Perezida Paul Kagame yifurije abayoboke b’Idini ya Islam umunsi mwiza wo gusoza igisibo gitagatifu uzwi nka Eid al-Fitr bizihije kuri iki Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Mubarak
24 May 2020, by Dusingizimana Remy -
RDC: Sake ‘ikomeje kuba isibaniro’ ry’intambara ya FARDC na M23
27 March 2024, by Dusingizimana RemyMu ntangiriro z’ukwezi gushize Corneille Nangaa ukuriye ihuriro AFC rifite umutwe wa M23 yagaragaye ku mashusho avuga ko “ingabo zanjye zafashe Shasha, kandi zizengurutse Sake”, kuva icyo gihe M23 ntirabasha gufata centre ya Sake.
-
U Rwanda rwamaganye ijambo ’rutwitsi’ Perezida Ndayishimiye yavugiye muri RDC
22 January 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yamaganye imvugo ya Perezida w’u Burundi,Evariste Ndayishimiye muri RDC, ivuga ko “biteye inkeke kuba umuntu yahamagarira urubyiruko rw’u Rwanda guhirika Guverinoma yarwo.
-
#AKARAYIFUMBWE: Udushya twabaye wamenya ubwo Perezida Kagame yarahiraga
13 August 2024, by UbwanditsiTubane mu kiganiro kigaruka ku dushya twabaye mu muhango wo kurahira ubwo Perezida Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda indi manda!
-
Ngoma: Imibiri 14 y’abazize Jenoside i Rukumberi yashyinguwe mu cyubahiro
28 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImibiri 14 y’Abatutsi bazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Rukumberi ruherereye mu Karere ka Ngoma, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, asaba abakiri bato kwitoza gukurana indangagaciro nziza.
-
Urukiko rwemeje ko Dr.Pierre Damien Habumuremyi afungwa iminsi 30 y’agateganyo
21 July 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, rwategetse ko Dr Pierre Damien Habumuremyi, afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje ku cyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye zifite agaciro ka miliyoni zirenga Frw170 n’icyaha cy’ubuhemu akurikiranyweho.
-
Gitifu w’ akarere ka Gicumbi yatawe muri yombi ataramara umwaka muri akazi
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’u Rwanda yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gicumbi na babiri mu bakozi bakurikiranyweho kunyereza umutungo no gukora inyandiko mpimbano.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gicumbi Bernard Bihezande na Jacques Nkezurundi, umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu karere ndetse n’ umukozi mu ishami ry’imiyoborere batawe muri yombi kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2017.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru CIP Innocent Gasasira yatangaje ko aba (…) -
U Rwanda rwakiriye inkoni y’Umwami w’u Bwongereza ku nshuro ya kane [AMAFOTO]
26 October 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rwakiriye inkoni y’Umwami w’u Bwongereza ku nshuro ya kane mu gikorwa cyabereye mu Karere ka Rubavu ku wa Gatandatu, tariki ya 25 Ukwakira 2025.
-
General Aloys Nzabampema uyoboye FNL irwanya Uburundi yarashwe na FARDC ahungira mu bihuru
13 April 2019, by Dusingizimana RemyAmakuru atangazwa n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC aravuga ko General Aloys Nzabampema ukuriye umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bw’u Burundi ariko ugakorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,yarasiwe bikomeye ku rugamba.
-
"Buri wese najye iwabo"-M23 yariye karungu kubera ibyo yasabwe na EAC
14 February 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa M23 mu bya Politiki,Munyarugero Canisius,yavuze ko M23 iri iwabo nta bice yafashe izavamo ahubwo ingabo za EAC zikwiriye gucyura imitwe y’amahanga irimo FDLR.
Abagaba b’ingabo b’ibihugu bigize umuryango wa EAC,basabye umutwe wa M23 kuva mu bice wafashe byose bitarenze kuwa 30 Werurwe ariko aba batsembe bavuga ko batava iwabo.
Mu kiganiro yahaye UKWEZI TV,uyu yavuze ko FDLR n’indi mitwe ariyo itari iy’abanyekongo bityo aribo bakwiriye kwirukanwa atari abanyekongo (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Mubarak
RDC: Sake ‘ikomeje kuba isibaniro’ ry’intambara ya FARDC na M23
U Rwanda rwamaganye ijambo ’rutwitsi’ Perezida Ndayishimiye yavugiye muri RDC
#AKARAYIFUMBWE: Udushya twabaye wamenya ubwo Perezida Kagame yarahiraga
Ngoma: Imibiri 14 y’abazize Jenoside i Rukumberi yashyinguwe mu cyubahiro
Urukiko rwemeje ko Dr.Pierre Damien Habumuremyi afungwa iminsi 30 y’agateganyo
U Rwanda rwakiriye inkoni y’Umwami w’u Bwongereza ku nshuro ya kane [AMAFOTO]
"Buri wese najye iwabo"-M23 yariye karungu kubera ibyo yasabwe na EAC