Abaganga mu bitaro bya Kaminuza bya Butare CHUB bishimiye ko bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda batoreye ku bitaro banavuga ko byatumye batanga serivise neza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda abarwayi n’ abaganga batoreye abadepite ku bitaro [AMAFOTO]
3 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Urutonde rw’ impunzi zishaka gusubira iwabo ruriho 11 000
19 June 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi zigera ku bihumbi 11 nizo ziyandikishije ko zishaka gusubira iwabo mu gihe Leta y’ u Rwanda n’ ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye bari batanze uburenganzira busesuye ngo impunzi yose yumva ikeneye gusubira iwabo yiyandikishe.
-
Uruzinduko rwa Perezida Lungu rusigiye iki u Rwanda
22 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Zambia Edgar Lungu wasoje uruzinduko rwe i Kigali yatangaje ko bazakomeza gufatanya n’u Rwanda kugira ngo hatabwe muri yombi abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi, kandi ngo n’abanyarwanda bari mu gihugu ke ari impunzi ntibazakomeza kwitwa impunzi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru, Perezida Edgar Lungu yagarutse ku kibazo cy’abanyarwanda bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe muri Zambia.
Yavuze ko bakira impunzi batari bafite amakuru (…) -
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yabonye Minisitiri mushya,Busingye ahindurirwa imirimo
31 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yashyizweho ku wa 14 Nyakanga 2021 mu nama y’abaminisitiri, yahawe umuyobozi wayo wa mbere ariwe Dr Bizimana Jean Damascène wari usanzwe ayoboraga CNLG kuva mu 2015.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame niwe wagize Dr. Bizimana Jean Damascene Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu mu gihe Busingye Johnston wari Minisitiri w’Ubutabera yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza
Iyi minisiteri yahawe kuyobora ifite inshingano zo (…) -
Nigeria: Nibura abantu 13 bamaze kwicirwa mu myigaragambyo yamagana imibereho mibi
2 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko byibuze abigaragambyaga 13 bishwe mu myigaragambyo yabereye muri Nigeria yamagana ikibazo cy’ubukungu muri iki gihugu yahindutsemo urugomo muri leta nyinshi.
-
Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kudakomeza gusubiza ibihuha byibasira ubuyobozi bw’igihugu
28 May 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma y’aho muri iyi minsi hongeye kwaduka ibikorwa by’abakoresha itangazamakuru bibasira ubuyobozi bw’Igihugu n’abaturage muri rusange, bagamije inyungu za politiki, yahisemo kudakomeza gusubiza ibyo bihuha bidafite ishingiro kuko yabisobanuye kenshi mu buryo buhagije.
-
Abaholandi babiri ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi
23 September 2025, by ISIMBI EstellaAbaholandi babiri Arens Megan mu bagore na Michiel Mouris mu bagabo, ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 mu cyiciro cy’ingimbi n’abangavu basiganwa n’ibihe.
-
Umukozi w’ akarere ka Nyagatare yasubije nabi abadepite bahita bamusohora
11 June 2018Abagize Komisiyo y’Abadepite ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’umutungo wa Leta basohoye mu cyumba cy’Inama, Umukozi w’akarere ka Nyagatare ufite mu nshingano ‘Ubugenzuzi bw’imikoreshereze y’imari muri aka karere , Mwumvaneza Emmanuel nyuma yo kugaragaza agasuzuguro mu bisubizo yahaga abagize iyi komisiyo.
-
Paris: Urubanza rwa Philippe Hategekimana rwakomeje ku munsi wa rwo wa Kabiri
5 November 2024, by Joseph IradukundaUrukiko rwa Rubanda rw’Ubujurire i Paris mu Bufaransa rugeze ku munsi wa kabiri w’urubanza rwa Philippe Hategekimana Manier wajuririye igifungo cya burundu yakatiwe n’urugereko rw’iremezo mu kwezi kwa gatandatu umwaka ushize wa 2023, nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
-
Impumeko ya Harerimana, Meya wa Rusizi weguye n’ icyo asaba uzamusimbura
13 May 2018, by Nsanzimana ErnestHarerimana Frederic wari umaze imyaka ibiri n’ igice ari Umuyobozi w’ Akarere ka Rusizi weguye arasaba uzamusimbura kuzita ku mutekano no kwegera abaturage.
Umuryango.rw
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yabonye Minisitiri mushya,Busingye ahindurirwa imirimo
Nigeria: Nibura abantu 13 bamaze kwicirwa mu myigaragambyo yamagana imibereho mibi
Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kudakomeza gusubiza ibihuha byibasira ubuyobozi bw’igihugu
Abaholandi babiri ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi
Paris: Urubanza rwa Philippe Hategekimana rwakomeje ku munsi wa rwo wa Kabiri