Minisitiri w’intebe wa Centrafrique yavuze ko ingabo z’iki gihugu zafashe umujyi wa Bossangoa mu burengerezuba, ahari ibirindiro by’uwahoze ari Perezida François Bozizé.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Centrafrique: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe ibirindiro by’inyeshyamba za François Bozizé
25 February 2021, by Dusingizimana Remy -
Kayonza: Bafatanwe insinga za metero 46 zajyanaga umuriro mu ngo z’abaturage
12 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’abayobozi mu Nzego z’ibanze n’abaturage bafashe abantu 6 bakekwaho kwitwikira ijoro bagakata insinga zijyana umuriro mu ngo z’abaturage bakaziba. Bafashwe ku wa Kane taliki ya 9 Ukuboza, bafatanwa metero 46 z’insinga, bafatirwa mu Murenge wa Gahini, Akagari ka Kahi, Umudugudu wa Nyamiyaga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamduni Twizeyimana yavuze ko gufatwa kwa bariya bantu byaturutse ku (…) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame n’umufasha we mu mwiherero 2019
11 March 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame bagaragaye baseka ubwo bari mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu uri kubera I Gabiro, mu mafoto yakomeje gucaracara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
-
Abandi bantu 3 bakize Coronavirus mu Rwanda haboneka undi umwe wanduye
23 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mata 2020,mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Coronavirus bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara baba 154. Muri aba abamaze gukira babaye 87 kuko uyu munsi hakize abantu 3 biyongera kuri 84. Ubu abakirwaye ni 67.
-
Perezida Kagame yijeje gukemura ibibazo byazengereje ruhago Nyarwanda
4 July 2023, by Joseph IradukundaUmukuru w’I Gihugu yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa mu mupira w’amaguru mu Rwanda washinjwaga gutereranwa bigatuma udatera intambwe igana imbere.
-
FARDC yishe abarwanyi 4 ba FDLR inafata mpiri umu Ofisiye wayo
10 October 2020, by Dusingizimana RemyInyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR zigizwe ahanini n’abasize bahekuye u Rwanda mu 1994, zatakaje ingabo enye ndetse n’undi mu-ofisiye wazo afatwa mpiri, mu mirwano ikomeje guca ibintu hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira ya Congo (FARDC) n’izo nyeshyamba zifatanyije n’undi mutwe wa Mai Mai CMC, uyobowe na Gen Dominiko, iri kubera mu gace ka Bukombo.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
16 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Gen Muhoozi yageze i Kigali aherekejwe n’abandi bantu barimo Andrew Mwenda, umwe mu banyamakuru bakomeye muri Uganda ukunda politiki ya Perezida Kagame na Museveni
Uyu musirikare ukomeye mu gisirikare cya Uganda hashize iminsi mike azamuwe mu ntera, agahabwa inyenyeri enye mu gisirikare cya Uganda gusa akurwa ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo (…) -
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola
5 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C ashobora kwinjiza u Rwanda mu mushinga w’umuhanda wa gari ya moshi uzava ku cyambu cya Lobito muri Angola.
-
U Rwanda na Amerika byashimangiye ubufatanye mu bya Gisirikare[AMAFOTO]
29 May 2020, by Martin MunezeroU Rwanda na Leta zunze ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano agamije gushimangira ubufatanye bwiza bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
-
Bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda abarwayi n’ abaganga batoreye abadepite ku bitaro [AMAFOTO]
3 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbaganga mu bitaro bya Kaminuza bya Butare CHUB bishimiye ko bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda batoreye ku bitaro banavuga ko byatumye batanga serivise neza.
Umuryango.rw
Kayonza: Bafatanwe insinga za metero 46 zajyanaga umuriro mu ngo z’abaturage
Perezida Kagame yijeje gukemura ibibazo byazengereje ruhago Nyarwanda
FARDC yishe abarwanyi 4 ba FDLR inafata mpiri umu Ofisiye wayo
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola