Nyuma y’aho u Rwanda rwakiriye inama ya CHOGM2022, Perezida Paul Kagame ni we ugiye kuyobora iyi nama mu myaka ibiri iri imbere.
Asimbuye kuri uyu mwanya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson.
Muri iyi nama kandi ya #CHOGM2022,iri kubera i Kigali,Patricia Scotland yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth.
Prezida Paul Kagame ugiye kuyobora uyu muryango w’ibihugu 54,birimo kimwe cya gatatu cy’abatuye isi,yavuze ko indangagaciro zirimo imiyoborere myiza, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahawe umwanya ukomeye muri CHOGM
24 June 2022, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu by’Afurika byihuta mu bukungu
29 October 2025, by Brenda MIZEROIcyigeranyo cy’Isoko ry’Imari rya Afurika cya Absa (Absa Africa Financial Markets Index /AFMI) cyashyize u Rwanda ku myanya y’imbere mu bihugu byagize urwego rw’ubukungu rutera imbere kurusha ibindi muri Afurika mu 2025.
-
Chelsea FC yegukanye igikombe cya kabiri cya UEFA Champions League mu mateka yayo
30 May 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Chelsea yatsinze igitego 1-0 Manchester City,bituma yegukana igikombe cya kabiri cya UEFA Champions League mu mateka yayo nyuma y’icyo yaherukaga muri 2012 itsinze Bayern Munich.
-
Perezida Kagame yahaye G.S Kimironko miliyoni 5
25 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
-
U Bubiligi buremeza ko nabwo bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko u Rwanda rutangaje ko rucanye umubano n’u Bubiligi ndetse rugaha abadipolomate babwo bari mu Rwanda amasaha 48 yo kuhava, u Bubiligi buravuga ko bubabajwe n’iki cyemezo ariko, ukugereye mu kebo nawe ukamugeramo.
-
Dr. Emmanuel Ugirashebuja yagizwe Minisitiri w’Ubutabera
17 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yagize Dr. Emmanuel Ugirashebuja wahoze ari Perezida w’urukiko rw’Afurika y’Uburasirazuba Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta.
-
Perezida wa Turukiya yateguje gutera Israel
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yatangaje amagambo akomeye ateguza gutera Israel mu rwego rwo gufasha abanya-Palestine.
Ibinyamakuru byo muri Israel byasubiyemo amagambo ya Erdogan agira ati “Tugomba kuba dukomeye cyane kugira ngo Israel itabasha gukora ibintu ikorera Palestine.”
Perezida wa Turukiya yavugaga ku ntambara Israel irwana muri Gaza.
Yongeyeho ati “Nkuko twinjiye muri [Nagorno-]Karabakh, (ni agace kakunze gushyamiranya Azerbaijan na Armenia), nk’uko twinjiye muri (…) -
Perezida Kagame yaganiriye n’umuyobozi wa AfDB ku bufatanye mu iterambere
17 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye na Dr. Sidi Ould Tah uyobora Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), ku bufatanye bumaze igihe kirekire iyo banki n’ubutwererane bukomeje mu gushyigikira gahunda z’u Rwanda z’iterambere rirambye.
-
Uwizeyimana Evode waherukaga kwegura ku bunyamabanga bwa Leta yagizwe umusenateri
16 October 2020, by Dusingizimana RemyIbiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda byatangaje ko perezida wa Republika yagize Evode Uwizeyimana umusenateri, ni nyuma y’amezi umunani yeguye ku mwanya w’umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubutabera.
-
Nyamasheke: Perezida Kagame yasabye abaturage kurega abayobozi babaka ruswa
27 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abaturage ba Nyamasheke kudatinya abayobozi babaka ruswa ahubwo ko bakwiriye kubaregera inzego zo hejuru zikabakurikirana.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Kanama 2022 nibwo Perezida Kagame yasuye akarere ka Nyamasheke aho yasabye abaturage gutinyaka bakabaregera abayobozi babaka ruswa.
Yagize ati "Igihe ubushobozi buhari abayobozi inshingano yabo n’ukuvuga ngo "ibi bikwiriye gukorwa vuba na bwangu.Bikaramira nabo bikwiriye kuramira kuko abantu bategereza (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahawe umwanya ukomeye muri CHOGM
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu by’Afurika byihuta mu bukungu
U Bubiligi buremeza ko nabwo bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda
Dr. Emmanuel Ugirashebuja yagizwe Minisitiri w’Ubutabera
Perezida wa Turukiya yateguje gutera Israel
Perezida Kagame yaganiriye n’umuyobozi wa AfDB ku bufatanye mu iterambere
Nyamasheke: Perezida Kagame yasabye abaturage kurega abayobozi babaka ruswa