Perezida Kagame yihanganishije igihugu cya Tanzania kubera ibyago cyagize byo gupfusha uwahoze ari Perezida wacyo Benjamin William Mkapa ku munsi w’ejo tariki ya 23 Nyakanga 2020.Yavuze ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye kuri Afurika yose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yihanganishije Tanzania yabuze uwahoze ari Perezida wayo Mkapa
24 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yazamuye mu mapeti abayobozi bo muri Polisi y’u Rwanda no muri RCS
25 April 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yazamuye mu ntera abayobozi bakuru muri polisi y’u Rwanda no mu rwego rw’igihugu rushinzwe amagereza.
Abazamuwe ni:
Umuyobozi wungirije wa Polisi y’Igihugu ushinzwe Ubutegetsi n’Imari Chantal Ujeneza yahawe ipeti rya Deputy Commissioner General (DCG) mu gihe Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa CP Felix Namuhoranye yahawe ipeti rya Deputy Commissioner General (DCG) muri Polisi y’u Rwanda.
Mu mwaka wa 2018 nibwo Dan Munyuza yagizwe Umuyobozi Mukuru (…) -
Rayon Sports yujuje umukino wa 19 idatsindwa ishyikirizwa igikombe na miliyoni 32 FRW [AMAFOTO]
1 June 2019, by Dusingizimana RemyImbere y’abakunzi bayo bari mu byishimo byinshi kuri stade Amahoro I Remera,Rayon Sports yatsinze Marines FC ibitego 3-0 mu gice cya mbere,yuzuza imikino 19 yikurikiranya idatsindwa ndetse ishyikirizwa igikombe cya miliyoni 32 FRW.
-
US: Biden arasatira intsinzi mu gihe Donald Trump yiyemeje kuregera urukiko rw’ikirenga ko yibwe amajwi
5 November 2020, by Dusingizimana RemyUmukandida w’abademokarate Joe Biden yavuze ko arimo gutsinda muri leta zihagije kuburyo yizeye gutsindira kuba perezida w’Amerika, nubwo hakiri ibyavuye mu matora by’ingenzi bitaratangazwa.
-
Igisasu gikomeye cyatewe ku ishuri ryo mu mujyi wa Goma
2 February 2024, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 02 Gashyantare 2024,igisasu cyatewe ku ishuri ribanza i Mugunga,abantu benshi biganjemo abanyeshuri barakomereka.Amakuru aravuga ko cyahitanye umuntu umwe abandi babiri barakomereka.
-
Abanyarwanda babuze imitungo yabo nibakomere nta nzara izabica- Minisitiri Shyaka
8 May 2020, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane w’iki cyumweru, yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu 72,isenya amazu n’ibiraro ndetse irengera imyaka myinshi y’abaturage.
-
Hashyizwe ku karubanda imyirondoro y’abantu banze kwitaba Polisi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
6 January 2021, by Martin MunezeroMu gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwanda bwa Coronavirus gusa hari abatwara ibinyabiziga batabyubahirije bangana 209.
-
U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 21 Mata 2025 U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’amahugurwa mu bya Dipolomasi
-
M23 yahishuye umugambi Tshisekedi yari afite mbere yo guhura na Kagame
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuByari biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari guhurira na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Luanda muri Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024, kugira ngo bashyire umukono ku masezerano y’amahoro, ariko ntibyakunze bitewe n’uko Guverinoma ya RDC yanze kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23 kandi yari yarabyemeye.
-
Babiri bakurikiranyweho gusakaza amashusho ya Yampano n’umukunzi we batera akabariro
17 November 2025, by Brenda MIZEROUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Ishimwe Patrick, umunyarwenya wamamaye nka ‘Pazzo Man’ ndetse na Kalisa John [K. John] wamamaye mu kumenyekanisha ibihangano by’abahanzi, bakurikiranyweho gusakaza amashusho y’iminota 10’ ya Yampano n’umukunzi we bari gutera akabariro.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yihanganishije Tanzania yabuze uwahoze ari Perezida wayo Mkapa
Igisasu gikomeye cyatewe ku ishuri ryo mu mujyi wa Goma
U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
M23 yahishuye umugambi Tshisekedi yari afite mbere yo guhura na Kagame
Babiri bakurikiranyweho gusakaza amashusho ya Yampano n’umukunzi we batera akabariro