Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangaza irangira ry’icyorezo cyatewe na Virusi ya Marburg cyashegeshe urwego rw’ubuvuzi by’umwihariko kuko cyibasiye abaganga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rugiye gutangaza ko rwatsinsuye bidasubirwaho icyorezo cya Marburg
19 December 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda ruyoboye ibindi bihugu ku Isi byizewe gushorwamo imari ikunguka vuba
30 March, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere ku Isi mu cyerekezo cy’ishoramari ritanga inyungu ‘Baseline Profitability Index’ (BPI) mu mwaka wa 2026, aho rwagaragajwe nk’igihugu cyizewe cyashorwamo imari kandi ikunguka vuba.
-
Icyiciro cya kabiri cy’ingabo za SAMIDRC cyatashye kinyuze mu Rwanda
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’Umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari zimaze igihe kirenga umwaka mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatashye zinyuze mu Rwanda, zikabanza kwikusanyiriza muri Tanzania aho zizava zijya mu bihugu zaturutsemo.
-
Abana bapfa bataravuka mu Rwanda baragabanyutse mu 2024
8 January, by Brenda MIZEROIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abana bapfa bataravuka wagabanyutse ugera ku 7.140 mu 2024 uvuye kuri 7.233 wariho mu 2023.
-
U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bifite ubushobozi bwo kugenzura ubuziranenge bw’imiti ku rwego mpuzamahanga(ML3)
6 December 2024, by Joseph IradukundaU Rwanda rwabaye igihugu cya 8 muri Africa cyashyizwe mu rwego rwa "Maturity Level 3(ML3) n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO)
-
Minisitiri Mushikiwabo yashimiye umupolisi wabaye indashyikirwa mu gutanga serivisi nziza
7 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda yashimiye S/SGT Alex Murenzi uri mu bahawe ibihembo bakesha kuba indashyikirwa mukwakira neza ababagana.
Ibi bihembo byatanzwe n’ ikigo cy’ igihugu gitsura amajyambere RDB, kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Ukwakira 2017.
Abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter Ministiri Mushikiwabo yavuze ko S/SGT Murenzi ari umupolisi ukomeye.
Yagize ati “Ndashimira Alex Murenzi umupolisi ukomeye kandi mwiza!! Iyaba (…) -
Perezida Kagame ari muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi
14 January 2018, by Iyamuremye JanvierUmukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yageze muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe aho yakiriwe na mugenzi we Perezida John Magufuli.
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 14 Mutarama 2018, nibwo Perezida Kagame yari ageze ku kibuga cy’Indege Julius Nyerere(JNIA).
Perezida Kagame yageze muri Tanzaniya ku isaha ya saa tatu za hano mu Rwanda
KT iravuga ko mu ruzinduko rwe, abakuru b’ibihugu baza gukomoza ku mishinga u Rwanda na Tanzania bihuriyeho, nko mu (…) -
Kabuga Felicien wagize uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi yagejejwe imbere y’urukiko arinzwe bikomeye [AMAFOTO]
19 May 2020, by Dusingizimana RemyUmuherwe Kabuga Félicien watawe muri yombi kuwa 16 Gicurasi 2020, yitabye Ubushinjacyaha bw’i Paris kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020 kugira ngo ahatwe ibibazo, aho yatwawe na Polisi acungiwe umutekano ku buryo bukomeye.
-
RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
22 August 2024, by UbwanditsiAmakuru atangazwa n’Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Dr. MURANGIRA B Thiery ni uko tariki ya 21 Kanama 2024 uwar Kandida Depite MUSONERA GERMAIN w’imyaka 59 yatawe muri yombi acyekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 aho akekwa kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa KAYIHURA JEAN MARIE VIANNEY wishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Akaba hari na bimwe mu byaha yiyemerera nko kuba kuri bariyeri ziciweho Abatutsi.
Ibyaha bya Jenoside yakorewe (…) -
Ingengo y’imari ya 2025/26 ni miliyari 7.032,5 Frw; ubukungu buzazamuka kuri 7,1%
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yussuf Murangwa, yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7,1% mu 2025, mu gihe mu 2026 buzagera kuri 7,5%, 7,4% mu 2027 na 7% mu 2028.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye gutangaza ko rwatsinsuye bidasubirwaho icyorezo cya Marburg
U Rwanda ruyoboye ibindi bihugu ku Isi byizewe gushorwamo imari ikunguka vuba
Icyiciro cya kabiri cy’ingabo za SAMIDRC cyatashye kinyuze mu Rwanda
Abana bapfa bataravuka mu Rwanda baragabanyutse mu 2024
U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bifite ubushobozi bwo kugenzura ubuziranenge bw’imiti ku rwego mpuzamahanga(ML3)
RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
Ingengo y’imari ya 2025/26 ni miliyari 7.032,5 Frw; ubukungu buzazamuka kuri 7,1%