Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,yatangaje ko yifuza guhura na Perezida Paul Kagame atagamije ko baganira ku bibazo byo mu burasirazuba bw’igihugu cye ahubwo ashaka kumwita umunyabyaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Tshisekedi yahishuye ikintu ashaka kuzabwira Perezida Kagame bahuye
30 April 2024, by Dusingizimana Remy -
Leta yafunze imipaka,utubari,amasoko adacuruza ibiribwa,ihagarika kugenda kuri moto mu rwego rwo kwirinda Coronavirus
21 March 2020, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda imaze gufata ingamba zikarishye mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya Coronavirus aho yiyemeje gufunga imipaka,utubari,amasoko adacuruza ibiribwa,guhagarika kugenda kuri moto n’ingendo hagati y’imijyi n’uturere.
-
Perezida Kagame ababajwe no kubura ‘umuvandimwe n’inshuti ye’ Magufuli
18 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Perezida Dr John Pombe Magufuli n’abanya Tanzania bose nyuma y’uko atabarutse azize indwara y’umutima.
-
Umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi ntabwo ukibaye kuwa Gatanu
13 September 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Al Hilal na Rayon Sports bemeranyije gusubika umukino bari bafitanye kuri uyu wa Gatanu bakazakinira imikino yose i Kigali mu minsi iri imbere.
-
Uruhande rwa Félicien Kabuga rwasabye ikindi gihe cyo kwitegura kuburana
1 June 2021, by Dusingizimana RemyUmwunganizi wa Félicien Kabuga yasabye urukiko rwa ONU/UN ikindi gihe cyo gutegura urubanza mu mizi rw’uwo yunganira.
-
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180 [VIDEO]
13 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umugaba w’ ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul yahaye ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180 bamaze umwaka bahabwa amasomo n’ imyitozo bya gisirikare.
-
U Rwanda rwubatse imihanda ya kaburimbo yo ku rwego rw’igihugu ireshya n’ibilometero 1639 mu myaka 30 gusa
11 February 2024, by Dusingizimana RemyUmuyobozi Mukuru wungirije w’Agateganyo wa RTDA, Mwiseneza Maxime Marius, yavuze ko mu myaka 30 ishize, u Rwanda rwubatse imihanda ya kaburimo yo ku rwego rw’igihugu ireshya n’ibilometero 1639.
-
Perezida Kagame yasabye ko ibidindiza ‘Monetization’ y’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda bikemurwa byihuse
6 February, by Brenda MIZEROPerezida Kagame Paul yasabye ko imbogamizi zituma u Rwanda rutajya ku rutonde rw’ibihugu imbuga nkoranyambaga zishyura abazikoresha (Monetization), zikemuka byihuse abazikoresha, bagatangira kwinjiza agatubutse.
-
Umunyamakuru Phocas Ndayizera yise ibimenyetso by’ubushinjacyaha ko ari ikinamico
14 October 2020, by Dusingizimana RemyPhocas Ndayizera uregwa ibyaha birimo iterabwoba yireguye ahakana ibyaha ashinjwa abishingira ko ibimenyetso ubushinjacyaha bwatanze birimo amajwi yumvikanamo umugambi wo kwangiza ibikorwaremezo ari ibinyoma
-
BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze
25 April 2025, by UbwanditsiAbayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO kiri muri Bashyamba mu Murenge wa Kigali barafunze. Amakuru aturuka mu Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RWANDA MINING BOARD) aravuga ko hari bamwe bakozi bakuru ku rwego rwa “Division” muri iki kigo batawe muri yombi ndetse na bamwe mu bafite ibirombe bakomeye nabo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha.
Amakuru avuga ko abari gukurikiranwa ndetse bikaba bishoboka bo banatawe muri yombi harimo John (…)
Umuryango.rw
Perezida Tshisekedi yahishuye ikintu ashaka kuzabwira Perezida Kagame bahuye
Leta yafunze imipaka,utubari,amasoko adacuruza ibiribwa,ihagarika kugenda kuri moto mu rwego rwo kwirinda Coronavirus
Umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi ntabwo ukibaye kuwa Gatanu
U Rwanda rwubatse imihanda ya kaburimbo yo ku rwego rw’igihugu ireshya n’ibilometero 1639 mu myaka 30 gusa
Perezida Kagame yasabye ko ibidindiza ‘Monetization’ y’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda bikemurwa byihuse
BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze