Padiri Sibomana Venuste wo muri Paruwasi ya Magi muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Werurwe 2019 ubwo yari muri siporo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Padiri Sibomana Venuste yapfuye ari gukora siporo
12 March 2019, by Dusingizimana Remy -
Kwa Rwigara banditse bavuga ko ise yishwe na Leta, ngo hari Jenoside imbere aha, Adeline ngo ni ikihebe
16 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 16 Ukwakira 2017 Diane Rwigara,Anne Rwiagara n’ umubyeyi wabo ,Adeline Rwigara ku nshuro ya gatanu bongeye kugezwa imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu munsi wo kuwa mbere igipolisi cyongereye ingufu bigaragara cyateye ibirindiro mu marembo yombi yinjira mu rukiko umuntu wese winjira kikamusaka cyarangiza kikamwaka ibyangombwa bye bakandika imyirondoro.
Saa mbili n’igice bari bagejejwe mu cyumba cy’iburanisha. Kuri iyi nshuro (…) -
Perezida Kagame na Katalin wa Hongiriya barifuza ko intambara muri Ukraine ihagarara
16 July 2023, by Joseph IradukundaKuri iki cyumweru Perezida wa Hongiriya KATALIN Novak yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2 mu Rwanda.
-
Kenya: Urukiko ruratangaza umwanzuro ku mpaka za Ruto na Raila
5 September 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ikirenga rwa Kenya uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku birego byatanzwe ku matora ya perezida yo mu kwezi gushize.
Kuwa gatanu, abacamanza barindwi b’uru rukiko bagiye kwiherera kugira ngo bafate umwanzuro wabo nyuma y’iminsi itatu bumva impande zareze n’izarezwe.
Raila Odinga – umukandida watsinzwe – avuga ko amatora yabayemo uburiganya hifashishijwe ikoranabuhanga ngo bigeze ku nstinzi mukeba we William Ruto.
Abanyamategeko ba Ruto n’aba komisiyo y’amatora bahakanye (…) -
RDC yahagaritse ingendo za Rwandair ku butaka bwayo kubera urwikekwe ifite ku Rwanda
28 May 2022, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo cyemeje ko u Rwanda rushyigikiye inyeshyamba za M23, gifata umwanzuro wo guhagarika ingendo za Rwandair zerekeza mu gihugu cyabo.
Uyu mwanzuro kandi wemejwe n’akanama gakuru ka RDC gashinzwe umutekano.
Perezida wa Repubulika, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo,kuri uyu wa gatanu yayoboye inama Nkuru y’umutekano I Kinshasa.
Muri iyi nama hafashwe imyanzuro myinshi,irimo uwemeza ku mugaragaro ko umutwe wa M23 ari uwiterabwoba nkuko (…) -
Perezida Kagame yongeye kwibutsa Polisi y’u Rwanda inshingano ikomeye ifite
24 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye Polisi y’u Rwanda ko igomba kuzuza inshingano zayo no gushyira imbere abaturage bakorera kugira ngo ibyo babatezeho bibashe kugerwaho.
Ibi Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Gashyantare 2023 Ubwo yakiraga indaho z’Umuyobozi mushya wa Polisi y’u Rwanda, DCG Felix Namuhoranye ndetse n’umwungirije, CP Vincent Sano,muri Village Urugwiro.
Muri uyu muhango,Perezida Kagame yabasabye guharanira imikoranire myiza no gushyira imbere abaturage kugira (…) -
Hamenyekanye impamvu Ingabo z’u Rwanda n’izo mu bindi bihugu bya EAC zahuriye mu myitozo muri Uganda
4 June 2022, by Dusingizimana RemyIngabo na Polisi ndetse na bamwe mu basivile baturutse mu bihugu bitandatu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) batangiye imyitozo iri kubera muri Uganda igamije guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere.
Iyi myitozo yiswe “Ushirikiano Imara” ifite insanganyamatsiko igira iyi Promoting Peace, Security and Stability towards the East African Community Integration”, n’ukuvuga “Guteza imbere Amahoro, Umutekano n’ituze rirambye mu mikoranire y’Umuryango wa Afurika (…) -
Nyirasafari, Mukabalisa, Nsanzabaganwa na Rose Mary Mbabazi bagiriye inama abasore n’ inkumi [AMAFOTO]
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestMu Kinyarwanda baravuga ngo, “Ugira umugira inama aba agira Imana”, hari byinshi mwigira kuri twe dushinzwe kubagira inama, aya ni amagambo yavuzwe na Perezida w’ umutwe w’ abadepite akaba n’ umwe mu bahaye impanuro urubyiruko mu kiganiro cyabereye mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda.
-
NURC yafashe umwanzuro udasanzwe uzayifasha kwihutisha ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda
23 September 2019, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge [NURC] yafashe umwanzuro wo gushing muri buri mudugudu ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge rizafasha kugira ngo igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigere kuri 96 ku ijana mu mwaka wa 2024.
-
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika
7 July 2023, by Joseph IradukundaAbategura Inama Mpuzamahanga yiga ikanashakira umuti imbogamizi abagore bagihura nazo (Women Deliver Conference), batangaza ko kuba iy’uyu mwaka izabera mu Rwanda byashingiye ku gaciro ruha umugore.
Ni inama igiye kubera bwa mbere ku mugabane wa Afurika, abazayitabira bakaba bazateranira i Kigali ku matariki 17-20 Nyakanga 2023.
Iyi nama ihuriza hamwe abantu b’ingeri zinyuranye ku Isi yose, kugira ngo baganire ku mbogamizi abagore bagihura nazo hagamijwe gushaka ibisubizo bifatika, mu (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame na Katalin wa Hongiriya barifuza ko intambara muri Ukraine ihagarara
Kenya: Urukiko ruratangaza umwanzuro ku mpaka za Ruto na Raila
RDC yahagaritse ingendo za Rwandair ku butaka bwayo kubera urwikekwe ifite ku Rwanda
Perezida Kagame yongeye kwibutsa Polisi y’u Rwanda inshingano ikomeye ifite
Hamenyekanye impamvu Ingabo z’u Rwanda n’izo mu bindi bihugu bya EAC zahuriye mu myitozo muri Uganda
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika