Bishop Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije yandikiye itorero rya ADEPR asaba ko yasubizwa inshingano z’ubupasiteri yahoranye na mbere.Ni nyuma y’icyumweru kimwe ADEPR itangaje ko yamwambuye izi nshingano burundu na mugenzi we, Bishop Jean Sibomana.
Ku wa 17 Nzeri 2017 Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bishop Rwagasana yandikiye ADEPR asaba gusubizwa inshingano z’ubupasiteri yambuwe
14 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
DRC: Kiliziya Gatulika yunze mury’abamagana Tshisekedi ku guhindura Itegeko Nshinga
29 October 2024, by Joseph IradukundaInama nkuru ya Kiliziya Gatulika muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo-La Conférence épiscopale nationale du Congo,CENCO mu magambo ahinnye y’Igifaransa- yatangaje ko idashyigikiye ibyo guhindura Itegeko nshinga mu buryo ubwo ari bwo bwose.
-
MINALOC ntiyemeranya n’abita kwegura kw’Abayobozi bananiwe inshingano ‘Tour du Rwanda’
1 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, byavuye ku mpamvu zabo bwite ariko bamaze kubona ko badaha serivisi nziza abaturage, harimo no kuzigurisha, nubwo ngo atari inkubiri yiswe ‘Tour du Rwanda’ itangiye.
-
Nyamasheke: Perezida Kagame yasabye abaturage kurega abayobozi babaka ruswa
27 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abaturage ba Nyamasheke kudatinya abayobozi babaka ruswa ahubwo ko bakwiriye kubaregera inzego zo hejuru zikabakurikirana.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Kanama 2022 nibwo Perezida Kagame yasuye akarere ka Nyamasheke aho yasabye abaturage gutinyaka bakabaregera abayobozi babaka ruswa.
Yagize ati "Igihe ubushobozi buhari abayobozi inshingano yabo n’ukuvuga ngo "ibi bikwiriye gukorwa vuba na bwangu.Bikaramira nabo bikwiriye kuramira kuko abantu bategereza (…) -
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yahisemo gusuhuza abayobozi akoresheje inkokora mu guhashya Coronavirus
11 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020, nibwo Perezida Kagame yagaragaye ari gusuhuza umuyobozi w’intara y’Iburasirazuba,Fred Mufulukye, akoresheje inkokora ubwo yari I Nasho muri Kirehe mu gutaha ku mugaragaro umushinga wo kuhira hifashishijwe ingufu zikomoka ku zuba.
-
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yashimiye u Rwanda nyuma yo gusura inkambi ya Gihembe
14 November 2018, by Nsanzimana ErnestIgikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Prof. Subra Suresh ku guteza imbere uburezi
18 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye abarimo Prof. Subra Suresh, washinze akanaba Perezida w’Umuryango wita ku Burezi n’Imyigishirize (Global Learning Council), n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe amahugurwa n’Ubushakashatsi (UNITAR), Michelle Gyles-McDonnough.
-
Gen Maj Mahamat Idris Déby uyobora Tchad yagiriye uruzinduko mu Rwanda
18 March 2022, by Dusingizimana RemyUmukuru w’inama y’igisirikare iyoboye inzibacyuho akaba na Perezida wa Repubulika ya Tchad, Gen Mahamat Idriss Déby Itno, yageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali, aho aje mu ruzinduko mu Rwanda, akaba yakiriwe na Minisitiri Dr Vincent Biruta.
Biteganyijwe ko uyu munsi Perezida Kagame yakirira muri Village Urugwiro, Perezida wa Tchad, Gen Mahamat Déby watangiye uruzinduko rw’iminsi 2 mu Rwanda.
Muri Kanama umwaka ushize, Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Gen Mahamat Idriss (…) -
Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania imbere y’abarimo Perezida w’u Burundi
3 November 2025, by Brenda MIZEROSamia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania nyuma y’iminsi mu mijyi ikomeye y’iki gihugu haba imyigaragambyo yamagana amatora yabaye tariki ya 29 Ukwakira 2025.
-
U Rwanda rwavuze icyo ruri gukora kubera intambara irimbanyije muri RDC
27 October 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda avuga ko u Rwanda ruzakomeza gukurikirana ibibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira ngo hatagira ibirenga inkiko z’u Rwanda.
Mu kiganiro yagiranye na RBA,Bwana Mukuralinda yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo rurinde ubusugire bw’igihugu cyane ko RDC ikomeje gukorana n’imitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
Yagize ati "Haragaragara ubushake buke bwa leta ya Kongo bwo gutuma (…)
Umuryango.rw
DRC: Kiliziya Gatulika yunze mury’abamagana Tshisekedi ku guhindura Itegeko Nshinga
MINALOC ntiyemeranya n’abita kwegura kw’Abayobozi bananiwe inshingano ‘Tour du Rwanda’
Nyamasheke: Perezida Kagame yasabye abaturage kurega abayobozi babaka ruswa
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yahisemo gusuhuza abayobozi akoresheje inkokora mu guhashya Coronavirus
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Prof. Subra Suresh ku guteza imbere uburezi
Gen Maj Mahamat Idris Déby uyobora Tchad yagiriye uruzinduko mu Rwanda
Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania imbere y’abarimo Perezida w’u Burundi
U Rwanda rwavuze icyo ruri gukora kubera intambara irimbanyije muri RDC