Perezida Kagame yavuze ko hari amasomo “atatu akomeye” u Rwanda ruvana muri jenoside yakorewe Abatutsi rwaciyemo, n’uburyo bwo gukumira ko yakongera kuba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahishuye amasomo atatu u Rwanda rwigiye kuri Jenoside yarusenye
8 April 2024, by Dusingizimana Remy -
Abenshi mu bari kwandura Covid-19 mu Rwanda bari gusanganwa ubwoko bwa Omicron
31 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije yatangaje ko abari gusangwamo ubwandu bwa COVID-19 mu Rwanda, abenshi ari abafite ubwoko bwa Omicron buteye impungenge kubera uburyo bukwirakwira byihuse.
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Ngamije Daniel yabwiye Abanyamakuru ko icyorezo cya Covid-19, cyamaze gufata intera iri hejuru cyane ndetse mu gihe hatabaho ubwirinzi no gufata inkingo kw’Abaturarwanda bishobora kuba bibi kurushaho.
Dr Ngamije Daniel yagize ati “Dusesenguye turabona ko twageze mu cyiciro (...) -
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kwizihiza iminsi mikuru bazirikana na Covid-19
13 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Umutekano mu gihugu, Alfred Gasana,anaboneraho kwifuriza abanyarwanda bose gusoza neza uyu mwaka no gutangira umushya wa 2022 amahoro, ariko abibutsa gukomeza kwirinda icyorezo cya COVID-19.
-
RDC yashinje u Rwanda kubeshya ko FARDC yateye ibisasu ku butaka bwarwo
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyaraye gitangaje ko igisirikare cya FARDC ari cyo cyarashe ibisasu bibiri bya roketi 122mm ku butaka bw’u Rwanda biturutse mu gace ka Bunagana.
U Rwanda ruvuga ko ibi bisasu bisa n’ibyarashwe “n’ingabo za DRC ku wa 19 Werurwe na 23Gicurasi mu mirenge ya Kinigi na Nyange mu karere ka Musanze,no mu murenge wa Gahunga mu karere ka Burera, bikaba byarakomerekeje abantu byangiza n’ibintu”.
Itangazo ryasohowe n’umuvugizi wa Guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru rivuga ko (...) -
Perezida Hichilema wa Zambia yageze i Kigali mu uruzinduko rw’iminsi 2
20 June 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2023, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mumu Rwanda.
-
Abakozi ba Leta 6 bananiwe gusobanura aho bakuye umutungo bafite
17 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvunyi mukuru Anastase Murekezi yatangaje ko urwego ayoboye rwashyikirije ubushinjacyaha ibirego bitatu by’ abakozi ba Leta batatu bari muri batandatu bananiwe kugaragariza uru rwego aho bakuye imitungo bafite. Aba uko ari batandatu barimo gukorwaho iperereza.
Anastase Murekezi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukwakira 2017, ubwo yagezaga ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi raporo y’ ibikorwa by’ urwego rw’ umuvunyi ya 2016/17.
Yagize ati “Muri 2016/17, abakozi 1088 (...) -
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu yindi nama yiga ku mutekano wa RDC
14 February 2023, by Dusingizimana RemyUwungirije Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, Christophe Lutundula n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo akaba na Minisitiri w’Itumanaho, Patrick Muyaya bavuze ko hateganyijwe indi nama i Addis Ababa muri Ethiopia,izahuza abakuru b’ibihugu barimo Perezida Kagame na Tshisekedi.
Iyi nama ngo igamije gusuzuma ibimaze kugerwaho bijyanye no kugarura amahoro muri Congo, no gusubiza umubano w’u Rwanda n’icyo gihugu mu buryo.
Abakuru b’Ibihugu batandukanye mu Karere, (...) -
Abaperezida ba EAC basabye M23 kuva mu duce yafashe vuba na bwangu
23 November 2022, by Dusingizimana RemyInama y’Abakuru b’Ibihugu yigaga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,yafashe imyanzuro itandukanye irimo uvuga ko inyeshyamba za M23 zigomba kuva mu duce zafashe vuba.
Iyi nama yabereye i Luanda kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2022,yatumijwe na Perezida wa Angola akaba n’umuhuza mu bibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, João Manuel Gonçalves Lourenço.
Yitabiriwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akaba ari na we uyoboye Umuryango wa (...) -
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
U Rwanda rutanga miliyoni 70 buri kwezi ku bagororerwa IWAWA
9 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ Ikigo cy’ Igihugu cy’ igororamuco mu Rwanda aratangaza ko kugorora abana b’ inzererezi baba barakuwe mu mihanda hirya no hino bakajyanwa IWAWA bitwara Leta y’ u Rwanda miliyoni 70 buri kwezi hatabariwemo imishahara y’ abashinzwe ku bitaho.
0 | ... | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230 | 3240 | 3250 | ... | 3420