Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo kibazo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta y’Ubwongereza yasubije abanenze umwanzuro wayo wo kohereza impunzi mu Rwanda
18 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Ibyamamare bitandukanye byavuze amafuti yo mu buto bwabo yabashegeshe
30 December 2017, by Iyamuremye JanvierBamwe mu bahanzi nyarwanda ndetse n’abakinnyi ba filime bavuga ko hari ibyagiye bibabaho bakiri bato bikabasigira isomo rikomeye, abandi iyo babyibutse bariseka bikomeye bati ‘ukize ubuto arabubagira’.
Icyo bose bahuriza n’uko bigoye kwibagirwa ikintu nk’icyo bakoze bakiri bato kuko ngo n’isomo rikomeye rihora riza iyo batekereje ahashize habo.Riderman,Mico The Best, Kavutse na Nick ukina muri filime City Maid abifatanya no gukora muzika ni bamwe mu baganiriye na Isango Star ducyesha iyi (…) -
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia
18 June 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatambukije ubutumwa bufata mu mugongo Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Dr. Abiy Ahmed, nyuma y’urupfu rwa se umubyara rwabaye ejo ku wa mbere.
-
COVID-19 yahitanye umukecuru w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamasheke
18 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda wa 05 yishwe n’icyorezo cya COVID-19 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Nyakanga 2020.Uwapfuye Ni umugore w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamashe.
-
Minisitiri Dr Biruta yasuye Ishuri rya Polisi ryo mu Misiri
22 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, witabiriye inama mpuzamahanga ya Gatanu yaberaga i Aswan mu Misiri kugeza tariki 20 Ukwakira, ku wa Kabiri yasuye ishuri rya Polisi yerekwa ubufatanye bushingiye ku mahugurwa hagati ya Polisi y’u Rwanda n’iya Misiri.
-
Perezida Kagame aragirana ibiganiro na Tshisekedi bahurira muri Angola
6 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bitezwe kugirana ibiganiro kuri uyu wa gatatu mu murwa mukuru Luanda wa Angola "ku guhosha ubushyamirane" hagati y’ibi bihugu, nkuko uruhande rwa Congo rubivuga.
Perezida wa Angola João Lourenço, muri iki gihe uyoboye inama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari (CIRGL/ICGLR), ni we muhuza muri ibi biganiro, wahawe iyi nshingano n’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA).
Imirwano hagati (…) -
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
7 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko kandi byari korohera igabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri Jenoside,ariko zahisemo inzira y’ubumwe n’ubwiyunge aho kubikora.
-
Ingabo za UN zarutishije abatutsi imbwa
22 April 2018, by Nsanzimana ErnestAbarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bari bahungiye mu Kigo cya Caraes, bashengurwa n’uko abasirikare b’Umuryango w’Abibumbye (UN) bahisemo gukiza imbwa yabo bo bakabihorera.
-
U Rwanda rwasubijeho itegeko ryo kwishyira mu kato ku bantu baturutse mu mahanga
27 November 2021, by Dusingizimana RemyKubera ubukana bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye muri Afurika y’Epfo, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera ku Cyumweru tariki 28 Ugushyingo, abantu bose binjira mu Rwanda bagomba kujya mu kato k’amasaha 24 muri hotel zabugenewe.
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko yasubijeho gahunda yo gushyira abantu bose binjiye mu Rwanda mu kato k’amasaha 24 muri hoteli zabugenewe guhera ku tariki ya 28 Ugushyingo 2021 saa sita z’amanywa.
Minisante kandi yasabye Abanyarwanda gukomeza kubahiriza (…) -
Abasirikare babiri ba RDC bamaze gusinda bica 15 harimo n’abana
19 April 2022, by Joseph IradukundaAbasirikare babiri barashe bica abantu 15 mu bitero bitandukanye mu majyaruguru ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC).
Umuryango.rw
Leta y’Ubwongereza yasubije abanenze umwanzuro wayo wo kohereza impunzi mu Rwanda
COVID-19 yahitanye umukecuru w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamasheke
Minisitiri Dr Biruta yasuye Ishuri rya Polisi ryo mu Misiri
Perezida Kagame aragirana ibiganiro na Tshisekedi bahurira muri Angola
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
U Rwanda rwasubijeho itegeko ryo kwishyira mu kato ku bantu baturutse mu mahanga
Abasirikare babiri ba RDC bamaze gusinda bica 15 harimo n’abana