Mu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye(ONU/UN) Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko ‘umukino wo gushinjanya udakemura ibibazo’ ubwo yasaga nk’usubiza ibyavuzwe mbere na mugenzi we wa DR Congo.
Muri iyi nama ya 77 iri kubera i New York, Perezida wa Félix Tshisekedi wa DR Congo yashinje yeruye u Rwanda "ubushotoranyi rwihishe muri M23".
Kuwa gatatu, Perezida Kagame we yavuze ko hari “impamvu yihutirwa yo kubona ubushake bwa politiki” mu gukemura “guhera mu mizi” amakimbirane mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahaye igisubizo Tshisekedi wageze muri UN ashinja u Rwanda kubagaho igitero
22 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
5 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo rye, yavuze ko izo ngabo zirimo n’Abacancuro iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira.
-
Nyarugenge: "ADEPR ni nka Rayon Sports"- Me Sharangabo mu rubanza umuyoboke wa ADEPR yarezemo RGB
25 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa mbere urukiko rwisumbuye, rwa Nyarugenge rwatangiye Kuburanisha urubanza rw’uwitwa Karamuka Frodourd Umuyoboke wa ADEPR yarezemo Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB).
-
Perezida Kagame arasubukura gahunda yo gusura uturere
25 August 2022, by ISHIMWE JANEPerezida Paul Kagame arasubukura ingendo agirira mu ntara aho amara iminsi ine mu Ntara y’Amajepfo n’iy’Iburengerazuba.
-
‘Uwasigajwe inyuma n’ amateka kumwubakira inzu nziza ntabwo bihagije’ COSYLI
17 December 2017, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda irashimirwa n’ Urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI kuba yubakira abasigajwe inyuma n’ amateka amazu meza yo guturamo, gusa ngo hari ubundi bufasha bakeneye bukwiye kwiyongera ku mazu yo guturamo.
Hashize igihe Leta y’ u Rwanda itangiye kubakira abatishoboye imidugudu igezweho yo kubamo. Inkuru itaba ari nshya mu matwi ya benshi ni uko amazu abasigajwe inyuma n’ amateka bahabwa na Leta y’ u Rwanda bayasambura bakagurisha amabati kugira ngo bishakire amaramuko. (…) -
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yagaragaye ateruranye ubwuzu bwinshi umwuzukuru we
16 September 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yashyize hanze ifoto ateruye umwuzukuru we wa mbere wabyawe n’umukobwa we Ange Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma kuwa 19 Nyakanga 2020.
-
Ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
17 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEIsura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
[Kanda hano wumve icyo abasesenguzi bagaragaza. -
Minisitiri Nduhungirehe yanenze amahanga yirengagije impamvu M23 irwana
8 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ibihugu n’imiryango mpuzamahanga bikomeje gufata ibyemezo n’imyanzuro ihengamiye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byirengagije ukuri ku bijyanye n’impamvu z’ikibazo cy’umutekano muke kiri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Sassou-N’Guesso wa Congo
26 January 2023, by Dusingizimana RemyIbiro bya perezida wa Congo Brazzaville byatangaje ko Perezida Denis Sassou-N’Guesso kuwa gatatu yakiriye minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Vincent Biruta azanye ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
Ibikubiye muri ubu butumwa ntibyatangajwe kugeza ubu.
Sassou-N’Guesso, umuturanyi wa hafi wa Tshisekedi, ni umwe mu bategetsi bo mu karere bagiye berekana ubushake mu gukemura amakimbirane mu karere.
Muri iyi minsi umwuka mubi hagati y’u Rwanda na DR Congo ugeze habi, cyane nyuma (…) -
Rutsiro FC na Gorilla FC zazamutse mu cyiciro cya mbere mu buryo bugoranye
18 November 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu nibwo hamenyekanye amakipe 2 yazamutse mu cyiciro cya mbere gusimbura Gucumbi FC na Heroes zamanutse ariyo Rutsiro FC na Gorilla FC zose zazamutse hitabajwe penaliti.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahaye igisubizo Tshisekedi wageze muri UN ashinja u Rwanda kubagaho igitero
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
Perezida Kagame arasubukura gahunda yo gusura uturere
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yagaragaye ateruranye ubwuzu bwinshi umwuzukuru we
Minisitiri Nduhungirehe yanenze amahanga yirengagije impamvu M23 irwana
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Sassou-N’Guesso wa Congo