Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye uburyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwirengagiza ingingo zikomeye zemerejwe mu nama ya Luanda, ahubwo igakoresha imvugo zisa n’izica amarenga yo kurugaba ibitero.
Itangazo ry’u Rwanda rivuga ko imyigaragambyo y’abaturage ba Goma yo kwamagana ingabo zihuriweho z’ibihugu bya EAC zashyizweho kujya kugarura amahoro muri RDC igaragaza ko iki gihugu gishaka kwikura mu masezerano ya Luanda.
Rivuga ko iyo myigaragambyo igaragaza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda yashinje iya RDC imvugo zica amarenga yo kurugabaho ibitero
19 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
14 June 2020, by Dusingizimana RemyAmakuru aturuka mu Karere ka Musanze aravuga ko hari hoteli eshatu zafunzwe, abakozi bazo bashyirwa mu kato ndetse barapimwa nyuma y’uko hari abantu batanu basanzwemo icyorezo cya Coronavirus kandi barahanyuze.
Umuyobozi w’aka Karere yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko bari gushakisha ababa barahuye na bariya bantu kugira ngo bashyirwe mu kato batanduza abandi.
Amakuru avuga ko hari abantu batanu basanzwemo COVID-19 kandi baranyuze muri hoteli 3 zo mu Karere ka Musanze.
Ngo bahanyuze (…) -
Isi ntishobora kubaho neza yirengagiza abagore- Louise Mushikiwabo
19 November 2025, by Brenda MIZEROUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo yavuze ko Isi idashobora kubaho neza no gutera imbere yirengagiza abagore cyane ko bagize kimwe cya kabiri cy’abayituye.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yigaragaje cyane mu mukino wa Basketball
21 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yafunguye ku mugararo ikibuga cya "Club Rafiki", i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali, cyongeye gufungurwa ku mugaragaro nyuma yo gutunganywa.
Ni umuhango witabiriwe n’Umunya-Nigeria Masai Ujiri uyobora Ikipe ya Toronto Raptors, Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, abafite aho bahuriye n’ibikorwa bya siporo muri Afurika, abayobozi mu nzego nkuru za Leta, abakinnyi n’abandi.
Iki kibuga cyavuguruwe neza kugira ngo abakiri bato bakomeze kuzamura urwego rwabo ndetse no gufasha (…) -
Mike Tyson agiye kurwana na Floyd Mayweather mu mukino uzabera muri RDC
17 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi b’ibyamamare mu mukino w’iteramakofe, Mike Tyson na Floyd Mayweather, byatangajwe ko bagiye gukina umukino w’imurika (exhibition fight) uzabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Urukiko rwagize umwere Wenceslas Twagirayezu woherejwe mu Rwanda ashinjwa ibyaha bya jenoside
11 January 2024, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi ruri i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rugize umwere Wenceslas Twagirayezu woherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Denmark kubyaha yarakurikiranweho bifitanye isano na Jenoside.
-
Perezida Kagame yagaragaje inkingi abanyarwanda bakwiriye kubakiraho muri 2024
31 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame baraye bakiriye ku meza Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu birori bisoza umwaka wa 2023,aho yavuze ko u Rwanda rwateye imbere kubera amahitamo y’abanyarwanda ndetse ko muri 2024 bagomba kubakira ku bufatanye.
-
U Rwanda rugiye kubaka icyanya cy’inganda cyahariwe ibikomoka ku mpu
13 October 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, MINICOM, iratangaza ko mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba hagiye kubakwa icyanya cy’inganda cy’ahazajya hatunganyirizwa ibikomoka ku mpu z’amatungo.
-
Centrafrique: Umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yaguye mu mirwano n’inyeshyamba
13 January 2021, by Dusingizimana RemyUmusirikare w’umunyarwanda uri mu butumwa bw’amahoro bwa UN muri Centrafrique yiciwe mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta zifatanyije n’iza UN hafi y’umurwa mukuru Bangui, nk’uko bitangazwa na MINUSCA.
-
Nta tafari rikigeretse ku rindi muri Kibiraro na Kangondo
19 September 2022, by Dusingizimana RemyInzu zo mu kajagari ko mu midugudu ya Kangondo na Kibiriraro kazwi cyane nka ‘Bannyahe’ zamaze gusenywa ‘zose’ nk’uko bamwe mu bari bahatuye ndetse n’abategetsi babivuga.
Ku cyumweru, Jean de la Paix Barawugira yabwiye BBC ati: “Ubu nta nzu n’imwe ihari.
“Zose banyujijeho katerepurari, nanjye ibyanjye bahise babihirika n’ibikoresho bimwe bitaravamo”.
Kuwa kane, abatuye aka gace babyutse basanga kagoswe abapolisi bitwaje intwaro nta wemerewe kuhinjira no gusohoka, drones zanyuze hajuru (…)
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda yashinje iya RDC imvugo zica amarenga yo kurugabaho ibitero
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
Isi ntishobora kubaho neza yirengagiza abagore- Louise Mushikiwabo
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yigaragaje cyane mu mukino wa Basketball
Mike Tyson agiye kurwana na Floyd Mayweather mu mukino uzabera muri RDC
Urukiko rwagize umwere Wenceslas Twagirayezu woherejwe mu Rwanda ashinjwa ibyaha bya jenoside
Perezida Kagame yagaragaje inkingi abanyarwanda bakwiriye kubakiraho muri 2024
U Rwanda rugiye kubaka icyanya cy’inganda cyahariwe ibikomoka ku mpu
Nta tafari rikigeretse ku rindi muri Kibiraro na Kangondo