Hirya no hino mu Gihugu, Abayislamu baramukiye mu isengesho ryo kwizihiza Umunsi mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan. Ni isengesho ryabaye hubahirizwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Nubwo umwaka ushize batabashije gukora iri sengesho bari kumwe kubera ko icyorezo cya Covid-19 cyari kimeze nabi mu Rwanda,kuri uyu wa Kane babashije guhurira kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo n’ahandi hose mu gihugu bakora iri sengesho ryo gusoza igisibo.
Mufti (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abayisilamu bo mu Rwanda bakoze isengesho ryo gusoza igisibo bubahirije amabwiriza yo kwirinda Covid-19 [AMAFOTO]
13 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Iyo biba njye nta rusengero na rumwe nafungura - Perezida Kagame ku nsengero zidakomorerwa
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yatangaje ko ari we ufata umwanzuro ku nsengero zitandukanye zafunzwe mu bihe byashize atakongera kuzifungura, ahubwo abantu bagashishikarizwa gukora kuko mu nsengero higanjemo ububandi.
-
Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame
12 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bwo kwifuriza iki gihugu isabukuru y’imyaka 50 kimaze kibonye ubwigenge.
-
Bayasahuye kurusha undi wese ku Isi - Perezida Kagame ku Burayi n’amabuye ya RDC
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yagaragaje ko Abanyaburayi badakwiye kwirirwa bashinja u Rwanda gusahura amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko basahuye menshi cyane kuva kera ndetse n’ubu hari aho usanga acuruzwa mu mijyi yabo nyamara nta birombe bagira acukurwamo.
-
Green Gicumbi: Uko Umushinga Wari Inzozi Wabaye Impinduka Ihamye mu Buhinzi, Ariko Ukaba Usaba Politiki Yihariye ngo Uzarambe
3 June 2025, by Joseph IradukundaMu misozi ihanamye ya Gicumbi, aho ubutaka bwajyaga butemba bujyana n’ifumbire, imyaka ndetse n’icyizere cy’abahinzi, hari inkuru y’ubuhinzi butangiye guhindura amateka.
-
Dosiye ya Munyenyezi Beatrice ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yashyikirijwe ubushinjacyaha
21 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Munyenyezi Beatrice ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo gutegura no gucura umugambi wo gukora Jenoside, kurimbura nk’icyaha cyibasiye inyoko muntu ndetse n’ubufatanyacyaha mu gusambanya ku gahato, byakorewe mu cyahoze ari Komini Ngoma muri Perefegitura ya Butare.
-
Amakamyo yemerewe kunyura ku mupaka wa Gatuna mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’agateganyo
10 June 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’imisoro n’amahoro Rwanda Revenue Authority cyaraye gisohoye itangazo ryemerera amakamyo atwara imizigo iremereye, kunyura ku mupaka wa Gatuna by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’igenzura.
-
Perezida Kagame yageneye ubutumwa bukomeye Inzego z’Umutekano
29 December 2022, by Dusingizimana RemyMuri ibi bihe by’iminsi mikuru, Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, yifurije ingabo z’igihugu n’abandi bagize inzego z’umutekano n’imiryango yabo, umwaka mushya muhire wa 2023.
Perezida Paul Kagame yashimye umuhate, ikinyabupfura n’ubunyamwuga byaranze abagize inzego z’umutekano z’u Rwanda mu 2022 ndetse yihanganisha imiryango n’inshuti z’abaguye ku rugamba muri uyu mwaka.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu butumwa bwo kwifuriza umwaka (…) -
Tshisekedi yashinje Kabila gufasha inyeshyamba za AFC – M23
7 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23 rirwanya ubutegetsi bwe mu burasirazuba bw’igihugu.
Mu kiganiro cyihariye yahaye abanyamakuru babiri b’Abanye-Congo, uw’urubuga rw’amakuru Congo Indépendant n’uw’igitangazamakuru Top Congo, Tshisekedi yashinje Kabila kuba ari we uri inyuma ya AFC.
Yavuze ko Kabila yanze kwitabira amatora yo mu mwaka (…) -
Minisitiri Evode Uwizeyimana yasabye imbabazi umusekirite yahohoteye ari mu kazi ke
3 February 2020, by UbwanditsiUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Uwizeyimana Evode yasabye imbabazi nyuma yo gukubita umukobwa w’umusekirite washakaga kumusaka ubwo yari yinjiye muri Grand Pension Plaza iba mu karere ka Nyarugenge.
Umuryango.rw
Iyo biba njye nta rusengero na rumwe nafungura - Perezida Kagame ku nsengero zidakomorerwa
Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame
Bayasahuye kurusha undi wese ku Isi - Perezida Kagame ku Burayi n’amabuye ya RDC
Green Gicumbi: Uko Umushinga Wari Inzozi Wabaye Impinduka Ihamye mu Buhinzi, Ariko Ukaba Usaba Politiki Yihariye ngo Uzarambe
Perezida Kagame yageneye ubutumwa bukomeye Inzego z’Umutekano
Tshisekedi yashinje Kabila gufasha inyeshyamba za AFC – M23
Minisitiri Evode Uwizeyimana yasabye imbabazi umusekirite yahohoteye ari mu kazi ke