Umuhanzi ukomoka muri Nigeria Crown Uzama uzwi cyane mu muziki nka Shallipopi wamamaye mu ndirimbo zikunzwe n’urubyiruko hirya no hino muri Afurika, yatangajwe nk’umuhanzi mukuru w’igitaramo “Africast Fest: A Shallipopi Xperience” kizabera i Kigali ku wa 29 Gicurasi 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umuhanzi Shallipopi agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo gikomeye cyateguwe na SKOL Malt na Bank ya Kigali
5 April, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yababajwe n’uko ibibazo abazwa n’Abanyarwanda bigenda bigaruka aho gukemurwa burundu
9 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko ababajwe n’uko ibibazo abazwa n’abanyarwanda iyo yabasuye hirya no hino bidakemurwa ahubwo bigenda bigaruka kandi yaratanze umuti n’inzira y’uko bigomba gukemuka.
-
Perezida Kagame yageze muri Sudani ku butumire bwa Oma al-Bashir (Yavuguruwe)
20 December 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2017, yageze i Khartoum mu gihugu cya Sudani mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri ku butumire bwa mugenzi we Omar al-Bashir.
Ibiro by’umukuru w’igihugu cya Sudani byatangaje ko abakuru b’ibihugu byombi baza kuganira ku mubano w’ibihugu byombi ndetse no mutekano wo mu karere ibihugu biherereyemo.
Perezida Kagame araba aherekejwe na Louise Mushikiwabo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Gen James Kabarebe (…) -
Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yatumijwe na Tshisekedi iraba kuri uyu wa Gatatu
6 October 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abakuru b’ibihugu byo mu karere yari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi wa RDC yaherukaga gusubikwa mu minsi ishize kubera impamvu zirimo na Covid-19, izaba kuri uyu wa 07 Ukwakira 2020,hakoreshejwe ikoranabuhanga.
-
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye bwa mbere muri 2023
31 January 2023, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 30 Mutarama 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Ni inama y’abaminisitiri ya mbere mu mwaka wa 2023, yafatiwemo ibyemezo bitandukanye birimo no gusubukura inama y’umushyikirano yari imaze imyaka itatu itaba kubera icyorezo cya Covid-19.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe kuva kuwa 27 kugeza kuwa 28 Gashyantare 2023.
Bamwe mu bayobozi bashyizweho harimo,Oda Gasinzigwa (…) -
Uyobora UDPS ya Tshisekedi yunze murya sebuja ashinja u Rwanda kubateza akaga
10 November 2024, by Joseph IradukundaIby’amarira y’ingona, amatakirangoyi no kuyobya uburari bikomeje gufata indi ntera muri Congo Kinshasa, ku buryo bigoye kumva umuyobozi muri iki gihugu ufata ijambo, bikarangira atagize ibintu runaka agereka ku Rwanda.
-
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzi w’inararibonye mu muziki w’u Rwanda, Massamba Intore, yatangaje ko mu 1989 ari bwo yafashe icyemezo cyo kwifatanya n’abandi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, yisunze impano ye y’ubuhanzi yari amaze imyaka akoresha mu gukangurira urubyiruko gukunda igihugu.
-
P.Kagame yakiriye indahiro ya Min. Mutimura na Min. Rurangirwa ataha n’ingoro y’ amateka yo guhagarika jenoside
13 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ukuboza 2017 yakiriye indahiro z’ abaminisitiri babiri bashya binjiye muri guverinoma y’ u Rwanda anataha ingoro y’ amateka ya jenoside yakorewe abatutsi.
Iyi bikorwa byombi byabereye ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura ari naho hubatswe ingoro ndangamateka yo guhagarika jenoside yakorewe abatutsi.
Abaminisitiri barahiye ni Dr Eugene Mutimura wagizwe Minisitiri w’ Uburezi asimbuye Dr Musafili Papias na Jean (…) -
Dr Ngirente yitabiriye ibirori byo guha impamyabumenyi ibihumbi 7 birangije muri UR[AMAFOTO]
2 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda n’ abandi ba Minisitiri bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi 7050 basoje amasomo mu byiciro bitandukanye avuga ko nawe ashyigikiye icyemezo cyafashwe cyo guhuriza hamwe kaminuza za Leta y’ u Rwanda zikaba UR.
-
Abanyamahanga basura u Rwanda bakoresheje arenga miliyari 839,9 Frw mu 2024
31 October 2025, by Brenda MIZERORaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) isuzuma ibyo abantu bakoresheje mu ngendo bakoreye mu Rwanda [Travel Expenditure Survey:TES] yagaragaje ko mu 2024, abanyamahanga basura u Rwanda bakoresheje arenga miliyoni 579,5$, ni ukuvuga arenga miliyari 839,9 Frw Frw mu bintu bitandukanye bahashye byabafashije kubaho bari mu gihugu.
Umuryango.rw
Umuhanzi Shallipopi agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo gikomeye cyateguwe na SKOL Malt na Bank ya Kigali
Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yatumijwe na Tshisekedi iraba kuri uyu wa Gatatu
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye bwa mbere muri 2023
Uyobora UDPS ya Tshisekedi yunze murya sebuja ashinja u Rwanda kubateza akaga
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
Abanyamahanga basura u Rwanda bakoresheje arenga miliyari 839,9 Frw mu 2024