Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata 2020, mu Rwanda habonetsemo abarwayi 2 ba COVID19 mu bipimo 664 byafashwe. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko abanduye iki cyorezo ari 138 (harimo abakize 60. Muri bo 6 bakize mu masaha 24 ashize). Abakirwaye ni 78.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umubare w’abakize Coronavirus mu Rwanda wageze ku bantu 60 haboneka 2 bashya bayanduye
16 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Meteo Rwanda yaburiye Abanyarwanda kwitegura imvura idasanzwe irimo umuyaga mwinshi muri iyi minsi
17 April 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje ko nyuma y’imvura nyinshi cyane yaraye iguye I Kigali no mu bindi bice bitandukanye,hagiye kugwa imvura nyinshi cyane yivanze n’umuyaga mwinshi hirya no hino mu gihugu guhera kuri uyu wa 17 kugeza kuwa 20 Mata 2020.
-
Kamala Harris ashyigikiye ko Israel ikomeza kwirwanaho mu ntambara na Hamas
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKamala Harris Vis Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahamya ko atazigera aceceka ku kibazo kiri hagati ya Israel na Hamas, ariko akaba ashyigikira ko iki gihugu Netanyahu abereye Minisitiri w’Intebe gifite uburenganzira bwo kwirwanaho.
-
Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda babaye 60...Kuri uyu wa Gatandatu habonetse 6
28 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2020, mu Rwanda habonetse abandi bantu batandatu banduye Coronavirus, bituma umubare w’abamaze kuyandura ugera kuri 60.
-
Abo kwa Rwigara bahakanye ibyaha baregwa
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara na mama wabo Adeline Mukangemanyi Rwigara bahakanye ibyaha baregwa.
Kuri uru wa Gatatu tariki 11 Ukwakira 2017 nibwo ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge I Nyamirambo, abaregwa bongeye kugezwa imbere y’ urukiko baburanishwa ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo. Umucamanza yatangiye abaza abaregwa niba bemera ibyaha baregwa bose uko ari batatu barabihakana.
Diane Rwigara yabwiye urukiko ko bakeneye undi mwuganizi bitewe n’ uko dosiye ari ndende bityo (...) -
Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye
2 December 2023Umunyapolitike Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu 1994 kugeza yeguye mu 1995,yapfuye afite imyaka 78 y’amavuko
-
Perezida Kagame yibukije abayobozi ko kwiyoroshya ari ibintu bibongerera agaciro
17 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yabwiye abayobozi batandukanye bari bitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango Unity Club Intwararumuri umaze ushinzwe ko Kwiyoroshya ntacyo bitwaye kuko aribyo bituma abaturage babiyumvamo.
-
Ibyemezo by’ inama y’ Abaminisitiri yo ku wa 1 Kamena, abayobozi bakoze amakosa akomeye birukanywe burundu
2 June 2018, by Nsanzimana ErnestInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 01 Kamena 2018, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
-
Madamu Jeannette Kagame ari mu bitabiriye siporo rusange[AMAFOTO]
1 December 2019, by Martin MunezeroMadamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali n’abitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Cyorezo cya Sida n’Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri Afurika, ICASA, mu munsi wahariwe Siporo rusange uzwi nka ‘Car Free Day’.
-
Abanyeshuri bo muri Lycee de Kigali bigaragambije
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 bamwe mu banyeshuri 400 biga baba mu kigo cya Lycee de Kigali bigaragambije babaza ubuyobozi bw’ ikigo impamvu butakibagaburira inyama n’ imigati. Aba banyeshuri banze gusohoka mu cyumba bararamo (Dortoir) bakingira imbere bakoresheje ingufuri biguriye.
Umuyobozi ubashinzwe yageze kuri dortoir agiye kubabaza impamvu banze gusohoka bamubwira ko bashaka kuvugana n’ umuyobozi w’ ikigo ku kibazo cyo kuba basigaye bagaburirwa nabi.
Nk’ (...)
0 | ... | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | 3320 | 3330 | 3340 | 3350 | ... | 3420