Abategetsi bo mu bihugu 20 bifite ubukungu bukomeye ku isi bemeje amasezerano yo ku rwego rw’isi azatuma inyungu z’ibigo binini by’ubucuruzi byakwa umusoro nibura wa 15%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abategetsi bo muri G20 bemeje amasezerano ku musoro ku bigo binini yanditse amateka
31 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Nyamwanga kumva ntiyanze kubona-Minisitiri Dr. Bizimana ku gihano cya Dr. Munyemana
24 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko kuba Dr Munyemana Sosthène yatsinzwe ubujurire bwe agahamywa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, bishimangira ko ugira nabi aba agomba kwitegura ingaruka z’ikibi akora.
-
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Bassirou Diomaye Faye
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye ubutumwa yohererejwe na Perezida wa Senegal Bassirou Diomaye Faye, bamaze ibyumweru bike baganiriye kuri telefoni.
-
Visi Perezida w’ Ishyaka rya Victoire Ingabire yatorotse gereza
8 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije w’ ishyaka FDU inkingi ritaremererwa gukorera mu Rwanda n’ undi mugororwa batorotse gereza kuri uyu wa Mbere tariki 8 Ukwakira 2018.
-
MINEDUC igiye gutangaza amanota y’ibizamini bya leta ku basoje amashuri yisumbuye
3 December 2023Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko kuri uyu wa Mbere,Tariki ya 04 Ukuboza,izatangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, umwaka w’amashuri wa 2022-2023.
-
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
2 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cy’Ubwami bwa Jordania, bwatashywe n’abandi banyacyubahiro bakomeye ku Isi.
-
Umunyakoreya y’Epfo Jin Joseph yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya Miliyoni eshatu
21 January 2022, by Dusingizimana RemyUyu munya Korea yari akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano.
Ubushinjacyaha bwari bwasabye urukiko rukuru ko ubujurire bwa Jin Joseph butakwakirwa n’urukiko rukuru ahubwo hakagumaho icyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge.’’
Muri Werurwe 2021,Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya Miliyoni ishatu Bwana Jin Joseph rutegeka ko agomba guha indishyi z’akababaro uwitwa Kanyandekwe Pascal zingana na Miliyoni (…) -
Abanyamulenge bari hagati nk’ururimi muri Uvira-HRW
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), ryasabye Leta ya RD Congo kurinda umutekano w’Abanyamulenge batuye Umujyi wa Uvira wasenzekajwe no kurebana ay’ingwe hagati ya Wazalendo na FARDC.
-
Perezida Nyusi yise "Intwari" ingabo z’u Rwanda zabohoje Cabo Delgado
25 September 2021, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo,Perezida Nyusi wa Mozambike ari kumwe na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda wagiriye uruzinduko muri iki gihugu basuye aho angabo z’u Rwanda zikambitse muri Mozambique bazishimira akazi zimaze gukora.
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 6 ku isi mu bihugu bitekanye ku bagenzi bagenda bonyine
21 January 2022, by Dusingizimana RemyUbushakashatsi bwakozwe n’ikigo Bounce (usebounce.com) bwashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu mu bihugu bitekanye ku Isi by’umwihariko ku bagenzi bagenda ari bonyine (solo travellers).
U Rwanda rukaba ari na cyo gihugu cyonyine muri Afurika kigaragara ku rutonde rw’ibihugu 10 bya mbere ku isi.
Icyo kigo cyakoze ubwo bushakashatsi mu mwaka ushize, gitangaza ko cyagendeye ku ngingo ebyiri gishyira ibibhugu ku rutonde, ari zo ikigereranyo cy’ibyaha n’ikigereranyo cy’umutekano, cyane ko (…)
Umuryango.rw
Abategetsi bo muri G20 bemeje amasezerano ku musoro ku bigo binini yanditse amateka
Nyamwanga kumva ntiyanze kubona-Minisitiri Dr. Bizimana ku gihano cya Dr. Munyemana
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Bassirou Diomaye Faye
MINEDUC igiye gutangaza amanota y’ibizamini bya leta ku basoje amashuri yisumbuye
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
Umunyakoreya y’Epfo Jin Joseph yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya Miliyoni eshatu
Abanyamulenge bari hagati nk’ururimi muri Uvira-HRW
Perezida Nyusi yise "Intwari" ingabo z’u Rwanda zabohoje Cabo Delgado
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 6 ku isi mu bihugu bitekanye ku bagenzi bagenda bonyine