Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ibihugu n’imiryango mpuzamahanga bikomeje gufata ibyemezo n’imyanzuro ihengamiye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byirengagije ukuri ku bijyanye n’impamvu z’ikibazo cy’umutekano muke kiri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yanenze amahanga yirengagije impamvu M23 irwana
8 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yongeye gusaba abayobozi kureka inama zidatanga umusaruro
28 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abayobozi kureka inama bahoramo zidatanga umusaruro ahubwo bakita ku cyateze imbere umuturage ndetse ibibazo bihora bigaruka bigakemuka.
Ibi yabigarutseho ubwo yasozaga ku mugaragaro Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaga ku nshuro ya 18.
Perezida Kagame yatangiye ijambo rye abaza abitabiriye iyi nama ati "Icyo tuvanyemo n’iki?kugeza ryari?turayiheraho dukore iki?.Hari ubwo twayiteze amatwi,twatanze n’ibitekerezo ariko biranashoboka ko dushobora guhaguruka,twataha (…) -
Emir wa Qatar yashimiye Perezida Kagame gushyigikira gahunda z’amahoro mu karere
21 November 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani, yashimiye Perezida Paul Kagame umuhate akomeje gushyira mu gushyigikira gahunda z’amahoro zigamije gufasha akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Paul Kagame yavuze kuri Coup d’état zikivugwa muri Africa
21 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko guhirika ubutegetsi bikomoka ku barakariye politiki iriho kandi "hari aho wanavuga ngo birakwiye" nubwo byaba bitabayeho.
Yabivuze kuwa mbere mu kiganiro ku miyoborere kitwa "The Pathway" kibera ahantu hatandukanye gikorwa na Fred Swaniker, ubu cyari cyabereye i Kigali.
Guhirika ubutegetsi biracyavugwa mu bihugu bimwe bya Africa, ibiheruka ni muri Guinea aho agatsiko k’abasirikare kahiritse Perezida Alpha Condé.
Indi ni coup d’état yaburijwemo (…) -
U Rwanda na RDC byahuriye muri Qatar mu biganiro
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Qatar mu biganiro bitegura amasezerano y’amahoro ateganyijwe hagati y’impande zombi.
-
Umwunganizi wa Prince Kid yavuze ku byerekeye kujuririra igifungo cye
14 October 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko Rukuru rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina.
-
Perezida Museveni yagiriye inama RDC ku cyo yakorera M23
27 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda, Yoweri Museveni,yavuze ko Leta ya Kongo ikwiriye kwicara ku meza ikaganira n’umutwe wa M23 wongeye gutangiza intambara muri Gicurasi uyu mwaka.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru,Perezida Museveni yavuze ko imitwe yitwaje intwaro yo muri Kongo nka ADF ikomoka muri Uganda, FDLR yo Rwanda na RED-Tabara yo mu Burundi,itazemera gutaha ku neza.
Yahishuye icyo izakorerwa ati "Tuzabahatiriza".
Yavuze ko imitwe 120 iba mu burasirazuba wba RDC ’ikomeje kongera imbaraga (…) -
Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana bakatiwe igifungo cy’imyaka 20 na 25 [YAVUGURUWE]
20 September 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imbibi rwakatiye igifungo cy’imyaka 25 Rusesabagina Paul nyuma yo guhamwa n’ibyaha binyuranye birimo n’iby’iterabwoba.
Urukiko rwavuze ko nta nyoroshyacyaha yahabwa kuko atitabiriye amaburanisha ngo asobanure byimbitse ibyaha yashinjwe.
Uru rukiko kandi rwakatiye igifungo cy’imyaka 20 Nsabimana Callixte alias Sankara nyuma yo guhamwa n’ibyaha binyuranye birimo n’iby’iterabwoba.Sankara yakatiwe iyi myaka (…) -
Utubari 9600 tumaze gufungwa hirya no hino kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
13 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase,yatangaje ko kubera ingamba zikomeye zo kwirinda Covid-19,hamaze gufungwa utubari 9600 two hirya no hino mu gihugu.
-
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
3 September 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye abanyamakuru ko Umugi ayoboye uzisubiza ibibanza bigaragara hirya no hino mu mugi bene byo banze kubaka
Umuryango.rw
Minisitiri Nduhungirehe yanenze amahanga yirengagije impamvu M23 irwana
Perezida Kagame yongeye gusaba abayobozi kureka inama zidatanga umusaruro
Emir wa Qatar yashimiye Perezida Kagame gushyigikira gahunda z’amahoro mu karere
Paul Kagame yavuze kuri Coup d’état zikivugwa muri Africa
U Rwanda na RDC byahuriye muri Qatar mu biganiro
Umwunganizi wa Prince Kid yavuze ku byerekeye kujuririra igifungo cye
Perezida Museveni yagiriye inama RDC ku cyo yakorera M23
Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana bakatiwe igifungo cy’imyaka 20 na 25 [YAVUGURUWE]
Utubari 9600 tumaze gufungwa hirya no hino kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka