Guhera tariki ya 5 Gashyantare kugeza ku ya 6 Gashyantare 2026, Hategerejwe Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 ikaba yitezweho kwitabirwa n’Abanyarwanda bahagarariye ibyiciro bitandukanye birimo abayobozi, Abanyarwanda baba mu mahanga, abahagarariye ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga, abafatanyabikorwa mu iterambere hamwe n’abahagarariye ibitangazamakuru bitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hamenyekanye igihe inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 izabera
29 January, by Angeline MUKANGENZI -
Ambasade mu Bubiligi yahagaze ariko Ababiligi bemerewe gusura u Rwanda
21 March 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade yayo i Bruxelles mu Bubiligi, rutangaza ko serivisi za dipolomasi zizajya zitangirwa muri Ambasade yarwo iri i La Haye mu Buholandi.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bagiye kubaka ikigo kita ku ngangi
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukeragendo Perezida Paul Kagame yahuye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bari mu Rwanda mu biruhuko no kureba aho Ellen azubaka ikigo kihariye cyo kwita ku ngagi ku bufatanye na Dian Fossey Gorilla Fund.
-
Perezida Kagame na Macron baganiriye ku kibazo cya RDC
23 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na mugezi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri baganiriye kuri telefone, biyemeza guteza imbere umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi.
-
‘Uwasigajwe inyuma n’ amateka kumwubakira inzu nziza ntabwo bihagije’ COSYLI
17 December 2017, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda irashimirwa n’ Urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI kuba yubakira abasigajwe inyuma n’ amateka amazu meza yo guturamo, gusa ngo hari ubundi bufasha bakeneye bukwiye kwiyongera ku mazu yo guturamo.
Hashize igihe Leta y’ u Rwanda itangiye kubakira abatishoboye imidugudu igezweho yo kubamo. Inkuru itaba ari nshya mu matwi ya benshi ni uko amazu abasigajwe inyuma n’ amateka bahabwa na Leta y’ u Rwanda bayasambura bakagurisha amabati kugira ngo bishakire amaramuko. (…) -
Urukiko rw’ikirenga rwanze ko Uwamurera Salama watowe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki aba umusenateri
1 October 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ikirenga rwanze ko Uwamurera Salama wari watowe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki mu Rwanda aba umusenateri,kubera ko nta bunararibonye buhagije afite bumwemerera kwinjira muri iyi nteko.
-
Bishop Rugagi n’ abandi ba pasiteri 5 batawe muri yombi
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestApostle Rwandamura Charles, R. Pastor Nyamurangwa Fred, Bishop Rugagi Innocent, Rev Ntambara Emmanuel, Pastor Dura James na Pastor Kalisa Shyaka Emmanuel batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu bakurikiranyweho gutambamira gahunda yo kugenzura insengero zitujuje ibyangombwa no gukoresha inama mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Mu itangazo yashyize ahagaragara Polisi y’Igihugu yavuze ko abatawe muri yombi bose bashinjwa ko ‘baremye itsinda bagatangira n’inama zitemewe bagamije gutambamira (…) -
Ambasaderi Nkulikiyimfura yagaragarije UNESCO intambwe u Rwanda rwateye mu guteza imbere uburezi
7 November 2025, by Brenda MIZEROAmbasaderi w’u Rwanda mu ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco (UNESCO), Nkulikiyimfura François, yagaragaje intambwe ikomeye u Rwanda rwateye mu guteza imbere uburezi mu myaka itanu ishize.
-
Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia badasabwe Visa
15 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Liberia, Elijah F. Rufus, yatangaje ko Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia nta visa batswe.
-
Toni 16 z’ikawa y’u Rwanda zaguzwe arenga miliyoni 442 Frw mu masaha atatu
9 October 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko toni 16 z’ikawa y’u Rwanda zagurishijwe mu cyamunara mpuzamahanga arenga miliyoni 442 Frw mu masaha atatu gusa.
Umuryango.rw
Hamenyekanye igihe inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 izabera
Ambasade mu Bubiligi yahagaze ariko Ababiligi bemerewe gusura u Rwanda
Perezida Kagame na Macron baganiriye ku kibazo cya RDC
Ambasaderi Nkulikiyimfura yagaragarije UNESCO intambwe u Rwanda rwateye mu guteza imbere uburezi
Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia badasabwe Visa
Toni 16 z’ikawa y’u Rwanda zaguzwe arenga miliyoni 442 Frw mu masaha atatu