Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Kanama 2022,Perezida Kagame yari mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura aho yakiriye indahiro z’abaminisitiri 2 bashya.
Abo barimo Minisitiri ushinzwe Ishoramari rya Leta, Eric Rwigamba n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku nshingano za Minisiteri nshya y’ishoramari ko ari ugucunga uko ibigo bya leta bikoresha umutungo ndetse bimwe bigaharirwa abikorera vuba na bwangu.
Ati (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
"Hari ibigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu"-Perezida Kagame
2 August 2022, by Dusingizimana Remy -
Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje
13 October 2017Tariki 13 Ukwakira ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara y’imbasa. Mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe mu murenge wa Kamegeri mu karere ka Nyamagabe.
Uwihoreye Silas wo mu karere ka Nyamagabe yatangarije Umuryango ko indwara y’imbasa ayizi ariko hashize imyaka myinshi atabona umuntu uyindwaye.
Yagize ati" imbasa ndayizi. Si ya ndwara yatumaga akaguru kanyunyuka kakaba gato cyane? Hashize imyaka myinshi ntabona umuntu uyindwaye." Uwihoreye Elias umuturage w’imyaka 60
Minisitiri (…) -
M23 yiyemeje kwatsa umuriro kuri FARDC yishe abasirikare bayo babiri bakomeye
17 January 2024, by Dusingizimana RemyUmutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko kuri uyu wa 16 Mutarama 2024, Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zishe abakomanda babiri bawo mu bitero bikaze byakoreshejwe utudege tutagira abapilote [drone],i Kitchanga.
-
Inyeshyamba za FLN zategeye imodoka itwara abagenzi muri Nyungwe zihitana abantu 2
18 June 2022, by Dusingizimana RemyAbakekwaho kuba inyeshyamba za FLN barashe ku mudoka itwara abagenzi muri Nyungwe, bica umushoferi n’umugenzi bakomeretsa n’abagenzi 6.
Aba bagizi ba nabi bategeye iyi modoka Kitabi mu karere ka Nyamagabe barasa imodoka abantu 2 bari bayirimo barapfa abandi 6 barakomereka nkuko byatangajwe na Polisi y’Igihugu.
Itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, rivuga ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 18 Kamena 2022, ahagana saa (…) -
Perzida Kagame na Tshisekedi bategerejwe muri OIF izabera mu Bufaransa
30 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bategerejwe i Paris mu Bufaransa aho bazakirwa na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu.
-
Abitwaje intwaro bongeye gutera Nyabimata muri Nyaruguru ingabo z’ u Rwanda zirabakurikira
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bataramenyekana bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bongeye kugaba igitero mu murenge wa Nyabimata basahura amatungo, ibiribwa, imyenda n’amafaranga nyuma yo kurasa amasasu batera ubwoba abaturage.
-
Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda,Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, inzego z’ubutegetsi bw’ibanze, hamwe n’Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG) nizo nzego za Leta za leta zirangwamo ruswa cyane, nk’uko bigaragara mu cyegeranyo cy’uko ruswa ihagaze mu Rwanda cyo mu 2022 (RBI) cyashyizwe ahagaragara na Transparency International (T.I Rwanda), ku wa gatatu, Ukuboza 7.
RBI ni raporo isohorwa buri mwaka n’Ikigo gishinzwe kurwanya ruswa n’Akarengane mu Rwanda [T.I Rwanda] igamije kumenya uko ruswa (…) -
Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana
15 October 2025, by Brenda MIZERORaila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye afite imyaka 80 y’amavuko, akaba yaguye mu Karere ka Kerala azize guhagarara k’umutima mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tatiki ya 15 Ukwakira 2025.
-
Perezida Kagame yahishuriye urubyiruko inzozi zikomeye afite mu myaka iri imbere
8 December 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye urubyiruko rwiganjemo abihangiye imirimo ko inzozi ahorana ari ukubona u Rwanda,Africa bitera imbere,bikagera ku rwego ibihugu byateye imbere bidatekereza.
-
Umusoro w’ubutaka winubiwe na benshi mu Banyarwanda wakuweho
16 March 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana,yabwiye RBA ko impinduka zari zabayeho ku musoro w’ubutaka zibaye zikuweho, abantu bakazakomeza gusora uko bari babikoze muri 2019.
Umuryango.rw
"Hari ibigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu"-Perezida Kagame
Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje
M23 yiyemeje kwatsa umuriro kuri FARDC yishe abasirikare bayo babiri bakomeye
Inyeshyamba za FLN zategeye imodoka itwara abagenzi muri Nyungwe zihitana abantu 2
Perzida Kagame na Tshisekedi bategerejwe muri OIF izabera mu Bufaransa
Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye
Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana