Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Kampala muri Uganda aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya 48 ya Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangiye kwizihiza mu ijoro ryo ku wa Gatandatu. Perezida Kagame yakiriwe na Lt Gen Muhoozi nyirizina aherekejwe na Minisitiri w’Umutekano Jim K. Muhwezi, Uhagarariye Inyungu za Uganda mu Rwanda Anne Katusiime ndetse n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda Col Joseph Rutabana.
Buteganyijwe ko kuri uyu mugoroba Perezida (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame ari i Kampala mu Isabukuru y’amavuko ya Gen Muhoozi
24 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
RDC yahagaritse ingendo za Rwandair ku butaka bwayo kubera urwikekwe ifite ku Rwanda
28 May 2022, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo cyemeje ko u Rwanda rushyigikiye inyeshyamba za M23, gifata umwanzuro wo guhagarika ingendo za Rwandair zerekeza mu gihugu cyabo.
Uyu mwanzuro kandi wemejwe n’akanama gakuru ka RDC gashinzwe umutekano.
Perezida wa Repubulika, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo,kuri uyu wa gatanu yayoboye inama Nkuru y’umutekano I Kinshasa.
Muri iyi nama hafashwe imyanzuro myinshi,irimo uwemeza ku mugaragaro ko umutwe wa M23 ari uwiterabwoba nkuko (…) -
Rayon Sports igiye kuzana kizigenza ufitanye isano na Trésor Mputu Mabi
25 July 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports iri mu nzira zo gusinyisha umukinnyi ukomoka muri RDC ukina Imyanya Itandukanye nka 7,11,10 wakinaga muri Angola.
Amakuru dukesha Radio 10 aravuga ko uyu musore yitwa Kimpe-Mongo-Lumpala-Bokamba ufite imyaka 28.
Iki kinyamakuru cyakomeje kivuga ko uyu ari mwishywa wa Trésor Mputu Mabi uzwi cyane muri RDC mu ikipe ya TP Mazembe.
Ngo uyu mukinnyi aragera I Kigali mu masaha 48 ari imbere aho arasinyira Rayon Sports akagera ikirenge mu cy’abandi bakongomani (…) -
Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye irahira rya John Dramani Mahama muri Ghana
7 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yageze muri Ghana aho yitabiriye imihango yo kurahiza Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang.
-
Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta
13 July 2022, by Joseph IradukundaMu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri I Paris,mu Bufaransa nibwo hasojwe urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro .
Urukiko rwamuhamije icyaha cy’ubwicanyi bwabereye mu ishuri ry’abakobwa rya Kibeho, n’ubufatanyacyaha ku bwicanyi bwabereye Murambi, Kaduha na Cyanika ndetse n’icyo gushyira bariyeri mu mihanda.
Nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha ku bwicanyi bwabereye muri Paruwasi ya Kibeho no muri gereza ya Gikongoro, Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka 20. (…) -
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
15 November 2023Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza yanzuye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro inyuranyije n’amategeko.
-
Nta tafari rikigeretse ku rindi muri Kibiraro na Kangondo
19 September 2022, by Dusingizimana RemyInzu zo mu kajagari ko mu midugudu ya Kangondo na Kibiriraro kazwi cyane nka ‘Bannyahe’ zamaze gusenywa ‘zose’ nk’uko bamwe mu bari bahatuye ndetse n’abategetsi babivuga.
Ku cyumweru, Jean de la Paix Barawugira yabwiye BBC ati: “Ubu nta nzu n’imwe ihari.
“Zose banyujijeho katerepurari, nanjye ibyanjye bahise babihirika n’ibikoresho bimwe bitaravamo”.
Kuwa kane, abatuye aka gace babyutse basanga kagoswe abapolisi bitwaje intwaro nta wemerewe kuhinjira no gusohoka, drones zanyuze hajuru (…) -
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 30,5 Frw
6 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’u Budage, byasinyanye amasezerano y’inkunga ingana na miliyoni 18 z’Amayero (miliyari 30,5 Frw) yo gufasha muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage kandi idaheza.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke
2 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yatangaje ko bikwiye ko imirwano ibanza guhagarara kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bishoboke mu Burasirazuba bwa RDC.
Umuryango.rw
Perezida Kagame ari i Kampala mu Isabukuru y’amavuko ya Gen Muhoozi
RDC yahagaritse ingendo za Rwandair ku butaka bwayo kubera urwikekwe ifite ku Rwanda
Rayon Sports igiye kuzana kizigenza ufitanye isano na Trésor Mputu Mabi
Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye irahira rya John Dramani Mahama muri Ghana
Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
Nta tafari rikigeretse ku rindi muri Kibiraro na Kangondo
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 30,5 Frw
U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke