho ku musoro w’ubutaka zibaye zikuweho, abantu bakazakomeza gusora uko bari babikoze muri 2019.
0 | ... | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | 3370 | 3380 | 3390 | 3400 | 3410 | 3420