Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi bafatiwe mu bikorwa byo kwica bamwe mu baturage bazira ko barenze ku mabwiriza yo kwrinda Covid-19 bagejejwe mu butabera kandi ko bamwe muri bo bamaze gukatirwa n’inkiko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
6 April 2022, by Ubwanditsi -
Ubushinjacyaha bwatangiye gushyira hanze imyirondoro y’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana
11 October 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, bwashyize hanze urutonde rw’abantu 322 bahamijwe mu buryo budasubirwaho ibyaha byo gusambanya abana no gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abantu bakuru rwiganjeho ab’igitsinagabo mu gihe abagore ari barindwi barugaragaraho.
Uru rutonde rwashyizwe ku rubuga rw’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda aho rugaragaraho amazina y’abo bantu ndetse n’amafoto ya bamwe, inyito y’icyaha bahamijwe ndetse n’igihano bahanishijwe.
Ni urutonde rw’abagabo 315 (…) -
AFCON 2021: Ikipe isigaranye abakinnyi 11 gusa kubera Covid-19 itegetswe gukina niyo nta muzamu yaba igira
9 January 2022, by Dusingizimana RemyAmakipe y’ibihugu arimo uburwayi bwa Covid agomba kuzakina imikino yayo y’igikombe cy’Afurika cy’umupira w’amaguru (CAN/AFCON) n’iyo yaba afite abakinnyi 11 gusa batanduye.
-
Ambasaderi Rwamucyo yibikukije ko u Rwanda rudakwiye gutwererwa ibibazo bya DRC
10 October 2024, by Joseph IradukundaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ernest Rwamucyo yongeye kubwira Akanama ka Loni gashinze umutekano ku Isi, ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye gukomeza gutwerera u Rwanda ibibazo byayo.
-
Gicumbi: Padiri yasezeye ku nshingano ze kugira ngo yishakire umugore
24 July 2021, by Dusingizimana RemyPadiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite.
Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byuma, Nzakamwita Servilien, ku wa 18 Nyakanga 2021, wari umushinzwe kuva mu 2008.
Nyir’ukuyandika bigaragara ko ashobora kuba atari mu Rwanda kubera aderesi zo mu Budage yakoresheje, yavuze ko yafashe icyemezo cyo kwegura nyuma yo kubitekerezaho (…) -
Rubavu: Amazu arenga 900 yatakaje ubushobozi bwo guturwamo kubera imvura idasanzwe
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestAmazu 926 yo mu mirenge ya Nyundo, Rugerero na Kanama mu karere ka Rubavu mu ntara y’ iburengerazuba yatakaje ubushobozi bwo guturwamo nyuma y’ uko 26 asenywe no kuzura k’ umugezi wasebera andi akuzuramo naho andi 900 akuzuramo amazi ubuyobozi bugategeka ba nyirayo kuyavamo by’ agateganyo.
Ubu abaturage bamwe bahuye n’ibi biza bacumbikiwe n’abaturanyi babo, Icyakora guverineri w’intara y’iburengerazuba Munyantwari Alfonse yavuzeko kuri uyu wa Mbere aribwo bari butangire guha ubufasha (…) -
Louise Mushikiwabo yavuze ikintu cyamubabaje ku gihugu cye u Rwanda,akimara gutorerwa kuyobora OIF
6 November 2018, by Martin MunezeroNi mu muhango wabaye kuwa gatandatu ugahuza abayobozi bakuru b’Igihugu, abayobozi mu bihugu bitandukanye by’Afurika bishimira intsinzi ya Mushikiwabo Louise yo kuyobora umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, Mushikiwabo yavuze ko atewe ishema no kuba agiye kuyobora uyu muryango ariko kandi anababazwa no kuba agiye kwimuka akava mu Rwanda yari yararahiye kutazongera kwimuka ngo ahave ukundi.
-
Umunyakenyakazi yakoze benshi ku mutima kubera ubukwe bw’igitangaza yakoranye n’umugabo ubana n’ubumuga [AMAFOTO]
15 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyakenyakazi witwa Susan Njogu ukomoka mu gace kitwa Elburgon mu ntara ya Nakuru yakoze benshi ku mutima nyuma y’urukundo ruzira uburyarya yakunze umunya Australia witwa Philip Eling ubana n’ubumuga kugeza bakoze ubukwe.
-
Nyirasafari, Mukabalisa, Nsanzabaganwa na Rose Mary Mbabazi bagiriye inama abasore n’ inkumi [AMAFOTO]
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestMu Kinyarwanda baravuga ngo, “Ugira umugira inama aba agira Imana”, hari byinshi mwigira kuri twe dushinzwe kubagira inama, aya ni amagambo yavuzwe na Perezida w’ umutwe w’ abadepite akaba n’ umwe mu bahaye impanuro urubyiruko mu kiganiro cyabereye mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda.
-
Rwanda: Amafaranga agenerwa impunzi agiye kujya atangwa hifashishijwe ikoranabuhanga
4 October 2017, by Nsanzimana ErnestGuhera muri uku kwezi k’ Ukwakira 2017, amafaranga agenerwa impunzi zo mu bihugu bitandukanye ziri mu Rwanda azajya anyuzwa mu buryo bw’ ikoranabuhanga.
Muri 2014 nibwo impunzi ziri mu Rwanda zatangiye guhabwa amafaranga mu mwanya w’ ibiribwa n’ ibikoresho.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ukwakira 2017, ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNCHR, Equity bank na Umuryango mpuzamahanga ushinzwe ibiribwa ku isi WFP bashyize umukono ku masezerano yo gutangiza uburyo bw’ (…)
Umuryango.rw
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
Ubushinjacyaha bwatangiye gushyira hanze imyirondoro y’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana
AFCON 2021: Ikipe isigaranye abakinnyi 11 gusa kubera Covid-19 itegetswe gukina niyo nta muzamu yaba igira
Ambasaderi Rwamucyo yibikukije ko u Rwanda rudakwiye gutwererwa ibibazo bya DRC
Gicumbi: Padiri yasezeye ku nshingano ze kugira ngo yishakire umugore