Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb.Olivier Nduhungirehe, yamaze impungenge Abanyarwanda baba mu Bubiligi, agaragaza ko icyemezo u Rwanda ruherutse gufata cyo guhagarika umubano warwo muri Dipolomasi n’iki gihugu cyo mu Burayi, nta ngaruka kizabagiraho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nta ngaruka bizagira ku baturage basanzwe –Nduhungirehe ku gucana umubano n’u Bubiligi
19 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yahishuye ukuntu yigiye Ikinyarwanda kuri Radio asaba kugisigasira
17 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye itangazamakuru kugira uruhare mu kudacika k’ururimi rw’Ikinyarwanda, ahishura ko Radio Rwanda iri mu byamufashije kukimenya neza.
-
Rwanda Day yagombaga kubera mu Budage yasubitswe bitunguranye
14 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko Rwanda Day yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, yasubitswe kubera impamvu zitunguranye.
-
Abadepite batoye itegeko ryemera gutwitira undi no kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
5 August 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite b’u Rwanda batoye itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi ririmo n’ibyerekeye kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga no kwemerera abana b’imyaka 15 kwifatira icyemezo ku guhabwa serivisi z’ubuvuzi badaherekejwe n’umubyeyi cyangwa umurera.
-
Perezida Kagame yayoboye inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yize ku ngamba zihuriweho zo kurwanya COVID-19
12 May 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,Tariki ya 12 Gicurasi 2020, hifashishijwe ikoranabuhanga, abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba bahuriye mu nama yiga ku cyorezo cya COVID-19 kiri guca ibintu ku isi.
-
Meya wa Nyamagabe n’abandi bayobozi batanu batawe muri yombi(yavuguruwe)
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestUMURYANGO wamenye amakuru yizewe ko Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe Mugisha Philbert n’ uwigeze kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ aka karere Jean Pierre wari uherutse kwegura umwaka ushize batawe muri yombi.
Mugisha Philbert ayoboye manda ya kabiri. Ni meya wa Nyamagabe kuva muri 2010. Mbere yo kuba Meya yabanje kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umurenge.Mugisha Philbert akaba afunganywe n’abandi bayobozi batanu barimo uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wako, Nshimiyimana (…) -
Perezida Kagame yashimiye Joe Biden watorewe kuyobora Amerika
8 November 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yashimiye Joe Biden,watorewe kuyobora Amerika atsinze Donald Trump bari bahanganye mu matora yavugishije isi yose.
-
Dr Ngirente yahishuye ikigero cyo gukingira u Rwanda ruzaba rugezeho mu mpera za 2022
4 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yijeje inteko ko u Rwanda ruzaba rwageze ku ntego yo gukingira 60% by’abaturage barwo mbere y’uko umwaka wa 2022 urangira, ni mu gihe kugeza ubu abamaze guhabwa doze ya kabiri ari 40% na ho abahawe doze ya mbere ni 60%.
Mu gihe intego y’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ari uko buri gihugu gikingira nibura 10% by’abagomba guhabwa urukingo, imibare igaragaza ko mu Rwanda abasaga miliyoni 6 bangana na 60% bamaze guhabwa dose ya mbere (…) -
Kigali ku mwanya wa kabiri mu Mijyi 10 ikurura abantu n’ishoramari muri Afurika
8 December 2025, by Brenda MIZEROKu rwego rwa Afurika, Cairo ikomeje kwigaragaza nk’umujyi udasinzira kandi ukurura impano n’imari zituruka hirya no hino ku isi, naho Kigali iza ku mwanya wa kabiri.
-
J. Kagame yagaragaje ko intego y’u Rwanda ari ukugira umuryango ukungahaye
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierMadamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda.
Ubwo yageraga mu Karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, Akagali ka Nyamiryango, Madamu wa Perezida wa Repubulika yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo muri uyu murenge biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza ku (…)
Umuryango.rw
Nta ngaruka bizagira ku baturage basanzwe –Nduhungirehe ku gucana umubano n’u Bubiligi
Perezida Kagame yahishuye ukuntu yigiye Ikinyarwanda kuri Radio asaba kugisigasira
Abadepite batoye itegeko ryemera gutwitira undi no kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
Perezida Kagame yayoboye inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yize ku ngamba zihuriweho zo kurwanya COVID-19
Dr Ngirente yahishuye ikigero cyo gukingira u Rwanda ruzaba rugezeho mu mpera za 2022
Kigali ku mwanya wa kabiri mu Mijyi 10 ikurura abantu n’ishoramari muri Afurika