Uwari umuganga w’abakinnyi ba Rayon Sports, Dr Mugemana Charles, uheruka kwitaba Imana, yasezeweho bwa nyuma i Kigali kuri iki Cyumweru, tariki ya 18 Mutarama 2026, mu muhango witabiriwe n’ab’ingeri zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mugemana yasezeweho bwa nyuma, umukobwa we ‘Queen Cha’ amurata ubutwari
18 January, by Brenda MIZERO -
Abanyeshuri bigaga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazasibira bose, abiga ikiburamwaka (gardienne) nibo bazimurwa gusa
21 February 2021, by Martin MunezeroInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yatangaje ko amashuri yose (harimo n’ay’i Kigali yari amaze umwaka wose afunzwe), azatangira amasomo ku wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021, hakaba hari abazasibira n’abazimuka.
-
Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize
4 December 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo yahitanye abantu 48 hakomereka 149.
-
Senegal: Perezida Kagame yitabiriye inama ku mahoro n’ umutekano [AMAFOTO]
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari mu gihugu cya Senegal yakiriwe na Perezida wa Macky Sally w’ iki gihugu ku mugorobo wo kuwa 12 Ugushyingo 2017.
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ya kane y’ihuriro mpuzamahanga rya Dakar ryiga ku bibazo by’amahoro n’umutekano.
Ibiro bya Perezida Kagame (Village Urugwiro) bibinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, byatangaje ko yakiriwe na mugenzi we wa Senegal Macky Sall. -
Gatabazi Jean Marie Vianney yongeye guhabwa inshingano
17 July 2025, by Joseph IradukundaGatabazi Jean Marie Vianney wigeze kuba Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yongeye kugirirwa icyizere.
-
M23 yageze mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma
12 November 2022, by Dusingizimana RemyMunyarugero Canisius Karemera, Umwe mu bavugizi ba M23 yemeje ko uyu mutwe ugeze ku birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma ndetse biteguye kuwutera bakawufata.
Amakuru aravuga ko imirwano ikomeye iri kubera muri izi 20 km uvuye I Goma.
M23 irashaka kwinjira muri uyu mujyi ukambitsemo ingabo za EAC zikomoka muri Kenya zahageze mbere.
Umuvugizi mu bya politiki wungurije wa M23 yahumurije abatuye Goma.Yabwiye umunyamakuru wa Radio 10 ati "Nibahumure mama, tubazaniye amahoro. Baragira (…) -
Ni Joseph Kabila uri inyuma ya AFC, M23 n’Inyeshyamba za Mobondo – Jean-Pierre Bemba
6 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu, itariki ya 5 Werurwe 2025, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba Gombo, yashinje, uwahoze ari perezida wa DRC, Joseph Kabila Kabange, kuba ari we watangije inyeshyamba za M23, Alliance Fleuve Congo ya Corneille Nangaa.
-
U Rwanda na Pakistan biyemeje ubufatanye mu guteza imbere ubumenyi n’ikoranabuhanga
28 October 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda na Pakistan byiyemeje gukomeza ubufatanye bugamije gushyigikira no guteza imbere ubumenyi mu burezi n’ikoranabuhanga hagamijwe guteza imbere urubyiruko no kurwanya ubushomeri.
-
Goma: Hari abakekwaho gushaka abajya mu gisilikare cya M23 bafashwe
26 August 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatandatu w’icyumweru twaraye dusoje, herekanwe mu mugi wa Goma itsinda ry’abantu cumi na batanu batawe muri yombi mu gikorwa cya buri cyumweru kiswe “Safisha Mji wa Goma” (Sukura umujyi wa Goma).
-
Umutangabuhamya yasabye Dr. Munyemana kugaragaza irengero ry’imibiri y’ababo bishwe
7 October 2025, by ISIMBI EstellaUmutangabuhamya mu rubanza rw’ubujurire ruregwamo Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, yamusabye kugaragaza irengero ry’imibiri y’ababo bishwe kugira ngo izashyingurwe mu cyubahiro.
Umuryango.rw
Mugemana yasezeweho bwa nyuma, umukobwa we ‘Queen Cha’ amurata ubutwari
Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize
Gatabazi Jean Marie Vianney yongeye guhabwa inshingano
M23 yageze mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma
Ni Joseph Kabila uri inyuma ya AFC, M23 n’Inyeshyamba za Mobondo – Jean-Pierre Bemba
U Rwanda na Pakistan biyemeje ubufatanye mu guteza imbere ubumenyi n’ikoranabuhanga
Goma: Hari abakekwaho gushaka abajya mu gisilikare cya M23 bafashwe
Umutangabuhamya yasabye Dr. Munyemana kugaragaza irengero ry’imibiri y’ababo bishwe