Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yisanze mu nkiko aregwa n’umufana we witwa Angela Reliford usanzwe yiyita umugore we, amushinja ko yamusebeje ku mbuga nkoranyambaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we
25 April 2025, by ISIMBI Estella -
Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda yakiriye mugenzi we w’u Burundi bagirana ibiganiro
25 February 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel yakiriye mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Abayobozi b’impande zombi barimo kugirana ibiganiro bigaruka ku mubano n’ubufatanye mu bijyanye n’ubutabera.
Minisitiri Banyankimbona yavuze koyishimira ko u Rwanda rukomeje gufasha impunzi z’Abarundi gusubira mu gihugu cyabo, iki kikaba ari ikimenyetso cy’uko umubano mwiza w’ibihugu byombi ugenda ugaruka kuva wazamo (…) -
"Ntabwo wakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari uyisenya"-Kagame Paul i Rusizi
28 June 2024, by Dusingizimana RemyPaul Kagame ,Umukandida w’umuryango wa FPR Inkotanyi yabwiye abo mu karere ka Rusizi by’umwihariko urubyiruko ko bakwiriye gukomeza kurinda ibyagezweho kuko utakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari undi uyisenya.
-
U Rwanda rwamaganye amagambo ya Minisitiri Lutundura wa RDC abeshyera Perezida Kagame
10 May 2024, by Dusingizimana RemyUmuvigizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo,yamaganye ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa RDC wavuze ko Perezida Paul Kagame amaze iminsi avugira mu bitangazamakuru mpuzamahanga ko "ingabo z’u Rwanda ntizizava muri RDC kugeza igihe Abatutsi b’abanye-Congo bazabonera uburenganzira bwabo."
-
Impuguke za IAEA ziri gusuzuma uko u Rwanda rwiteguye gukoresha ingufu za Nikeleyeri
2 March, by Angeline MUKANGENZIImage
Impuguke zo mu Kigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu za Nikereyeli (International Atomic Energy Agency-IAEA) ziri mu Rwanda mu cyiciro cya mbere cy’ubutumwa bwo gusuzuma ibikorwa remezo byahubatswe bya nikleyeri, buzwi nka Integrated Nuclear Infrastructure Review Mission, hagamijwe kureba uko rwiteguye gukoresha izo ingufu mu buryo butekanye, burinzwe kandi burambye. -
Rusizi: Umwana uherutse gukora Radio yavuze ibintu 2 yifuza ko Leta yamufasha
9 August 2020, by Dusingizimana RemyUmwana witwa Emmanuel Bamvuginyumvira wo mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye mu kagari ka Kamanu wakoze radiyo,yasabye Leta ko yamufasha kwiga akaminuza mu ishuri rijyanye n’ubu buhanga afite ndetse ikanamuha ahantu ho gukorera ubushakashatsi.
-
Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare babiri bafite ipeti rya Major mu Ngabo z’u Rwanda, barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kimaka muri Uganda, nyuma y’ibyumweru bitatu hari abandi barangije muri Kenya.
-
Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping na madamu we bageze mu Rwanda
22 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 22 Nyakanga 2018 nibwo Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umugore we Jeannette Kagame bakiriye Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping n’ umugore we Peng Liyuan.
-
Higanjemo ba Colonel: Abofisiye bakuru 14 batorotse Igisirikare cy’u Burundi mu myaka ibiri
20 September 2025, by JABO Blaise PatienceUmwuka mubi ukomeje gututumba mu Gisirikare cy’u Burundi. Nubwo abayobozi baterura ngo babivuge, bigaragara ko kuva mu 2023 ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yoherezaga abasirikare kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva ku muto kugera ku mukuru batashywe n’ubwoba.
-
Kurwanya ubukene si impuhwe mugirira abaturage-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abayobozi bagera kuri 600 bo mu ntara yamajyepfo ko kurwanya ubukene atari impuhwe bagirira abanyarwanda ahubwo ari inshingano zabo.
Umuryango.rw
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we
Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda yakiriye mugenzi we w’u Burundi bagirana ibiganiro
"Ntabwo wakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari uyisenya"-Kagame Paul i Rusizi
U Rwanda rwamaganye amagambo ya Minisitiri Lutundura wa RDC abeshyera Perezida Kagame
Impuguke za IAEA ziri gusuzuma uko u Rwanda rwiteguye gukoresha ingufu za Nikeleyeri
Rusizi: Umwana uherutse gukora Radio yavuze ibintu 2 yifuza ko Leta yamufasha
Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi
Higanjemo ba Colonel: Abofisiye bakuru 14 batorotse Igisirikare cy’u Burundi mu myaka ibiri