Leta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi hagati ya Afurika na Amerika azwi nka AGOA.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Intambara y’ Ubucuruzi Amerika yashoje ku Rwanda, u Rwanda rumaze iminsi rwitegura kuyirwana
1 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rutsiro FC na Gorilla FC zazamutse mu cyiciro cya mbere mu buryo bugoranye
18 November 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu nibwo hamenyekanye amakipe 2 yazamutse mu cyiciro cya mbere gusimbura Gucumbi FC na Heroes zamanutse ariyo Rutsiro FC na Gorilla FC zose zazamutse hitabajwe penaliti.
-
Hari ababyara ariko bakibwa impinja! Abana bo k’umuhanda bahishuye ikindi kibazo bahura nacyo
25 August 2022, by ISHIMWE JANEBamwe mu bana bo ku muhanda b’abakobwa bo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko hari ababyara ariko ntibarere kuko hari abaza bakabiba impinja, bagakeka ko bikorwa n’ababa barabuze urubyaro cyangwa abajya kubagurisha.
-
Kicukiro: Umujyi wa Kigali ugiye gukora inzira zihariye z’abakora siporo n’abanyamaguru
27 October 2023, by Dusingizimana RemyHirya no hino mu Mujyi wa Kigali hakomeje kubakwa ibikorwa remezo bifasha abatuye uyu mujyi kubona ahantu heza ho gukorera siporo.
-
’Igihugu kiri hafi guturika kubera intambara’ – Kabila yavuze nyuma y’imyaka itanu ’acecetse’
24 February 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’imyaka igera kuri itanu ubwe atagaragara cyane muri politike n’itangazamakuru, Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo yatangaje ko iki gihugu "kiri hafi guturika kubera intambara y’imbere" avuga ko ishobora no guhungabanya akarere kose.
-
Kwibwira ko kuba wanga Kagame wamuhindura ugashyiraho uwo ushaka ntibishoboka-Perezida Kagame
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yasozaga inama ya Africa CEO Forum,nyakubahwa perezida Kagame yabwiye abari bayitabiriye ko Afrika igomba guharanira guhora ikora neza ndetse igafatanya muri byose ndetse aboneraho guha ubutumwa abamwanga ko uretse abanyarwanda bamushyize ku butegetsi nta muntu wundi wabumukuraho.
-
RIB yatangiye guhiga abayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bwo kwiba abakoresha MOMO
20 August 2024, by EmmyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruri gushakisha abantu bamaze iminsi bakwirakwiza ubutumwa bugamije kwiba abakoresha serivisi za Mobile Money mu izina ryarwo kugira ngo bahanwe.
-
Leta y‘ u Rwanda yamaganye ibivugwa ako yasinyanye na Israel amasezerano mu ibanga
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Mutarama 2018 nibwo iyo nkuru y’ uko u Rwanda rwasinyanye na Israel amasezerano areba abimukira bagomba kuza muri Afurika by’ umwihariko Uganda n’ u Rwanda yakwirakwijwe mu binyamamakuru.
Ikinyamakuru Haaretz cyatangaje ko urwego rushinzwe abimukira rwatangiye kumenyesha abari (…) -
Abantu 9 ni bo bishwe n’ibisasu byarashwe ku butaka bw’u Rwanda
28 January 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda, birashwe n’ingabo za Congo , byishe abantu icyenda bo mu karere ka Rubavu.
-
Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo
6 January 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateranye amagambo n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
Umuryango.rw
Hari ababyara ariko bakibwa impinja! Abana bo k’umuhanda bahishuye ikindi kibazo bahura nacyo
Kicukiro: Umujyi wa Kigali ugiye gukora inzira zihariye z’abakora siporo n’abanyamaguru
’Igihugu kiri hafi guturika kubera intambara’ – Kabila yavuze nyuma y’imyaka itanu ’acecetse’
RIB yatangiye guhiga abayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bwo kwiba abakoresha MOMO
Abantu 9 ni bo bishwe n’ibisasu byarashwe ku butaka bw’u Rwanda
Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo