Nyuma ya Ruhango na Gicumbi inama njyanama y’ akarere ka Bugesera kuri uyu wa 27 Gicurasi 2018 nayo yemeje ubwegure bw’uwari Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Nsanzumuhire Emmanuel n’abamwungirije.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bugesera: Uwari Meya n’abamwungirije bose beguye ku "bushake" bwabo
27 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Bamwe mu bari batuye Bannyahe bashyize bemererwa guhabwa ingurane y’amafaranga
29 April 2024, by Dusingizimana RemyUrukiko Rukuru rwa Kigali rwategetse ko bamwe mu baturage bari batuye muri Kangondo bagomba guhabwa ingurane mu mafaranga hashingiwe ku masezerano bari bagiranye n’Umujyi wa Kigali ubwo umushinga wo kubimura watangizwaga.
-
Diane Rwigara na nyina basabiwe gufungwa imyaka 22 no kwishyura amande
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bushingiye ku ngingo zihana ibyaha baregwa, bwasabye Urukiko kwemeza Adeline Mukangemanyi, n’abantu 5 badahari, icyaha cyo gukurura imvururu muri rubanda, ngo kuko ibyaha aregwa ari impurirane mbonezamugambi, ngo urukiko ruzamuhanishe igihano kiruta ibindi no kongeraho kimwe cya kabiri k’igihano kiruta ibindi, agahanishwa imyaka 22 n’ihazabu ya miliyoni imwe no guhanisha bariya bandi imyaka 15.
Bwasabye kandi ko Diane Rwigara ahamya ibyaha aregwa, agafungwa imyaka 15 ku gukurura imvururu muri rubanda, imyaka irindwi (7) ku nyandiko mpimbano, n’ihazabu ya miliyoni eshatu(3).
-
Mathieu Flamini wanyuzwe n’u Rwanda, yahishuye icyo ibindi bihugu byarwigiraho
8 December 2025, by Brenda MIZEROUmunyabigwi w’Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Mathieu Flamini, yatangaje ko yishimiye ibihe byiza aheruka kugirira mu Rwanda, avuga ko kurusura ari kimwe mu bihe by’ingenzi atazibagirwa yagize muri uyu mwaka uri kugana ku musozo.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Mbere tariki 24 Kamena 2019
24 June 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Umwana w’ imyaka 8 wafotowe agerageza gusana itiyo y’ amazi WASAC yamuhaye miliyoni
11 November 2017, by Nsanzimana ErnestRukundo Yasiri w’ imyaka umunani y’ amavuko wafotowe arimo kugerageza gusana itiyo y’ amazi ngo adakomeza kumeneka, Ikigo cy’ igihugu gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC cyamugeneye ishimwe rya miliyoni y’ amafaranga y’ u Rwanda.
Nk’ uko WASAC yabitangarije ku rubuga rwayo Twitter ifoto y’ uyu mwana hashize igihe kingana n’ ukwezi kumwe bayibonye.
WASAC yavuze ko nyuma y’ ukwezi babonye iyo foto basuye uyu mwana w’ imyaka 8 ku ishuri ribanza yigaho, inamusura iwabo mu rugo.
Nk’ uko (…) -
NESA: Abanyeshuri mu byiciro bitandukanye baratangira ibizamini bisoza umwaka wa 2023/2024
23 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMinisiteri y’uburezi mu Rwanda ibinyujije mu kigo cyayo gishinzwe ibizamini bya leta no kugenzura amashuri ’NESA’, kuri uyu wa mbere yatangaje ko abanyeshuri barenga ibihumbi 200 ari bo bagiye gukora ibizamini bisoza umwaka w’amashuri wa 2023/2024 mu byiciro binyuranye.
-
RIB yafunze uwashinze Sosiyete ya TAT ishinjwa kurya amafaranga ya rubanda
10 April 2024, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko bafunze Nsengiyumva Emmanuel washinze sosiyete yitwa ‘TAT Power Solar Systems’ yashishikarizaga abantu gutanga imigabane ibizeza ko nyuma y’igihe bumvikanye bazabona inyungu.
-
Habaye iki ngo Edgar Lungu wapfuye mu mezi hafi atandatu ashize, abe atarashyingurwa?
29 November 2025, by Brenda MIZEROUmurambo wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 uracyabitswe muri Afurika y’Epfo mu gihe umuryango we ugitegereje kwemererwa kumushyingura i Pretoria.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Singapore wasuye u Rwanda
27 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri w’Intebe wa Singapore, Lee Hsien Loong watangiye uruzinduko rw’umunsi umwe mu Rwanda.
Abayobozi b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byabereye mu muhezo, bikurikirwa n’ikiganiro n’abanyamakuru.
Perezida Paul Kagame na we yakomeje ashimangira ko umubano w’u Rwanda na Singapore ari ntamakemwa nkuko byashimangiwe mu biganiro yagiranye na Ministiri w’intebe Lee Hsien Loong.
Ati “Njye na Minisitiri w’Intebe twagiranye ibiganiro (…)
Umuryango.rw
Bamwe mu bari batuye Bannyahe bashyize bemererwa guhabwa ingurane y’amafaranga
Mathieu Flamini wanyuzwe n’u Rwanda, yahishuye icyo ibindi bihugu byarwigiraho
NESA: Abanyeshuri mu byiciro bitandukanye baratangira ibizamini bisoza umwaka wa 2023/2024
RIB yafunze uwashinze Sosiyete ya TAT ishinjwa kurya amafaranga ya rubanda
Habaye iki ngo Edgar Lungu wapfuye mu mezi hafi atandatu ashize, abe atarashyingurwa?
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Singapore wasuye u Rwanda