Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, bwatangaje ko bwakiriye ubusabe bw’ikigo LEAF Pharmaceuticals cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko kinafite ibiro mu Rwanda, gishaka gutangira ubushakashatsi ku muti wongera umwuka mu mubiri w’uwanduye Coronavirus.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umuti ufasha abanduye Coronavirus ugiye kugeragerezwa mu Rwanda
30 March 2020, by Martin Munezero -
U Bushinwa bwafunze Abakristo 30
16 October 2025, by Brenda MIZEROKu wa Gatanu w’icyumweru gishize, Grace Jin Drexel wari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye ubutumwa bugufi bwa se, Pasiteri Jin Mingri uzwi cyane mu Bushinwa, amusaba gusengera mugenzi we wari waburiwe irengero mu mujyi wa Shenzhen uri mu majyepfo y’igihugu. Mu butumwa bwe, yamubwiraga ko uwo mupasiteri yafashwe n’inzego z’umutekano.
-
Ibihugu 44 bitegerejwe I Kigali mu nama ya 11 yiga ku burenganzira bwa muntu
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu bagera kuri 200 baturutse mu bihugu 44 by’ Afurika bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku burenganzira bwa muntu iba rimwe muri buri myaka ibiri.
Iyi nama igiye kuba ku nshuro ya 11 izahurirana no kwizihiza isakubukuru w’ imyaka 10 ihuriro ry’ imiryango nyafurika iharanira uburenganzirwa bwa muntu NANHRI rishinzwe.
Nk’ uko UMURYANGO ubikesha urubuga rwa NANHRI iyi nama y’ iminsi itatu izafungurwa ku mugaragaro na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame tariki 8 Ugushyingo 2017.
Iyi nama (…) -
Uwambaye Ubunyarwanda agendana ubudahangarwa - Madamu Jeannette Kagame
3 November 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yashimangiye ko Gahunda ya “Ndi Umunyarwanda” yagize uruhare mu komora ibikomere by’amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo ndetse ikwiye gusigasirwa.
-
Urubanza Tom Byabagamba aregwamo kwiba telefoni rwasubitswe bwa gatatu
13 October 2020, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Tom Byabagamba wahoze akuriye abashinzwe umutekano wa Perezida Paul Kagame, rwasubitswe ku nshuro ya gatatu, kuri iyi nshuro ku busabe bwe.
-
France: Abakandida Macron na Le Pen rwabuze gica ku kumva kimwe igiciro cyo kubaho n’ Uburusiya
21 April 2022, by Joseph IradukundaHarabura iminsi ine ngo Ubufaransa butora perezida, abakandida babiri basigaye bahanganiye mu kiganiro mpaka kimwe kibaho hagati yabo.
-
RDC: Ambasaderi Karega yavuze ku mirwano yavuzwe hagati ya RDF na FARDC
19 October 2021, by Dusingizimana RemyAmbasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yahakanye amakuru yatangajwe n’umuvugizi wa FARDC ko habaye imirwano hagati y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza RD Congo (FARDC).
-
Brig Gen. Vincent Gatama yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za EAC zihora ziteguye
19 December 2020, by Dusingizimana RemyMu nama yari imaze iminsi itanu ibera i Kigali y’umutwe w’ingabo zo mu Burasirazuba bwa Afurika uhora witeguye gutabara ahakomeye, hemejwe ko Umunyarwanda Brigadier General Vincent Gatama aba Umugaba Mukuru w’uyu mutwe muri manda y’imyaka 3.
-
Bénin: Umuhate wo kugaruza mudasobwa zambuwe Abanyarwanda bahamijwe ibyaha bya Jenoside wakubise igihwereye
16 October 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bwa Gereza ya Akpro-Missérété muri Bénin tariki ya 20 Mutarama 2025 bwambuye Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga bibika amakuru.
-
Inyubako yo muri Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi y’umuriro
20 November 2023Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 20 Ugushyingo 2023, inyubako ikorerwamo ubucuruzi iherereye muri Gare ya Musanze, yafashwe n’inkongi y’umuriro hahiramo ibintu bitandukanye.
Umuryango.rw
U Bushinwa bwafunze Abakristo 30
Uwambaye Ubunyarwanda agendana ubudahangarwa - Madamu Jeannette Kagame
Urubanza Tom Byabagamba aregwamo kwiba telefoni rwasubitswe bwa gatatu
France: Abakandida Macron na Le Pen rwabuze gica ku kumva kimwe igiciro cyo kubaho n’ Uburusiya
RDC: Ambasaderi Karega yavuze ku mirwano yavuzwe hagati ya RDF na FARDC
Bénin: Umuhate wo kugaruza mudasobwa zambuwe Abanyarwanda bahamijwe ibyaha bya Jenoside wakubise igihwereye
Inyubako yo muri Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi y’umuriro