Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro ‘Norrsken Kigali House’, Ishami rya Afurika y’Iburasirazuba ry’Ikigo cyo muri Suède gisanzwe gifasha ba rwiyemezamirimo bafite imishinga y’ikoranabuhanga yakemura bimwe mu bibazo byugarije Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yongeye guha ubutumwa bukomeye abasuzugura Afurika
8 November 2023, by Dusingizimana Remy -
DR Congo yasabiwe gukurirwaho ikomanyirizwa ku isoko ry’intwaro
3 October 2022, by Joseph IradukundaUbushinwa burasaba ko DR Congo ikurirwaho gukomanyirizwa ku masoko y’intwaro ku isi bukanasaba ko imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa DR Congo izishyira hasi.
-
U Rwanda rwibukije EAC kureka kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke mu karere
1 December 2024, by Joseph IradukundaU Rwanda rwagaragaje ko Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bikwiye kureka kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke mu Karere, kugira ngo bigire amahoro.
-
U Rwanda na Uganda bafashe ingamba zirindwi zikomeye zirimo ko Abanyarwanda bafunzwe binyuranyije n’amategeko bagiye kurekurwa
16 September 2019, by Dusingizimana RemyAbahagarariye Leta y’u Rwanda na Uganda bateraniye i Kigali uyu munsi taliki ya 16 Nzeri 2019 biga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aherutse gusinyirwa muri Angola,aho mu ngingo zirindwi bemeranyijeho harimo ko impande zombi zihagarika ’propaganda mbi’ mu itangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga na Uganda yemera kurekura Abanyarwanda bafunzwe binyuranyije n’amategeko.
-
Mozambike: Impunzi ziri mu byishimo byo kugaruka mu rugo zibifashijwemo na RDF n’ingabo za Mozambike
29 August 2021, by Dusingizimana RemyMu byishimo byo ku rwego rwo hejuru, impunzi zari zarahungiye mu duce dutandukanye tw’Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique zatangiye gusubira mu byazo zibifashijwemo na RDF ndetse n’ingabo za Mozambike.
Nyuma y’uko Ingabo z’u Rwanda na Polisi y’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zibohoye uduce dutandukanye twari twarigaruriwe n’ibyihebe muri iyi ntara ndetse zikabyirukana mu birindiro bikomeye.
Inkambi y’impunzi ya Quitunda iherereye hafi y’icyambu cya Afungi ku Nyanja y’Abahinde, (…) -
UPDATE:Polisi yafashe za mfungwa zose zari zatorotse aho zavurirwaga koronavirusi
9 July 2020, by Dusingizimana RemyImfungwa 4 zari zaraye zitorotse ikigo zavurirwagamo Covid-19 mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma,cya ASPEK zamaze gufatwa na Polisi y’igihugu nyuma yo gutatana zihunga.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma
22 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Gaspard Twagirayezu yagizwe Minisitiri w’Uburezi mu gihe Dr. Valentine Uwamariya yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango.
-
Goverinoma y’U Rwanda yakuyeho urujijo ku bizatunga abimukira bazava mu Bwongereza
21 March 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yatanze ubusobanuro ku mafaranga azifashishwa muri gahunda yo kwakira abimukira bagiye kuza mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Bwongereza , asobanura ko aya mafaranga atazaturuka mu isaduku ya Leta y’U Rwanda nk’uko benshi bakomeje ku byibaza.
-
Leta ya Congo mu biganiro byo kugura indege zikanganye z’Abashinwa
18 March 2023, by Dusingizimana RemyBiravugwa ko Leta ya Congo yakiriye itsinda rivuye mu bushinwa kugira ngo bumvikane uko bagura indege kabuhariwe CAC/PAC JF-17 Thunder zo Kuyifasha kurasa ingabo z’umutwe wa M23.
Ikipe ikomeye iturutse muri China National Aero-Technology Import & Export Corp (CATIC) yageze i Kinshasa mu cyumweru gishize,iri kumwe n’abayobozi ba People’s Liberation Army (PLA),baje kugurisha indege zo mu bwoko bwa JF-17 Thunder igihugu cya DR Congo.
Ikinyamakuru Africa Intelligence cyemeje aya makuru (…) -
KNC yavuze uburyo Aline Gahongayire akeneye kwitabwaho akavurwa
29 April 2019, by Martin MunezeroMu minsi ishize nibwo hasakaye amashusho ya Aline Gahongayire yifatira ku gahanga itangazamakuru ryo mu Rwanda. Mu buhamya aherutse gutanga, yavuze uburyo yagiye azamuka, iby’amagambo y’abantu n’uburyo atari ku rwego rw’itangazamakuru ryo mu Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yongeye guha ubutumwa bukomeye abasuzugura Afurika
DR Congo yasabiwe gukurirwaho ikomanyirizwa ku isoko ry’intwaro
U Rwanda rwibukije EAC kureka kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke mu karere
Mozambike: Impunzi ziri mu byishimo byo kugaruka mu rugo zibifashijwemo na RDF n’ingabo za Mozambike
UPDATE:Polisi yafashe za mfungwa zose zari zatorotse aho zavurirwaga koronavirusi
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma
Goverinoma y’U Rwanda yakuyeho urujijo ku bizatunga abimukira bazava mu Bwongereza
Leta ya Congo mu biganiro byo kugura indege zikanganye z’Abashinwa