Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo.
Amb. Nduhungirehe Olivier uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, avuga ko ibi bivuze ko u Rwanda rwafunguriye amarembo abantu bose harimo n’abashoramari. Iki kikaba n’ikimenyetso cy’umubano mwiza rufitanye n’ibindi (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwatangiye gutanga Viza ku banyamahanga bakigera mu gihugu
2 January 2018, by Iyamuremye Janvier -
RIB yerekanye abantu 57 bafatiwe mu mashyamba ya RDC bashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
17 July 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwerekanye abantu 57 bari mu nyeshyamba zirwanya Leta y’u Rwanda bafatiwe mu mashyamba ya RDC.
-
Abantu 5 nibo basanganywe Coronavirus muri 1,036 basuzumwe kuri uyu wa Gatanu
10 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda habonetse abantu batanu banduye Coronavirus mu bipimo 1,036 byafashwe.
-
Perezida Kagame yavuze aho umushinga wo kubaka ikibuga cy’Ibugesera ugeze
23 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Paul Kagame witabiriye inama yiga ku bukungu iri kubera mu gihugu cya Qatar yavuze aho imirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege cya Bugesera ingezde ndetse naho uyu mwaka urangira igeze. Ibi Umukuru w’igihugu yabitangaje ubwo yabazwaga ku bufatanye bw’u Rwanda na Qatar mu ngeri zitandukanye, zirimo ishoramari muri RwandAir no mu mushinga w’Ikibuga cy’Indege cya Bugesera.
Yasubije agira ati” "Turi gushyira mu bikorwa ibyo twemeranyije. Turi gukorana mu bijyanye na sosiyete y’indege ariko (...) -
Rusizi: Umugabo yafashwe ari gucukura imva ngo agurishe imbaho n’umucanga byayo
27 October 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo utuye mu kagari ka Bununga mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi yaguwe gituma n’abaturage ari gutaburura imva y’umuntu wapfuye taliki 20 Ukwakira, 2020,ashyingurwa taliki 25 Ukwakira, 2020.
-
Kazungu Denis yavuze impamvu yatumye yica abakobwa urw’agashinyaguro
21 September 2023, by Dusingizimana RemyKazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 by’ubwicanyi yakoreye mu Karere ka Kicukiro yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro atangira kuburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
-
Abanyarwanda 32 barimo abana 3 bari bafungiye i Mbarara barekuwe
12 August 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 12 Kanama 2021, u Rwanda rwakiriye abandi banyarwanda 32 barimo abagore batanu (5) n’abana batatu (3) n’abagabo 24 bari bamaze iminsi bafungiye muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Ange Kagame na Bertrand bakoreye ukwezi kwa buki ’Honeymoon’ muri pariki ya Nyungwe
21 July 2019, by Martin MunezeroUbwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo, habereye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGEYINGOMA Bertrand bijyanye n’ukwemera Gatolika, uwo muhango wayobowe na Musenyeri KAMBANDA Antoine.
-
Igisasu gikomeye cyatewe ku ishuri ryo mu mujyi wa Goma
2 February 2024, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 02 Gashyantare 2024,igisasu cyatewe ku ishuri ribanza i Mugunga,abantu benshi biganjemo abanyeshuri barakomereka.Amakuru aravuga ko cyahitanye umuntu umwe abandi babiri barakomereka.
-
Perezida Kagame yashimiye abitabiriye #CHOGM2022 n’inzego z’umutekano zatumye igenda neza
26 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yashimye abitabiriye inama ya CHOGM baturutse hirya no hino ku isi ndetse n’inzego zitandukanye zirimo n’iz’umutekano zakoze akazi gakomeye kugira ngo iyi nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo muri Commonwealth (CHOGM) yaberaga i Kigali igende neza.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter, yashimiye abitabiriye iyi nama, yemeza ko ari ishema kuba u Rwanda rwarakiriye Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma.
Ati “Ndashimira abantu 4000 twabanye muri #CHOGM2022. Ku (...)
0 | ... | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | 3320 | 3330 | ... | 3420