Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na Perezida Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gitaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha
28 November 2025, by ISIMBI Estella -
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
9 December 2025, by Brenda MIZEROAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Mertin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye guhagurukira ibimenyetso mpuruza bigaragara hirya no hino biganisha kuri Jenoside, no guhangana n’ibikorwa byo guhakana Jenoside zabayeho kuko ibikorwa nk’ibi ari inzira iganisha ku kuyisubiramo.
-
Ibiyobyabwenge: Minisitiri Busingye yabwiye abanya Gicumbi ko burundu ari ebyiri abasaba guhitamo imwe
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yifatanyije n’ abaturage b’ akarere ka Gicumbi mu muganda wo gutera ibiti ku misozi yo mu murenge wa Rutare. Nyuma y’ umuganda aganiriza abaturage ku mavugurura aherutse kuba ku gitabo cy’ amategeko ahana ibyaha ababwira ko gucuruzwa ibiyobyabwenge igihano cyabaye igifungo cya burundu
-
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
23 October 2025, by ISIMBI EstellaDr. Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, ubwo yaburanaga mu bujurire, umushinjacyaha yamusabiye gufungwa burundu.
-
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
-
Urukiko rwashimangiye ko Hoteli y’umuryango wa Rwigara itezwa cyamunara
15 October 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego cyihutirwa cyatanzwe n’uruganda rw’itabi rwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara cyo guhagarika guteza cyamunara Hotel igeretse 4 yabo.
-
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
3 November 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko nta basirikare barwo bari mu Murwa Mukuru wa Mozambique, Maputo, ko ahubwo bari mu Ntara ya Cabo Delgado aho bari mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba.
-
TdRWANDA 2020: Mulu Kinfe Hailemicheal yegukanye agace ka kabiri abuza Abanyarwanda gukorera amateka I Huye
24 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu Kinfe Hailemicheal w’imyaka 21 ukinira ikipe ya Nippo-Delko yo mu Bufaransa.
-
Prof.Laurent Nkusi wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda yahitanwe n’uburwayi
18 May 2020, by Dusingizimana RemyProf. Laurent Nkusi wakoze wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda mu gihe kingana n’imyaka 8, yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Fayisali biherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali azize uburwayi.
-
Perezida Kagame yanenze abahunze igihugu batunzwe no gutukana no kubeshya
12 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye n’abavuga rikumvikana barenga 300 baturutse mu turere twa Musanze na Rubavu, abayobozi b’uturere baturutse mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, n’abikorera bakomoka mu turere twa Musanze na Rubavu bakorera i Kigali no mu tundi turere tw’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko u Rwanda rwageze mu ndiba y’umwobo ariko imbaraga zabo ari zo zatumye u Rwanda rwongera guhagarara rwemye nyuma ya Jenoside yakorewe (…)
Umuryango.rw
Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
Urukiko rwashimangiye ko Hoteli y’umuryango wa Rwigara itezwa cyamunara
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
Prof.Laurent Nkusi wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda yahitanwe n’uburwayi