Mu kiganiro kirambuye umunyapolitiki Kizza Besigye yagiranye n’ikinyamakuru The East African,yavuze ko amakuru yavuzwe n’ikinyamakuru The New Vision cya Leta ko yahuriye muri USA na Perezida Paul Kagame ari ibinyoma byambaye ubusa ndetse bitazigera bibaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kizza Besigye yavuze ku makuru yavuzwe ko yahuriye na Perezida Kagame muri Amerika
18 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi
1 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 ni ukuvuga hagati y’itariki ya 1 n’iya 10, henshi mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi kurusha uko byari bimeze mu gihe nk’iki mu mwaka ushize.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagejeje kuri Guelleh wa Djibouti intashyo za Perezida Kagame
14 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagejeje kuri Perezida Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti indamukanyo za Perezida Paul Kagame.
-
Leta y’u Rwanda yikomye abagumura abaturage batuye mu Manegeka
27 December 2019, by Martin MunezeroMuri iyi minsi hari ibikorwa byo gusenyera abantu batuye mu bishanga no mu manegeka,Leta y’u Rwanda iravuga ko yikomye abantu bamwe bakomeza kugumura abaturage babyitirira ibibazo bya politiki.
-
Perezida Kagame yavuze ku bica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo ba bageni barajwe muri stade
1 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame yayoboye inama ya komite nyobozi yaguye y’umuryango FPR-Inkotanyi, yateraniye i Rusororo mu Mujyi wa Kigali ku cyicaro cy’uyu muryango.
Mu ijambo yagejeje ku bari bayitabiriye barenga 650 bahagarariye inzego zitandukanye muri FPR Inkotanyi,yabbwiye ko kurwanya Covid-19, biri mu nyungu rusange za buri Munyarwanda, nta muntu n’umwe uri hejuru y’amategeko.Yanenze abakoraga ibidakwiriye bagamije kwirengera.
Ati “Abaraye muri stade, abandi ubanza bararaye (…) -
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika agiye kuza i Kigali kubaza ibya Rusesabagina
30 July 2022, by Dusingizimana Remy‘Minisitiri’ w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda azabaza abategetsi ku ifungwa rya Paul Rusesabagina, uburenganzira bwa muntu, no gufunga urubuga rwa politiki ku batavuga rumwe n’ubutegetsi.
Antony Blinken azagera mu Rwanda tariki 10 Kanama(8), arimo asoza ingendo ze muri Cambodia, Philippines, Africa y’Epfo, na DR Congo, nk’uko itangazo rya minisiteri akuriye ribivuga.
Muri DR Congo, mu byo Blinken azaganira n’abategetsi baho harimo ubucuruzi (…) -
Perezida Kagame yavuze ku bigambye gufata Nyungwe, umubano w’u Rwanda n’Ubufaransa ndetse n’igihe u Rwanda rushobora kwinjira mu ntambara
8 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere taliki ya 08 Mata 2019,aho yavuze ko yishimiye intambwe Ubufaransa bukomeje gutera kugira ngo bunoze umubano wabwo n’u Rwanda ndetse aboneraho kwemeza ko intambara hagati y’u Rwanda n’ikindi gihugu ishoboka igihe cyose gishoje intambara butaka bwarwo.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda
24 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, baganira ku bufatanye busanzweho hagati y’ibihugu byombi, ndetse n’uburyo bwo kurushaho kwagura imikoranire mu nzego zitandukanye.
-
"Kuki mwumva ko ubutabera buciye mu mucyo ari ubw’Abanyaburayi n’Abanyamerika gusa"-Perezida Kagame abwira FRANCE24
17 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa mbere, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye n’ikinyamakuru France24 na RFI ubwo yari yifatanyije n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo muri Afurika mu Nama Mpuzamahanga yiga kuri Sudani, yakiriwe na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron.
-
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane
20 April 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki 20 Mata 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Iyi nama y’Abaminisitiri yemeje iteka rya Perezida rigena amafaranga yo gutunga abamugariye ku rugamba batishoboye.
Ibyemezo:
Ku wa Kane tariki 20 Mata, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1.Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri (…)
Umuryango.rw
Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi
Minisitiri Nduhungirehe yagejeje kuri Guelleh wa Djibouti intashyo za Perezida Kagame
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika agiye kuza i Kigali kubaza ibya Rusesabagina
Perezida Kagame yaganiriye na Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane