Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri kuri uyu wa Mbere yakiriye muri Village Urugwiro, Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’u Bufaransa kuva ku wa 16 Gicurasi 2007 kugera ku wa 15 Gicurasi 2012 waherukaga mu Rwanda muri 2010.
Sarkozy yaherukaga mu Rwanda mu 2010 ubwo yari akiri Perezida w’u Bufaransa, akaba ari nawe muyobozi mukuru w’u Bufaransa wari uje mu Rwanda kuva Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarangira.
Sarkozy ni nawe muyobozi wa mbere w’u Bufaransa weruye akemeza ko u (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nicolas Sarkozy wahoze ayobora u Bufaransa yongeye gusura Rwanda
15 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasesenguzi mu bya Politiki bavuga ko kuba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye gushyira umukono ku masezerano y’amahoro, ari intambwe ya mbere itanga icyizere mu kubona umuti w’ibibazo bimaze igihe hagati y’Ibihugu byombi.
-
Green Party yanenze umuyobozi wa RGB inasaba u Rwanda kugura amasasu y’ibipapuro
5 August 2022, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda-DGPR) rivuga ko abashinzwe umutekano w’u Rwanda bakwiriye guhagarika kurasa abagizi ba nabi mu cyico ahubwo ko leta y’u Rwanda yagura amasasu akoze mu bipapuro yafasha mu gukomeretsa abakekwaho ibyaha aho kubica.
Dr Habineza uyobora ishyaka Democratic Green Party yabwiye Abanyamakurukuri uyu wa Gatanu tariki 5 Kanama 2022 ko mu byo bari biyemeje nk’ishyaka ubwo biyamamazaga ku mwanya w’Umukuru (…) -
Burundi: Imiryango itegamiye kuri leta 6 yareze u Rwanda isaba indishyi ya miliyari eshatu z’amadolari
29 April 2024, by Dusingizimana RemyImiryango 6 itegamiye kuri Leta yo mu Burundi yatanze ikirego kirega u Rwanda mu rukiko rwa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) isaba indishyi zingana na miliyari 3 z’amadolari yo guhabwa imiryango y’abahitanwe n’igitero cya RED-Tabara cyabaye umwaka ushize.
-
Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame uri i Apia ho mu gihugu cya Samoa, yizihirije isabukuru y’amavuko y’imyaka 67 yizihije kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Ukwakira.
-
Muzirikane ko ari mwe mbaraga z’Igihugu – Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva abwira abasoje muri Kaminuza y’u Rwanda
17 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yabwiye abasoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda ko uyu ari umunsi wo kubamurika.
-
Bénin iherutse kwandagaza Amavubi yemerewe akayabo niyatsindira i Kigali
14 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Bénin, Mathurin de Chacus, yatangaje ko mu gihe ikipe y’iki gihugu “Les Géupards” yatsindira Amavubi i Kigali ku wa Kabiri, azayiha agahimbazamusyi k’ibihumbi 100€ (ni ukuvuga agera kuri miliyoni 147 Frw) kaziyongera ku gatangwa na federasiyo.
-
Perezida Kagame ahangayikishijwe n’ibiyobyabwenge mu rubyiruko; yavuze uwo bakoranaga wabaswe n’inzoga
21 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yasabye urubyiruko kugendera kure ibiyobyabwenge, kuko bikomeje kubagiraho ingaruka, bikagira n’ingaruka ku gihugu muri rusange cyane ko byageze n’aho bamwe babura ubuzima.
-
RDC ntishaka amahoro nubwo yasinye umwanzuro wo gusenya FDLR-Nduhungirehe
28 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko nubwo intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasinye umwanzuro wo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, zitifuza ko akarere k’ibiyaga bigari kabonekamo amahoro.
-
Rwandair yahagaritse gutwara abagenzi bo muri Zimbabwe na Afurika y’Epfo
28 November 2021, by Dusingizimana RemySosiyete y’indege ya RwandAir yatangaje ko ibaye ihagaritse gutwara abagenzi bava mu bihugu bya Zimbabwe na Afurika y’Epfo berekeza i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.
Umuryango.rw
Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?
Green Party yanenze umuyobozi wa RGB inasaba u Rwanda kugura amasasu y’ibipapuro
Burundi: Imiryango itegamiye kuri leta 6 yareze u Rwanda isaba indishyi ya miliyari eshatu z’amadolari
Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa
Muzirikane ko ari mwe mbaraga z’Igihugu – Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva abwira abasoje muri Kaminuza y’u Rwanda
Bénin iherutse kwandagaza Amavubi yemerewe akayabo niyatsindira i Kigali
Perezida Kagame ahangayikishijwe n’ibiyobyabwenge mu rubyiruko; yavuze uwo bakoranaga wabaswe n’inzoga
RDC ntishaka amahoro nubwo yasinye umwanzuro wo gusenya FDLR-Nduhungirehe
Rwandair yahagaritse gutwara abagenzi bo muri Zimbabwe na Afurika y’Epfo