Perezida Paul Kagame yifashishije ifoto ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame ndetse n’abana bose n’umwuzukuru, yatangaje ko umuryango we bifurije indi miryango y’Abanyarwanda kuzagira umwaka mwiza w’imigisha wa 2022.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Perezida Kagame Paul na Madamu Jeannette Kagame ndetse n’abana bose n’umwuzukuru bifurije Abanyarwanda kuzagira umwaka mwiza wa 2022.
Ubu butumwa bwatambutse kuri uyu wa Gatandatu tariki 01 Mutarama 2022 ubwo Abaturarwanda bose bari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame n’umuryango we bifurije Abanyarwanda umwaka mwiza
1 January 2022, by Dusingizimana Remy -
Jenerali wayoboye Urwego rw’Ubutasi n’Uwayoboye Inkeragutabara birukanwe muri RDF
7 June 2023, by UbwanditsiMaj Gen Aloys MUGANGA wigeze kuyobora Inkeragutabara na Brig Gen Francis MUTIGANDA wayoboye Ubutasi hamwe n’abandi Basilikare 116 bafite Amapeti anyuranye birukanwe mu Gisilikare cy’u Rwanda, RDF.
Itangazo rya RDF ribirukana ryasohotse mu ijoro ryo ku italiki 07/6/2023 ntirivuga impamvu birukanwe.
Maj Gen Aloys MUGANGA yigeze kuyobora Inkeragutabara, umwanya yari asimbuyeho Gen Fred IBINGIRA, ariko uyu umwanya ntiyawutinzeho.
Brig Gen Francis MUTIGANDA we yabaye Umuyobozi muri NISS (…) -
Perezida Museveni yahaye ubutumwa bukomeye intumwa za Tshisekedi zamusuye zije kumuregera u Rwanda
15 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Tshisekedi wa RDC yohereje intumwa kuri Perezida Museveni kumusaba ko yagira uruhare mu kumufasha gukemura ikibazo cya M23 yemeza ko iterwa inkunga n’u Rwanda.
Ubwo izi ntumwa zakirwaga na Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Alexis Gisaro wari uzihagarariye, yamubwiye ku kibazo cy’umutekano muke cyugarije Igihugu cyabo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri guterwa n’umutwe wa M23.
Nkuko UBC ibitangaza, Alexis Gisaro yongeye gushimangira ko uyu mutwe wa M23 ufashwa (…) -
P. Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Gen Kazura n’abasirikare barenga 1,000
31 August 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda.
-
Abasirikare ba RDC bakomeje guhanganira na Wazalendo muri Uvira
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo bakomeje guhanganira muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Abadepite n’ abasenateri bibajije niba u Rwanda rutarega HRW
19 October 2017, by Nsanzimana ErnestUbwo Komisiyo y’ uburenganzira bwa muntu yagezaga ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi ibikubiye mu iperereza yakoze kubyavuzwe muri raporo y’ umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu HRW intumwa zababaje ko kuba raporo ya HRW yarimo ibinyoma bibaza niba u Rwanda rutarega HRW.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Ukwakira, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko habereye inama nyungurabitekerezo yavugaga kuri raporo ya HRW, aho hari hatumiwe Komisiyo y’Igihugu (…) -
Perezida Kagame yagaragaje umusingi watuma Afurika itera imbere kurushaho
16 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko kunga ubumwe kw’Afurika bizarushaho gutanga umusaruro kw’iterambere ryayo gusa ashimangira ko kugira ngo Afurika ibe moteri y’ubukungu bw’isi,abayituye bakwiye guhindura imyumvire no kwimakaza indangagaciro.
-
Mu busabe 84 bwo gufungurirwa insengero hemerewe 15 - RGB
20 November 2025, by Brenda MIZEROInsengero zafunzwe kuko zitari zujuje ibisabwa, zakoze ibishoboka ngo zibyuzuze, 84 zasabye gufungurirwa muri zo 15 ni zo zemerewe.
-
Perezida Kagame yibukije Abanyaburayi akamaro ko gukorana neza n’Abanyafurika
9 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yabwiye bagenzi be bitabiriye Inama ihuza ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi n’abo mu Muryango wa Afurika yunze ubumwe ko gukorana mu bwubahane n’ubuhahirane bigirira buri wese akamaro.
-
U Rwanda rwagaruje miliyari 1,3 Frw yanyerejwe mu byaha bya Ruswa
21 October 2025, by Brenda MIZERORaporo y’Urwego rw’Umuvunyi y’ibikorwa bya 2024/25 igaragaza ko Minisiteri y’Ubutabera yagaruje arenga miliyari 1,3 Frw yari yanyerewe binyuze mu byaha bya ruswa n’ibindi byaha bimunga ubukungu bw’igihugu.
Umuryango.rw
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame n’umuryango we bifurije Abanyarwanda umwaka mwiza
Jenerali wayoboye Urwego rw’Ubutasi n’Uwayoboye Inkeragutabara birukanwe muri RDF
Perezida Museveni yahaye ubutumwa bukomeye intumwa za Tshisekedi zamusuye zije kumuregera u Rwanda
P. Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Gen Kazura n’abasirikare barenga 1,000
Abasirikare ba RDC bakomeje guhanganira na Wazalendo muri Uvira
Perezida Kagame yagaragaje umusingi watuma Afurika itera imbere kurushaho
Mu busabe 84 bwo gufungurirwa insengero hemerewe 15 - RGB
Perezida Kagame yibukije Abanyaburayi akamaro ko gukorana neza n’Abanyafurika
U Rwanda rwagaruje miliyari 1,3 Frw yanyerejwe mu byaha bya Ruswa