Ku mupaka w’u Rwanda na Uganda wa Cyanika, abaturage bishimiye ifungurwa ryawo nyuma y’imyaka igera kuri ine ufunze, kuko bagiye kujya basurana n’abavandimwe babo batuye muri Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 7 Gashyantare, ab’inkwakuzi bageze ku mupaka kare cyane, bitegura kwambuka bajya muri Uganda.
Abaturage bo mu Karere ka Burera ndetse n’abandi baturutse mu tundi turere bageze ku Mupaka wa Cyanika mu Karere ka Burera bitegura kwambuka berekeza muri Uganda.
Ni nyuma yaho (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gatuna: Ab’inkwakuzi babyukiye ku mupaka berekeza muri Uganda [AMAFOTO]
7 March 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame na Madamu we batoye abadepite [AMAFOTO]
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nzeli 2018 bitabiriye amatora y’ abadepite.
-
MINEDUC igiye gutangaza amanota y’ibizamini bya leta ku basoje amashuri yisumbuye
3 December 2023Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko kuri uyu wa Mbere,Tariki ya 04 Ukuboza,izatangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, umwaka w’amashuri wa 2022-2023.
-
Abatuye muri Gitega basabwe kuzahagarara ku muhanda bakunamira Perezida Nkurunziza
24 June 2020, by Martin MunezeroGuverinoma y’u Burundi yasohoye itangazo rikubiyemo gahunda izakurikizwa mu muhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020.
-
Koreya ya Ruguru irashaka kwiyegereza iy’Epfo ikayitandukanya n’Amerika
5 October 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’imyaka ikabakaba ibiri Koreya ya Ruguru iri mu kato karushijeho kuyikomerera kubera ikiza cya Covid 19, ubu noneho iragenda igaragaza ibimenyetso ko ishobora kuba yiteguye ibiganiro n’ibihugu bitari Leta zunze ubumwe z’Amerika gusa.
-
Perezida Kagame yanyomoje Umunyazimbabwe wavuze ko yamufashije gushyira u Rwanda ku murongo
30 May 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibyatangajwe n’umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya Perezida wa Zimbabwe, wavuze ko yamufashije kongera kuzahura ubukungu bw’u Rwanda binyuze mu nama yamugiriye kuri politiki y’ikoranabuhanga avuga ko ntaho amuzi.
-
U Rwanda na Zimbabwebasinye amasezerano yo guhana abarimu[Yavuguruwe]
23 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ukuboza 2021, habaye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano hagati y’u Rwanda na Zimbabwe yo guhana abarimu.
Mu isinywa ry’aya masezerano Zimbabwe yari ihagarariwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta, Umurimo n’Imibereho Myiza, Prof Paul Mavima, mu gihe u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine.
Uyu muhango kandi witabiriye na Ambasaderi w’u Rwanda muri Zimbabwe, Musoni James ndetse na Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Prof. (...) -
Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’ abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi.
Buri mwimukira wemeye kuva muri Israel ahabwa ibihumbi 3 500 by’ amadorali y’ Amerika nk’ uko byatangajwe na Sigal Rozen, Umunya Isahel uharanira uburenganzira bwa muntu.
Ibi byatangajwe nyuma y’ inkuru ya televiziyo y’ Abanyamerika CNN yagaragaje icuruzwa ry’ abirabura rikorerwa muri Libya.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri uyu wa (...) -
US:Hakajijwe umutekano wo kuburizamo intagondwa zishobora kuvogera inyubako ya Capitol
4 March 2021, by Dusingizimana RemyUmutekano wakajijwe ku nyubako izwi nka Capitol ikoreramo inteko ishinga amategeko y’Amerika kubera "umugambi ushobora kubaho wo kuyivogera" kuri uyu wa kane, nkuko polisi iharinda ibivuga.
-
Perezida Kagame yitabiriye iserukiramuco ryo kurandura ubukene ku Isi ryahuje ibirangirire
2 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame kuri iki Cyumweru tari 2 Ukuboza 2018 yitabiriye iserukiramuco rya Global Citizen Festival, ryahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 ya Nelson Mandela ndetse no guha icyubahiro umurage we, by’umwihariko uko yagiye ahamagarira abantu kurwanya ubukene bukabije.
0 | ... | 3230 | 3240 | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | ... | 3420