Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yabajijwe n’umwe mu bayobozi b’u Rwanda ku kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo utera imbogamizi ku ishoramari maze amusubiza ko ‘ikibazo cy’umutekano mu karere k’ibiyaga bigari kitwa u Rwanda’.
Hari mu nama ngarukamwaka ya World Economic Forum iteraniye i Davos mu Busuwisi, mu kiganiro kibanze ku “Ibikorwaremezo ku bukungu bw’ingufu zitangiza ikirere” cyabaye kuwa kabiri, Perezida Tshisekedi yari umwe mu batumirwa bacyo.
Icyo kiganiro kigana ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
‘Ikibazo cy’umutekano mu karere cyitwa u Rwanda’ -Perezida Tshisekedi
18 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Debonheur wasimbujwe Minisitiri Kamayirese ngo Perezida Kagame aracyamufitiye icyizere
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestDebonheur Jean d’ Arc wari Minisitiri w’ Ibiza no gucyura impunzi yavuze ko Minisitiri Germaine Kamayirese wagizwe Minisitiri w’ Ubutabazi arinayo Minisiteri yasimbuye MIDMAR yari umuvandimwe akaba n’ umujyanama we yongeraho ko Perezida Kagame akimufitiye icyizere nubwo yamusimbuje.
-
Papa Francis yasabye Trump kuzarangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya
8 November 2024, by Joseph IradukundaUmushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yasabye Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika, kuzakora ibishoboka byose agashaka igisubizo mu guhosha intambara zikomeje kubera hirya no hino ku Isi, cyane cyane iya Ukraine n’u Burusiya.
-
Ikibazo cy’umushahara fatizo kirakomeye, kiracyaganirwaho - Minisitiri w’Intebe
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, ageza ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bimwe mu bikorwa bya Guverinoma byagezweho, mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda, yavuze ko Leta icyiga ibijyanye no gushyiraho umushara fatizo kuko bikirimo imbogamizi nyinshi zikwiye kwitonderwa.
-
Ubushinjacyaha bwagaragaje byimbitse ibyo CG (Rtd) Gasana Emmanuel aregwa
10 November 2023, by Dusingizimana RemyCG (Rtd) Gasana Emmanuel wamenyekanye mu mirimo itandukanye mu Rwanda,yatangiye kuburanishwa imbere y’urukikorwa Nyagatare kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023.
-
Ndashaka guhangana n’abayobozi batuzuza ibyo bagomba gukorera abaturage-Perezida Kagame
8 May 2019, by Dusingizimana RemyMu ruzinduko perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye mu karere ka Burera kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Gicurasi 2019,yabwiye abayobozi badashyira mu bikorwa inshingano zabo agiye guhangana nabo ndetse adashobora kwihanganira imikorere mibi yabo.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Centrafrique yasuye u Rwanda
8 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Centrafrique, Sylvie Baïpo Temon, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi.
Urugendo rwa Sylvie Baïpo Temon mu Rwanda ruje rukurikira urwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yagiriye muri iki gihugu kuwa 08 Mutarama 2021 akanabonana na Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra.
Rubaye kandi nyuma y’iminsi itandatu indege ya RwandAir itangije ingendo zayo muri Centrafrique aho izajya ijya inshuro ebyiri mu cyumweru.
Aba (…) -
Hahishuwe ibanga ry’uko Col. Bagosora Yapanze Kwikiza Habyarimana ngo Azice Abatutsi Nta Nkomyi
16 January 2020, by Martin MunezeroImyaka Igera Kuri 26 Ishize Habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi, Hari Ibimenyetso Byinshi Bikomeje Kugaragara Bishimangira Ko Yari Yarateguwe, N’ubwo Hari Abakomeje Guhakana Ko Itabaye.
-
Gen (Rtd) James Kabarebe yahishuye ko Umugambi mubisha wa Tshisekedi ku Rwanda wamupfubanye
6 March 2025, by Joseph IradukundaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yasobanuye ko umugambi wa Perezida ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Antoine Felix Tshisekedi Tshilombo wo gutera u Rwanda wamupfubanye kandi mu bitekerezo bye yarumvaga ko bishoboka.
-
U Rwanda rwavanyeho imisoro ku bicuruzwa by’isuku y’abagore n’abakobwa bari mu mihango,gusa haracyari impungenge kuri benshi
11 December 2019, by Martin MunezeroU Rwanda rwavanyeho imisoro ku nyongeragaciro (TVA) ku bicuruzwa by’isuku y’abagore n’abakobwa bari mu mihango [ubutinyanka mu Kirundi], inkuru bamwe bavuze ko ari nziza ariko igiciro kikiri hejuru kuri benshi.
Umuryango.rw
‘Ikibazo cy’umutekano mu karere cyitwa u Rwanda’ -Perezida Tshisekedi
Papa Francis yasabye Trump kuzarangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya
Ikibazo cy’umushahara fatizo kirakomeye, kiracyaganirwaho - Minisitiri w’Intebe
Ubushinjacyaha bwagaragaje byimbitse ibyo CG (Rtd) Gasana Emmanuel aregwa
Gen (Rtd) James Kabarebe yahishuye ko Umugambi mubisha wa Tshisekedi ku Rwanda wamupfubanye