U Rwanda rwasohoye itangazo risaba urwego rw’ingabo z’Akarere zishinzwe kugenzura ibibera ku mipaka kuza mu Rwanda bagakora iperereza ku bisasu by’ingabo za Congo byaguye mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDF yasabye iperereza ryihuse ku bisasu byageze mu Rwanda biturutse muri Congo
23 May 2022, by ISHIMWE JANE -
Ibisubizo kuri bimwe mu bibazo wibaza ku cyorezo cya Coronavirus
19 March 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe virus ya covid-19 ikomeje gukwirakwira, abantu bakomeza kwibaza ibibazo byinshi kurushaho kuri iyi ndwara.
Fergus Walsh, umunyamakuru wa BBC umaze imyaka 14 yandika ku by’ubuzima, arasubiza bimwe muri byo yifashishije ibiganiro n’abahanga mu buvuzi.
Wajyana abana hanze?
Yego rwose, abana ushobora kubajyana hanze. Icyo utagomba gukora ni ukubajyana ahantu rusange haba ibibahugenza nka parike zabo kuko bashobora kuhahurira n’abandi benshi.
No mu gihe waba warishyize mu (…) -
Kenya: Urukiko ruratangaza umwanzuro ku mpaka za Ruto na Raila
5 September 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ikirenga rwa Kenya uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku birego byatanzwe ku matora ya perezida yo mu kwezi gushize.
Kuwa gatanu, abacamanza barindwi b’uru rukiko bagiye kwiherera kugira ngo bafate umwanzuro wabo nyuma y’iminsi itatu bumva impande zareze n’izarezwe.
Raila Odinga – umukandida watsinzwe – avuga ko amatora yabayemo uburiganya hifashishijwe ikoranabuhanga ngo bigeze ku nstinzi mukeba we William Ruto.
Abanyamategeko ba Ruto n’aba komisiyo y’amatora bahakanye (…) -
Amadolari 900 Rusesabagina yahaye FLN ntiyatera igihugu keretse ari ukurwanisha ibikenyeri-Uwunganira Rusesabagina
14 September 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi saa tatu n’iminota 30 nibwo Paul Rusesabagina wari umuyobozi wungirije wa MRCD irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha 13 birimo iby’iterabwoba akurikiranyweho.
Ibyaha 13 Rusesabagina ashinjwa:
Kurema umutwe w’ingabo utemewe
Gutera inkunga iterabwoba
Iterabwoba ku nyungu za politiki
Gukora no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba
Gutanga amabwiriza mu gikorwa cy’iterabwoba (…) -
Amavubi yanyagiye Seychelles yubaka amateka mashya mu mikino mpuzamahanga
10 September 2019, by Dusingizimana RemyAmavubi yiyunze n’Abanyarwanda byimazeyo nyuma yo gutsinda ikipe ya Seychelles ibitego 7-0 mu ijonjora ry’ibanze ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar 2022.
-
Speciosa Mukabayojo, umwana w’Umwami Musinga azashyingurwa mu Rwanda
5 November 2025, by Brenda MIZEROUmuryango wa Speciosa Bideri Mukabayojo watangaje ko uyu mubyeyi azashyingurwa mu Rwanda ku wa 29 Ugushyingo 2025.
-
Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame
12 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bwo kwifuriza iki gihugu isabukuru y’imyaka 50 kimaze kibonye ubwigenge.
-
Amajwi y’ agateganyo: Green Party na PS imberakuri munsi gato y’ umurongo ubemerera kujya mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa PS Imberakuri Chritsine Mukabunani n’ Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora(NEC) yatangaje ibyavuye mu matora y’ abadepite ku kigero cya 70% byerekana ko FPR ariyo iri imbere, PSD na PL afite amajwi ayahesha umwana mu nteko ariko PS imberakuri na Demucratic Green Party of Rwanda afite amajwi asatira 5% asabwa ngo agire abadepite mu nteko. Amajwi amaze kujya ahagaragara arerekana ko abakandida bigenga bose batsinzwe kugeza.
-
‘Umuganda wagize uruhare mu kunga Abanyarwanda’ Depite Mukabalisa
1 October 2018, by Nsanzimana ErnestMukabalisa Donatille , uherutse kongera gutorerwa kuba Perezida w’ Inteko ishinga amategeko umutwe w’ Abadepite yagaragaje undi musanzu umuganda ufite mu Rwanda wiyongera ku gufasha abaturarwanda gutura heza hari ibikorwaremezo.
-
Ingabo za RDC zakoze ibikorwa byiza, zishe benshi muri abo harimo n’abayobozi b’utwo dutsiko-Minisitiri Biruta
8 January 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Dr. Vincet Biruta,yatangaje ko Ingabo za RDC,FARDC zakoze ibikorwa byiza, kuko zishe inyishyamba n’abayobozi b’udutsiko twahungabanyaga umutekano w’iki gihugu ndetse n’uw’u Rwanda.
Umuryango.rw
RDF yasabye iperereza ryihuse ku bisasu byageze mu Rwanda biturutse muri Congo
Kenya: Urukiko ruratangaza umwanzuro ku mpaka za Ruto na Raila
Amadolari 900 Rusesabagina yahaye FLN ntiyatera igihugu keretse ari ukurwanisha ibikenyeri-Uwunganira Rusesabagina
Speciosa Mukabayojo, umwana w’Umwami Musinga azashyingurwa mu Rwanda
Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame