Itorero rya ADEPR mu Rwanda ryatangiye mu 1940 mu Karere ka Rusizi, ubu ni mu Rurembo rwa Gihundwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibigo by’amashuri birenga 300, ibitaro n’ibikorwa by’ishoramari: ADEPR mu myaka 85 ishize
15 December 2025, by Brenda MIZERO -
M23 yahishuye ikintu gikomeye igiye gukora vuba
13 January 2023, by Dusingizimana RemyUhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya,ubu akaba ari umuhuza mukuru mu biganiro byo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Kongo yakoranye inama n’uyoboye abarwanyi ba M23, hamwe n’uyoboye igisata cya politike n’igisirikare muri M23.
Itangazo umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC,wasohoye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, risobanura ko ibiganiro hagati y’abayobozi ba M23 na Kenyatta byari bigamije kurebera hamwe uko amahoro yaboneka muri Kongo, cyane cyane mu burasirazuba bw’icyo (…) -
Perezida Kagame yatangije umushinga wo kubaka inzu zo guturamo ziri ku giciro kiringaniye [AMAFOTO]
11 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye itangizwa ry’umushinga w’amacumbi agezweho witwa ’Bwiza Riverside Homes’ azubakwa i Karama mu karere ka Nyarugenge.
Uyu mushinga w’inzu zihendutse, wagizwemo uruhare ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda na sosiyete ADHI aho hazubakwa amazu asaga 2200.
Perezida Kagame yashimiye ADHI yemeye gufatanya na Leta y’u Rwanda kubaka aya mazu meza azafasha Abanyarwanda n’abandi bose gutura heza.
Ati "Ndashimira ubufatanye bwabayeho hagati (…) -
Abayobozi bakoresha nabi Ikinyarwanda basigaye bashakirwa abakibigisha
19 January 2018, by Nsanzimana ErnestAbayobozi b’ ibitangazamakuru bikorera mu Rwanda bongeye kunenga uburyo bamwe mu bayobozi bakuru bica ururimi rw’ Ikinyarwanda, RALC, ivuga ko abakicaga ubu basigaye bashakirwa abakibigisha.
Ikinyarwanda mu marembera, hadutse ururimi rw’ Ikinyafurangere, Abanyarwanda basigaye ari nk’ abanyamahanga mu gihugu cyabo, kuko badasobanukirwa ibyanditse ku byapa byo mu mujyi wa Kigali bitewe n’ uko byanditse mu ndimi z’ amahanga,… izi ni zimwe mu mpuruza abanyamakuru batanze ubwo batabarizaga (…) -
Ibirego RDC yarezemo u Rwanda mu rukiko rw’Arusha birategwa amatwi uyu munsi
26 September 2024, by Joseph IradukundaUrubanza Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarezemo u Rwanda imbere y’Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) ruratangira kuri uyu wa Kane,i Arusha muri Tanzania.
-
Isi yemeje umushinga w’u Rwanda na Peru wo guca ikorwa rya Pulasitike
4 March 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ibidukikije mu Rwanda avuga ko igihugu cye na Peru "byishimye birenze" nyuma y’uko umushinga byateguye ugamije guca ikora n’ikoreshwa rya ’plastic’ ku isi utowe nk’umwanzuro w’inama rusange ya ONU y’ibidukikije.
Uyu mwanzuro wemejwe kuwa gatatu n’iyo nama yabereye i Nairobi, ukuriye ishami rya ONU ry’ibidukikije yawise "ubwumvikane bukomeye cyane ku isi nyuma y’amasezerano ya Paris ya 2015".
Umwanzuro wemejwe urategura ishyirwaho - bitarenze 2024 - ry’amasezerano yahinduka (…) -
Ngoma: Imfungwa 4 zari zirwaye Coronavirus zacitse ibitaro ziburirwa irengero
9 July 2020, by Dusingizimana RemyImfungwa enye zari ziri kwitabwaho mu kigo ASPEK kiri kuvurirwamo abarwayi ba COVID-19 cyo mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma, zaraye zitorotse ibitaro gusa Polisi ikomeje kubashakisha.
-
Ingengo y’Imari y’u Rwanda 2020-2021 yiyongereyeho miliyari 228.6 FRW
22 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri Dr Ndagijimana Uzziel yavuze ko Ingengo y’imari ya 2020-2021 ingana na miliyari 3,245.7. Hakaba hiyongereyeho miliyari 228.6 ugereranyije n’ingengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka ugana ku musozo kuko yo yari miliyari 3,017.1.
-
Amafaranga yatanzwemo ruswa yikubye hafi kabiri mu 2025
8 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025 bwagaragaje ko umubare w’Abanyarwanda batanga ruswa wagabanyutse ariko amafaranga batanzemo ruswa ariyongera cyane mu 2025.
-
Uganda: Umunyarwanda afunzwe akekwaho kwiba imbunda
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwanda witwa Manizabayo Dieudonné, afungiye i Kabale muri Uganda akekwaho kwiba imbunda umurinzi wa kimwe mu bigo bicunga umutekano byigenga.
Umuryango.rw
Ibigo by’amashuri birenga 300, ibitaro n’ibikorwa by’ishoramari: ADEPR mu myaka 85 ishize
M23 yahishuye ikintu gikomeye igiye gukora vuba
Perezida Kagame yatangije umushinga wo kubaka inzu zo guturamo ziri ku giciro kiringaniye [AMAFOTO]
Ibirego RDC yarezemo u Rwanda mu rukiko rw’Arusha birategwa amatwi uyu munsi
Isi yemeje umushinga w’u Rwanda na Peru wo guca ikorwa rya Pulasitike
Ngoma: Imfungwa 4 zari zirwaye Coronavirus zacitse ibitaro ziburirwa irengero
Ingengo y’Imari y’u Rwanda 2020-2021 yiyongereyeho miliyari 228.6 FRW
Amafaranga yatanzwemo ruswa yikubye hafi kabiri mu 2025
Uganda: Umunyarwanda afunzwe akekwaho kwiba imbunda