Habumugisha Vincent , uyobora ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije Democratic Green Party of Rwanda mu ntara y’uburengerazuba, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Ukwakira 2018.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umwe mu bayobozi b’ ishyaka Green Party yatawe muri yombi
28 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
"Umwanya wa Perezida si uwo gukinisha”_Perezida wa NEC avuga kuri Kandidatire zanzwe
20 June 2024, by Dusingizimana RemyMadamu Oda Gasinzigwa,uyobora Komisiyo y’igihugu y’amatora,NEC, yatangaje ko nta muntu ukwiye gutekereza ko gushaka kuba Perezida byoroshye, kuko abaturage baba biteze byinshi ku mukandida.
-
Perezida Kagame na mugenzi we Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola ku kibazo cy’umubano w’u Rwanda na Uganda
1 February 2020, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2020, Ibihugu by’u Rwanda na Uganda birasubira muri Angora mu biganiro bigamije gushakira hamwe umuti w’ikibazo cy’umubano umaze iminsi warajemoagatotso hagati y’ibi bihugu byombi.
-
Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi
2 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari Minisitiri w’ uburezi wumvise ubusabe bwa Minisiteri y’ imari n’ igenamigambi akemera kugabanya ingengo y’ imari ya UR.
Ubwo kuri uyu wa Mbere tariki 2 Ukwakira 2017, Kaminuza y’ u Rwanda yitabaga Komisiyo y’ abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshezere y’ imari ya Leta PAC, UR yabajijwe impamvu hari (…) -
Bamporiki yasabiwe gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 FRW
21 September 2022, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge guhamya Bamporiki Edouard ibyaha byo kwakira indonke no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite, agahanishwa gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 Frw.
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco yagejejwe imbere y’urukiko, aburana ku byaha bibiri aregwa, byo kwakira indonke ya miliyoni 5 Frw no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite.
Bamporiki (…) -
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu ibihumbi 2,046 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu gihugu hose
1 August 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yaramukiye mu gikorwa cyo kwerekana abantu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bangana na 2,046 mu gihugu hose barimo na 925 bo mu mujyi wa Kigali.
-
Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda
18 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda, arushinja kuba ari rwo nyirabayazana w’amabi amaze igihe ari mu bihugu by’akarere.
-
Mozambique: Hamaze gupfa abasirikare 4 b’u Rwanda n’inyeshyamba zirenga 100
30 September 2021, by Dusingizimana RemyKuva mu kwezi kwa karindwi ingabo z’u Rwanda zakwinjira mu ntambara yo kurwanya inyeshyamba mu majyaruguru ya Mozambique hamaze gupfa abasirikare bane b’u Rwanda, nk’uko umuvuguzi w’ingabo abivuga.
Col Ronald Rwivanga, umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, yabwiye Umunyamakuru Anne Soy wa BBC ko bamaze kwica abarenga 100 muri izo nyeshyamba kuva bahagera,mu gihe u Rwanda rumaze gutakaza ingabo 4.
Ati: "Umwanzi yapfushije abarenga 100, abo ni abo twabonye n’amaso ariko hari n’imirambo bahunganye (…) -
Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana bakatiwe igifungo cy’imyaka 20 na 25 [YAVUGURUWE]
20 September 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imbibi rwakatiye igifungo cy’imyaka 25 Rusesabagina Paul nyuma yo guhamwa n’ibyaha binyuranye birimo n’iby’iterabwoba.
Urukiko rwavuze ko nta nyoroshyacyaha yahabwa kuko atitabiriye amaburanisha ngo asobanure byimbitse ibyaha yashinjwe.
Uru rukiko kandi rwakatiye igifungo cy’imyaka 20 Nsabimana Callixte alias Sankara nyuma yo guhamwa n’ibyaha binyuranye birimo n’iby’iterabwoba.Sankara yakatiwe iyi myaka (…) -
"U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka"-Perezida Kagame
2 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame Paul yatangaje ko Leta y’u Rwanda n’iya Tanzania basangiye byinshi birenze kuba ari ibihugu bihana imbibi ndetse biteguye gukorana mu mishinga y’irembere.
Umuryango.rw
"Umwanya wa Perezida si uwo gukinisha”_Perezida wa NEC avuga kuri Kandidatire zanzwe
Bamporiki yasabiwe gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 FRW
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu ibihumbi 2,046 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu gihugu hose
Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda
Mozambique: Hamaze gupfa abasirikare 4 b’u Rwanda n’inyeshyamba zirenga 100
Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana bakatiwe igifungo cy’imyaka 20 na 25 [YAVUGURUWE]
"U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka"-Perezida Kagame