Dr. Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, ubwo yaburanaga mu bujurire, umushinjacyaha yamusabiye gufungwa burundu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
23 October 2025, by ISIMBI Estella -
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
-
Urukiko rwashimangiye ko Hoteli y’umuryango wa Rwigara itezwa cyamunara
15 October 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego cyihutirwa cyatanzwe n’uruganda rw’itabi rwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara cyo guhagarika guteza cyamunara Hotel igeretse 4 yabo.
-
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
3 November 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko nta basirikare barwo bari mu Murwa Mukuru wa Mozambique, Maputo, ko ahubwo bari mu Ntara ya Cabo Delgado aho bari mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba.
-
TdRWANDA 2020: Mulu Kinfe Hailemicheal yegukanye agace ka kabiri abuza Abanyarwanda gukorera amateka I Huye
24 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu Kinfe Hailemicheal w’imyaka 21 ukinira ikipe ya Nippo-Delko yo mu Bufaransa.
-
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzi w’inararibonye mu muziki w’u Rwanda, Massamba Intore, yatangaje ko mu 1989 ari bwo yafashe icyemezo cyo kwifatanya n’abandi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, yisunze impano ye y’ubuhanzi yari amaze imyaka akoresha mu gukangurira urubyiruko gukunda igihugu.
-
Prof.Laurent Nkusi wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda yahitanwe n’uburwayi
18 May 2020, by Dusingizimana RemyProf. Laurent Nkusi wakoze wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda mu gihe kingana n’imyaka 8, yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Fayisali biherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali azize uburwayi.
-
Perezida Kagame yanenze abahunze igihugu batunzwe no gutukana no kubeshya
12 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye n’abavuga rikumvikana barenga 300 baturutse mu turere twa Musanze na Rubavu, abayobozi b’uturere baturutse mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, n’abikorera bakomoka mu turere twa Musanze na Rubavu bakorera i Kigali no mu tundi turere tw’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko u Rwanda rwageze mu ndiba y’umwobo ariko imbaraga zabo ari zo zatumye u Rwanda rwongera guhagarara rwemye nyuma ya Jenoside yakorewe (…) -
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
4 November 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rwagaragaje sisiteme y’ikoranabuhanga ya e-IDSR, (Integrated Disease Surveillance and Response) izafasha Abaveterineri n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima bw’amatungo n’inyamanswa kuvumbura kare indwara n’ibyorezo bishobora kwanduza abantu bavuye mu matungo.
-
Abantu 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19 abanduye biyongeraho 83
7 March 2021, by Dusingizimana RemyMu minsi ibiri ishize mu Rwanda abantu 158,898 bamaze gukingirwa #COVID19. Harimo 83,842 bakingiwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Weurwe 2021.
Ku wa Gatandatu habonetse abarwayi bashya 83, hakira 59 na ho abakirwaye ni 1,442 barimo 11 barembye.
Uyu munsi nta wapfuye, abamaze gupfa baracyari 267.
Abakingiwe bose hamwe ni 158,898 ( barimo 83,842 bashya).
Amakuru yose ajyanye na Covid-19:
Abanduye bose:19,509. Hakize:59. Abakize bose:17,810. Ntawapfuye bityo abamaze gupfa bose (…)
Umuryango.rw
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
Urukiko rwashimangiye ko Hoteli y’umuryango wa Rwigara itezwa cyamunara
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
Prof.Laurent Nkusi wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda yahitanwe n’uburwayi
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo