Mu ijoro ryakeye abakobwa 3 bari muri Bootcamp baraye bambwitswe amakamba atandukanye ariyo Miss Heritage, Miss Photogenic ndetse na Miss Congeneality, gusa nyuma yitorwa ry’abakobwa ubu ikiri kuvugwa ni amanyanga akomeye ari gukorerwa muri Boot Camp.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Reba uburyo umuriro watse hagata y’abakunzi batari bake b’irushanwa rya Miss Rwanda batishimiye abakobwa 2 baraye bambitswe ikamba[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin Munezero -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame n’umufasha we mu mwiherero 2019
11 March 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame bagaragaye baseka ubwo bari mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu uri kubera I Gabiro, mu mafoto yakomeje gucaracara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
-
Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga na kaminuza yo muri Koreya
5 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro mu bijyanye n’Imiyoborere Rusange "Public Policy and Management’’ muri Yonsei University.
-
Paul Muvunyi ushinjwa gukoresha impapuro mpimbano yitabye ubushinjacyaha
30 December 2020, by Dusingizimana RemyUmunyemari Paul Muvunyi wabaye na Perezida wa Rayon Sports, ukurikiranyweho gukoresha impapuro mpimbano, yashyikirijwe ubushinjacyaha nyuma yo gutabwa muri yombi.
-
Perezida Kagame yibukije abayobozi kuzirikana uburemere bw’inshingano barahiriye
6 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yibukije abayobozi ko iyo barahiriye inshingano, badakwiriye kubifata nk’umuhango ahubwo ko bigomba gukurikirwa n’ibikorwa, bagashyira mu ngiro ibyo bashinzwe.
-
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
25 October 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahagaritse ku mirimo CG (Rtd) Gasana Emmanuel,wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.
-
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC
19 September 2025, by JABO Blaise PatienceUmwuka w’intambara ikomeye ukomeje gushyuha mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku buryo isaha n’isaha cyangwa umunsi ku munsi ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’umutwe witwaje intwaro wa M23 bishobora kuyisubukura, ikaba yanagira ubukana burenze ubwa mbere.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
16 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Gen Muhoozi yageze i Kigali aherekejwe n’abandi bantu barimo Andrew Mwenda, umwe mu banyamakuru bakomeye muri Uganda ukunda politiki ya Perezida Kagame na Museveni
Uyu musirikare ukomeye mu gisirikare cya Uganda hashize iminsi mike azamuwe mu ntera, agahabwa inyenyeri enye mu gisirikare cya Uganda gusa akurwa ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga na kaminuza yo muri Koreya
Perezida Kagame yibukije abayobozi kuzirikana uburemere bw’inshingano barahiriye
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba