Iteka rya Perezida nº 22/01 ryo ku wa 21 Ukwakira 2016 rishyiraho sitati yihariye y’ingabo z’u Rwanda (RDF) risobanura byimbitse ibishingirwaho kugira ngo ingabo zizamurwe mu ntera, aho rigaragaza n’ingano y’imyaka umusirikare uyu n’uyu agomba kuba amaze mu mwuga.
Iri teka rivuga ko izamurwa mu ntera rikorwa nyuma y’isuzuma ryakorewe ugomba kuzamurwa, hashingiwe kandi ku myanya y’akazi ihari.
Izamurwa mu ntera rikorwa n’umuyobozi ubifitiye ububasha kandi rishobora kugira agaciro guhera (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Menya ibikurikizwa mukuzamura abasirikare b’ u Rwanda mu ntera
27 March 2018 -
RIB yatangaje ko abantu 105 bavanwe mu bihugu bari baracurujwemo
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko kuva muri Kamena 2024 kugeza muri Gicurasi 2025 Abanyarwanda 105 bagaruwe bakuwe mu bihugu bitandukanye bari baragiye gucuruzwamo mu mahanga, na ho abandi 57 bo bakumiriwe bari bagiye kwinjizwa muri ubwo bucuruzi.
-
Perezida Kagame na Netanyahu baganiriye no kugufungura ambasade mu Rwanda
28 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’ Intebe wa Isael baganiriye ku mubano w’ ibihugu byombi banakomoza kuri gahunda ya Israel yo gufungura ambasade mu Rwanda.
-
Château le Marara yakomorewe, ijya mu maboko mashya
26 December 2025, by Brenda MIZEROUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwahaye uruhushya rwo gukora hoteli ya Château le Marara yari iherutse gufungwa nyuma y’uko bigaragaye ko yakoraga nta burenganzira ifite.
-
Afurika y’Epfo: Inteko Ishinga Amategeko yabwiwe ko SANDF iri muri RDC kurinda inyungu z’igihugu
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIIshami rishinzwe imibanire n’ubutwererane mpuzamahanga (DIRCO) ryatangaje ko kurengera no guteza imbere inyungu z’igihugu cya Afurika yepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) ari zimwe mu mpamvu Igisirikare cya Afurika y’Epfo kiri muri iki gihugu.
-
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda ubufatanye mu guhashya COVID-19 Coronavirus yageze mu Rwanda
14 March 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame amaze gutanga ubutumwa bukomeye ku byerekeye icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda aho yasabye Abanyarwanda ubufatanye mu kwirinda kugira ngo iki cyorezo kidakwirakwira cyane.
-
Guma mu rugo n’icyemezo gikomeye ariko gishobora kongera gufatwa-Minisitiri w’Ubuzima
17 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,yatangaje ko mu gihe icyorezo cya Coronavirus cyakomeza kwiyongera nta kabuza umujyi wa Kigali ushobora gusubizwa muri gahunda ya Guma mu rugo yawuzahaje mu mezi yashize.
-
Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida w’ Ubufaransa
11 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda yatangaje Perezida Kagame na Emmanuel Macron uyobora u Bufaransa baganiriye gusa ntiyantaje ibyo baganiriye.
Perezida Kagame yaherukaga guhurira na Macron muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu nama y’Umuryango w’Abibumbye. Icyo gihe hari muri Nzeri 2017.
Perezida Kagame yatanze ikiganiro muri iyi nama y’ (…) -
Perezida Kagame yahishuye impamvu aheruka guha imyanya abakiri bato muri Guverinoma
24 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya batatu baherutse kwinjira muri Guverinoma y’u Rwanda,kuri uyu wa Kane,tariki ya 24 Kanama 2023.
-
Meya wa Nyamagabe Mugisha Philbert yasezerewe ku buyobozi
20 November 2017, by Iyamuremye JanvierMugisha Philbert uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’Igihugu yahagaritswe ku buyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe n’Inama njyanama y’Aka Karere.Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yabahuje kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2017.
Fiacre Ndahindurwa, umuyobozi wa njyanama y’Akarere ka Nyamgabe yabwiye KT Radio ducyesha iyi nkuru ko iyo nama yateranye mu buryo busanzwe maze ngo bigahurirana n’uko Mugisha Philbert yafunzwe na Polisi y’Igihugu.
Yavuze ko muri iyo nama ariho hafatiwe umwanzuro w’uko (…)
Umuryango.rw
RIB yatangaje ko abantu 105 bavanwe mu bihugu bari baracurujwemo
Château le Marara yakomorewe, ijya mu maboko mashya
Afurika y’Epfo: Inteko Ishinga Amategeko yabwiwe ko SANDF iri muri RDC kurinda inyungu z’igihugu
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda ubufatanye mu guhashya COVID-19 Coronavirus yageze mu Rwanda
Guma mu rugo n’icyemezo gikomeye ariko gishobora kongera gufatwa-Minisitiri w’Ubuzima
Perezida Kagame yahishuye impamvu aheruka guha imyanya abakiri bato muri Guverinoma