Umuyobozi w’ itorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki avuga ko yakuranye inzozi zo kuzasiga inkuru nziza nubwo yavutse mu muryango ufite amateka atari meza. Ibi ngo nibyo byatumye yanga gukina filime muri Amerika ubwo bari babimusabye anabona ko bizamwinjiriza amafaranga menshi.
Bamporiki avuga ko yageze I Kigali akabwira abantu ko azaba umuyobozi, abo bantu kuko bari bazi aho avuka bakabipinga. Gusa ngo kuba abo bantu baranze kwemera ibyo ababwiye ntabwo byamuciye intege kuko yari afite (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
UBUHAMYA: Bamporiki yanze gukina filime muri Hollywood kubera inzozi yabyirukanye
20 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yashimiye umuherwe Jack Ma wahaye u Rwanda ibikoresho birufasha guhangana na Coronavirus
21 March 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashimiye umuherwe w’Umushinwa, Jack Ma kubera ubufasha bw’ibikoresho bifasha guhangana na Coronavirus yahaye u Rwanda n’ibindi bihugu bitandukanye.
-
M23 iraburira intambara yeruye Nyuma y’imirwano “ikomeye cyane” yo ku wa kane
13 September 2024, by Joseph IradukundaImirwano yumvikanye “hafi umunsi wose” ku wa kane mu gace kegereye umujyi wa Goma hagati y’umutwe wa M23 n’uruhande rw’ingabo za leta, imirwano abo muri ako gace bavuga ko yari ikomeye ku buryo butaherukaga.
-
MINALOC ntiyemeranya n’abita kwegura kw’Abayobozi bananiwe inshingano ‘Tour du Rwanda’
1 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, byavuye ku mpamvu zabo bwite ariko bamaze kubona ko badaha serivisi nziza abaturage, harimo no kuzigurisha, nubwo ngo atari inkubiri yiswe ‘Tour du Rwanda’ itangiye.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
10 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yishimiye kongera guhura n’abo bahoze bigana mu mashuri yisumbuye mu Burundi kuri Lycee Clarte Notre Dame [ubu cyitwa Lycee Vugizo] mu myaka ya 1977-1978.
-
U Rwanda rwamaganye ibirego bya RDC by’uko yafatiye ku butaka bwayo abasirikare 2 ba RDF
29 March 2022, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwamaganye ibirego byatangajwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishinja abasirikare barwo kugaba igitero mu duce twa Tchanzu na Runyoni muri Rutshuru.
Itangazo ryashyizweho umukono na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko François, rivuga ko Ingabo z’u Rwanda zitigeze zijya muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Rigakomeza rivuga ko itangazo ry’Umuvugizi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’inkuru zatangajwe n’ibinyamakuru bivuga ko hari (...) -
Kamonyi: Abahinzi bishimiye ko batazongera kweza ibigori bakabigurisha bahomba
28 November 2023Abanyamuryango ba Koperative COAMALEKA yo mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama bishimiye ko umufatanyabikorwa wabo SAEMAUL wo muri Koreya y’Epfo yabubakiye ubuhunikiro bunini ubu bakaba batazongera kugurisha bahomba umusaruro wabo w’ibigori ahubwo bazajya bawubika bagategereza igihe isoko rimeze neza.
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abarimu ku munsi wabo
2 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abarimu ku munsi wabahariwe ko Guverinoma y’u Rwanda ibashyigikiye ariyo mpamvu bitwa abarezi b’u Rwanda.
Ubwo yagezaga ijambo ku bihumbi by’abarimu bari bateraniye muri BK Arena,bitabiriye ibirori byo kwizihirizwa umunsi mpuzamahanga wa mwarimu, Minisitiri w’Intebe Édouard Ngirente,yavuze ko Perezida wa Repubulika yamubwiye ko ababwira ko "Guverinoma y’u Rwanda ishyigikiye byimazeyo umwuga mukora".
Yagize ati "Mu izina rya Perezida wa Repubulika ndagira ngo mbabwire (...) -
Abavuye mu mashyamba ya RDC bihaye umukoro nyuma y’inkunga bahawe na Leta y’u Rwanda
23 February 2023, by Dusingizimana RemyAbarangije amasomo mu kigo cya mutobo gihugurirwamo abahoze ari abasirikare mbere y’uko basubizwa mu buzima busanzwe bavuze ko bagiye kwitwara neza ku isoko ry’umurimo nyuma yo guhabwa ibikoresho na Guverinoma y’u Rwanda.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gashyantare 2023 nibwo Leta y’u Rwanda yahaye abasaga 500 bize mu cyiciro cya 67 cy’abahoze ari abasirikare baturutse muri RDC ibikoresho byo kubafasha mu myuga bigiye muri iki kigo cya Mutobo.
Iki kigo kirimo amashami y’imyuga 7 arimo (...) -
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira barenga 130 baturutse muri Libya
24 April, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya 21 cy’impunzi n’abimukira 137 baturutse muri Libya, basaba ubuhungiro.
0 | ... | 3310 | 3320 | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | 3370 | 3380 | 3390 | ... | 3420