Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizumana Jean D’amascene, yagaragaje ko abize ari bo bica Ikinyarwanda kandi bidakwiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ikinyarwanda cyangizwa cyane n’abize- Minisitiri Dr. Bizimana
11 February, by ISIMBI Estella -
Jeannette Kagame yavuze ku bashaka gusenya Ubunyarwanda
2 November 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa 31 Ukwakira 2020, mu ihuriro ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri ryibanze ku gaciro k’Ubunyarwanda, Jeannette Kagame yavuze ku bashaka gusenya ubunyarwanda babitewe n’impamvu zitandukanye.
-
Kabuga Felicien aragezwa imbere y’urukiko rw’I Paris kuri uyu wa Kabiri
19 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020, ni bwo Kabuga Félicien agezwa imbere y’urukiko i Paris mu Bufaransa, aho amenyeshwa ibyaha akurikiranweho. Biteganyijwe ko mu minsi 8 urukiko ruzatangaza niba azashyikirizwa Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha.
-
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabye gusubikirwa urubanza agashaka umwunganizi
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kumusubikira urubanza rw’ubujurire aregwamo n’Ubushinjacyaha ku cyaha cyo gutwara ikinyabiziga yanyweye ibisindisha.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 20 Ukwakira 2023
21 October 2023, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
-
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yahishuriye abanyafurika isomo bakwigira kuri Koreya y’Epfo
4 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagaragaje ko Umugabane wa Afurika ufite buri kimwe ukeneye kugira ngo ugere ku iterambere rirambye bityo ukwiriye kwigira kuri Koreya y’Epfo kubibyaza umusaruro.
-
U Rwanda rwihanganishije u Bwongereza kubera urupfu rw’Igikomangoma Philip
11 April 2021, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yihanganishije Guverinoma y’Ubwongereza n’Abongereza muri rusange kubera urupfu rw’Igikomangoma Philip w’imyaka 99 wari umugabo w’umwamikazi w’Ubwongereza bari bamaze imyaka 73 babana.
-
Umwicanyi ruharwa uryamye mu kiyaga cya Kivu, icyago cyangwa amahirwe ku Rwanda
18 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbashakashatsi bagaragaraje ko nta kigikozwe mu maguru mashya ikiyaga cya Kivu nubwo abantu bakibonana umutuzo gishobora kwica abantu bagera kuri miliyoni ebyiri mu kanya nk’ ako guhumbya.
Iki kiyaga kirimo gaz methane igera kuri km3 60, na dioxide de carbone hafi km3 300, izi gaz zombi abashakashatsi bazigerenya na bombe rutura ishobora guturika ikamara abantu nk’ uko byabaye muri Cameroun myaka 31 ushize.
Inkuru UMURYANGO ukesha, ikinyamakuru science.howstuffworks.com ivuga ko mu (…) -
Umushyikirano 2026: Perezida Kagame yagarutse ku mubano w’u Rwanda na RDC
5 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa 05 Gashyantare 2026 muri Convetion Center, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangije ku mugaragaro Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20, biteganyijwe ko izamara iminsi ibiri kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 6 Gashyantare 2026. Iyi nama ikaba ihuza abayobozi mu nzego zitandukanye n’abaturage, hagamijwe kuganira ku bibazo bireba igihugu n’icyerekezo cyacyo.
Umuryango.rw
Ikinyarwanda cyangizwa cyane n’abize- Minisitiri Dr. Bizimana
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabye gusubikirwa urubanza agashaka umwunganizi
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 20 Ukwakira 2023
Perezida Kagame yahishuriye abanyafurika isomo bakwigira kuri Koreya y’Epfo
U Rwanda rwihanganishije u Bwongereza kubera urupfu rw’Igikomangoma Philip
Umushyikirano 2026: Perezida Kagame yagarutse ku mubano w’u Rwanda na RDC