Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mata 2020,mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Coronavirus bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara baba 154. Muri aba abamaze gukira babaye 87 kuko uyu munsi hakize abantu 3 biyongera kuri 84. Ubu abakirwaye ni 67.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abandi bantu 3 bakize Coronavirus mu Rwanda haboneka undi umwe wanduye
23 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Ndayishimiye yahishuye ko u Burundi n’u Rwanda bigiye kubana neza vuba
25 January 2021, by Dusingizimana RemyNyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda n’u Burundi bizongera kubana neza.
-
Perezida Kagame yijeje gukemura ibibazo byazengereje ruhago Nyarwanda
4 July 2023, by Joseph IradukundaUmukuru w’I Gihugu yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa mu mupira w’amaguru mu Rwanda washinjwaga gutereranwa bigatuma udatera intambwe igana imbere.
-
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
23 January, by Brenda MIZEROUbushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo buryo bagahita bava mu ishuri.
-
FARDC yishe abarwanyi 4 ba FDLR inafata mpiri umu Ofisiye wayo
10 October 2020, by Dusingizimana RemyInyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR zigizwe ahanini n’abasize bahekuye u Rwanda mu 1994, zatakaje ingabo enye ndetse n’undi mu-ofisiye wazo afatwa mpiri, mu mirwano ikomeje guca ibintu hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira ya Congo (FARDC) n’izo nyeshyamba zifatanyije n’undi mutwe wa Mai Mai CMC, uyobowe na Gen Dominiko, iri kubera mu gace ka Bukombo.
-
Gitifu w’ akarere ka Gasabo arafunze
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali ,Ingabire Augustin, akurikiranyweho icyaha cyo gutanga isoko ry’ibikoresho by’ibiro by’Ubutaka, mu buryo butemewe n’amategeko.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
16 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Gen Muhoozi yageze i Kigali aherekejwe n’abandi bantu barimo Andrew Mwenda, umwe mu banyamakuru bakomeye muri Uganda ukunda politiki ya Perezida Kagame na Museveni
Uyu musirikare ukomeye mu gisirikare cya Uganda hashize iminsi mike azamuwe mu ntera, agahabwa inyenyeri enye mu gisirikare cya Uganda gusa akurwa ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo (…) -
Kigali itoshye mu byishimiwe n’Igikomangoma Albert II wa Monaco
30 September 2025, by ISIMBI EstellaIgikomangoma Albert II wa Monaco wanitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali yanyuzwe n’imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurengera ibidukikije no kwimakaza isuku mu gihugu hose.
-
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola
5 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C ashobora kwinjiza u Rwanda mu mushinga w’umuhanda wa gari ya moshi uzava ku cyambu cya Lobito muri Angola.
-
U Rwanda na Amerika byashimangiye ubufatanye mu bya Gisirikare[AMAFOTO]
29 May 2020, by Martin MunezeroU Rwanda na Leta zunze ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano agamije gushimangira ubufatanye bwiza bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yijeje gukemura ibibazo byazengereje ruhago Nyarwanda
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
FARDC yishe abarwanyi 4 ba FDLR inafata mpiri umu Ofisiye wayo
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
Kigali itoshye mu byishimiwe n’Igikomangoma Albert II wa Monaco
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola