Icyigeranyo cy’Isoko ry’Imari rya Afurika cya Absa (Absa Africa Financial Markets Index /AFMI) cyashyize u Rwanda ku myanya y’imbere mu bihugu byagize urwego rw’ubukungu rutera imbere kurusha ibindi muri Afurika mu 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu by’Afurika byihuta mu bukungu
29 October 2025, by Brenda MIZERO -
Abasura pariki z’igihugu bikubye gatandatu
8 January, by Brenda MIZEROIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko Pariki y’Igihugu y’Akagera ari yo iza ku isonga mu gusurwa cyane mu gihugu kuva mu myaka 20 ishize.
-
Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali yasezeye ku mirimo
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMugabo Vianney wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali ari n’ Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ agateganyo yasezeye kuri iyi mirimo.
Tariki 23 Gicurasi 2018 nibwo Mugabo Vianney yandikiye ubuyobozi bw’ umujyi wa Kigali asaba guhagarika imirimo, tariki 24 ubu buyobozi bwasuzumye ibaruwa ye bumwerera guhagarika imirimo.
Mugabo abaye umuyobozi wa Gatatu usezeye imirimo yari ashinzwe mu mujyi mu gihe kitarenze amezi abiri kuko tariki 11 z’ ukwezi gushize kwa Mata (…) -
Perezida Kagame yahishuye uko kubaka uruganda rukora inkingo byahinyuje abasuzuguye Afurika
18 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuhango wo kumurika aho Uruganda rwa BioNTech rugeze rwubaka ishami ryarwo rizajya rikorera inkingo mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yijeje guhangana n’abayobozi badakemura ibibazo by’abaturage vuba
26 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko agiye guhangana n’imikorere ya bamwe mu bayobozi bananirwa gukemura ibibazo by’abaturage bikaba ngombwa ko abaturage bamutegereza bakamugezaho ibyo bibazo.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kanama 2022,nibwo Abaturage ba Nyamagabe bakiriye ku bwinshi Nyakubahwa Perezida Kagame, ku Kibuga cy’Umupira cya Nyagisenyi.
Perezida Kagame yavuze ko agiye guhangana n’abayobozi bamarana ibibazo by’abaturage imyaka myinshi kandi bafite ubushobozi bwo kubikemura,bikarangira (…) -
Karasira yabwiye urukiko ko urubanza rwe arufata nk’urwo Pilato yaciriye Yezu
23 November 2023Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza, rwatangiye kumva mu mizi urubanza ruregwamo Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda.
-
Ishyaka rikomeye muri Afurika y’Epfo ryasabye ko ingabo zayo ziri muri RDC zicyurwa
19 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIIshyaka Democratic Alliance (DA) rifite ijambo rikomeye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo no muri guverinoma, ryasabye ko ingabo z’iki gihugu ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zicyurwa bwangu.
DA ni ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Afurika y’Epfo. Igitinyiro cyaryo cyiyongereye ubwo ryegukanaga imyanya itandatu muri guverinoma y’ubumwe ihuriweho n’amashyaka menshi nyuma yo gutsindira imyanya 87 mu Nteko Ishinga Amategeko.
Umudepite wa DA (…) -
Rayon Sports yemeje ko Kayiranga Baptista ariwe uzatoza umukino wa Al Hilal [Yavuguruwe]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko Kayiranga Baptiste yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umuyobozi wa Tekininike n’umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 15 n’iy’abatarengeje imyaka 17, aho azanatoza umukino wo kwishyura wa Al Hilal.
-
Perezida Kagame yakemuye ikibazo cy’umusore washatse kujya muri RDF akabibuzwa n’ubugufi
7 May 2024, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Iradukunda Didier wo mu Karere ka Gasabo wasoje amashuri yisumbuye wari mu bakorerabushake bahuye na Perezida Kagame, yamuganyiye amubwira ko yashatse kujya mu ngabo z’igihugu bamusubiza iwabo bamuhoye ko ari mugufi.
-
"Mujyane Politike mbi kure ya siporo"-Perezida Kagame abwira abo mu nama ya FIFA
16 March 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kane, tariki ya 16 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yahamagariye abayobozi b’isi kwirinda politiki mbi muri siporo.
Perezida Kagame yagejeje ijambo ku ntumwa zigera ku 2000 zirimo abayobozi bakuru b’umupira w’amaguru bo mu mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) yabereye i Kigali muri Kongere ya 73 ya FIFA.
Kongere ya FIFA, urwego rukuru rushinzwe amategeko muri FIFA,yahurije hamwe abayobozi bakuru ba FIFA, abahagarariye impuzamashyirahamwe zitandukanye ku (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu by’Afurika byihuta mu bukungu
Abasura pariki z’igihugu bikubye gatandatu
Perezida Kagame yahishuye uko kubaka uruganda rukora inkingo byahinyuje abasuzuguye Afurika
Perezida Kagame yijeje guhangana n’abayobozi badakemura ibibazo by’abaturage vuba
Karasira yabwiye urukiko ko urubanza rwe arufata nk’urwo Pilato yaciriye Yezu
Ishyaka rikomeye muri Afurika y’Epfo ryasabye ko ingabo zayo ziri muri RDC zicyurwa
Perezida Kagame yakemuye ikibazo cy’umusore washatse kujya muri RDF akabibuzwa n’ubugufi
"Mujyane Politike mbi kure ya siporo"-Perezida Kagame abwira abo mu nama ya FIFA