Inama y’Abakuru b’Ibihugu yigaga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,yafashe imyanzuro itandukanye irimo uvuga ko inyeshyamba za M23 zigomba kuva mu duce zafashe vuba.
Iyi nama yabereye i Luanda kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2022,yatumijwe na Perezida wa Angola akaba n’umuhuza mu bibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, João Manuel Gonçalves Lourenço.
Yitabiriwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akaba ari na we uyoboye Umuryango (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abaperezida ba EAC basabye M23 kuva mu duce yafashe vuba na bwangu
23 November 2022, by Dusingizimana Remy -
Utubari 9600 tumaze gufungwa hirya no hino kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
13 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase,yatangaje ko kubera ingamba zikomeye zo kwirinda Covid-19,hamaze gufungwa utubari 9600 two hirya no hino mu gihugu.
-
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
18 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda witabiriye inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika yunze Ubumwe (AU) ibera mu Bubiligi,yavuze ko imiyoborere myiza ari nk’umubiri bityo ikwiye kubungabungwa.
Inama ya EU na AU yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuri uyu wa Gatanu kuko yari iy’iminsi ibiri aho yavuze mu biganiro ku mahoro, umutekano n’imiyoborere.
Perezida Kagame watanze ikiganiro ku munsi wa mbere nk’uko byatangajwe na Perezidansi (…) -
Minisitiri Shingiro yatumiye Dr.Vincent Biruta I Burundi mu rugendo rwo gutsura umubano
20 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi Albert Shingiro na Vincent Biruta, w’u Rwanda, uyu munsi bahuriye ku mupaka w’ibihugu byombi wa Nemba – Gasenyi baganira ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
-
Ange Kagame yasabwe aranakobwa[AMAFOTO]
28 December 2018, by Ubwanditsi 1Ange Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida Paul Kagame amakuru ikinyamakuru UMURYANGO yamenye nuko uyu munsi tariki 28 Ukuboza yasabwe akanakobwa n’umusore bakundana witwa Bertrand Ndengeyingoma mu muhango wabereye mu rugo rwa Perezida Kagame mu karere ka Rwamagana, Umurenge wa Muhazi Akagari ka Ntebe mu mudugudu w’Urugwiro watumiwemo abo mu miryango yombi n’inshuti .
-
Umushyikirano16: Perezida Kagame yavuze ko ababuza u Rwanda umutekano aribo bizagaruka
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yasabye Abanyarwanda kunga ubumwe, kureba kure, no gukora ibintu nk’ abazabibazwa abwira Abanyarwanda abashaka gukomeza guhungabanya umutekano w’ u Rwanda aribo bizagaruka.
-
Perezida Kagame yashyizeho Guverineri mushya w’Intara y’Amajyaruguru
10 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahaye inshingano Maurice Mugabowagahunde yo kuba Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru asimbuye Nyirarugero Dancille wagiye kuri uyu mwanya tariki 15 Werurwe 2021.
-
Perezida Kagame yavuze ku mubano w’u Rwanda na Uganda anasubiza abanenga imikoranire y’u Rwanda na Arsenal mu kiganiro yahaye NTV
12 November 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yagiranye ikiganiro kirambuye n’umunyamakuru Smriti Vidyarthi wa Televiziyo yo muri Kenya ya NTV,wamubajije ku mubano w’u Rwanda na Uganda ndetse n’icyo amasezerano u Rwanda rufitanye na Arsenal amaze kugeraho.
-
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
J. Kagame yagaragaje ko intego y’u Rwanda ari ukugira umuryango ukungahaye
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierMadamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda.
Ubwo yageraga mu Karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, Akagali ka Nyamiryango, Madamu wa Perezida wa Repubulika yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo muri uyu murenge biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza ku (…)
Umuryango.rw
Abaperezida ba EAC basabye M23 kuva mu duce yafashe vuba na bwangu
Utubari 9600 tumaze gufungwa hirya no hino kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
Perezida Kagame yashyizeho Guverineri mushya w’Intara y’Amajyaruguru