Ku munsi wa kabiri ibyavuye mu matora yo ku wa kane birimo kubarurwa muri Uganda, aho Perezida Yoweri Museveni umaze imyaka 35 ku butegetsi ahanganye n’umunyamuziki wahindutse umunyapolitike Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uganda: Museveni yongeye kwanikira Bobi Wine mu majwi
16 January 2021, by Dusingizimana Remy -
Ubutumwa bwa Gatabazi asaba imbabazi nyuma yo kwitabira iyimikwa ry’umutware w’abakono
20 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROGatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasabye imbabazi nyuma yo kugaragara ari mu muhango w’iyimikwa ry’umutware w’abakono utaravuzweho rumwe.
Mu butumwa Gatabazi Jean Marie Vianney yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati “Ati “Murakoze Nyakubahwa Perezida wacu ku nama, impanuro no kudukebura mutwibutsa umurongo twahisemo nk’Abanyarwanda wo kubaka igihugu gishingiye ku ‘Bunyarwanda’, tuyobowe n’intekerezo ya Ndi Umunyarwanda yo sano (…) -
Menya amahirwe akomeye ikigo cya IRCAD cyafunguwe mu Rwanda cyazanye
8 October 2023, by Dusingizimana RemyIkigo gikora ubushakashatsi ku ndwara ya kanseri kikanatanga amahugurwa ku ndwara zijyanye n’urwungano ngogozi (IRCAD) kimaze gufungura ishami ryacyo mu mujyi wa Kigali.
-
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kuvuga ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko
28 February 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe,Dr Ngirente Edouard yatangaje ko Leta itigeze itererana abanyarwanda ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko kuko yashyizemo nkunganire kugira ngo byorohe ndetse ngo yiteguye no gukomeza gufasha.
Ibi yabitangaje ku munsi wa kabiri w’Inama y’Umushyikirano 2023,aho yemeje ko ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro kizwi neza ndetse gikomeje gushakirwa umuti.
Yagize ati "Ndagira ngo mbahe ihumure ntabwo leta yigeze itererana abanyarwanda kuri icyo kibazo...
Ndagira ngo (…) -
Perezida Kagame yitabiriye inama Ubushinwa buhuriramo n’Abategetsi b’Afurika (FOCAC)
3 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ku bufatanye hagati y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024.
-
Ngoma: Inzu y’ inkodeshanyo yahitanye umugore n’ abana be batatu kubera imvura
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestInzu yagushijwe n’ imvura n’ umuyaga , internet photo
Mukaneza Thacienne n’ abana be batatu bagwiriwe n’ igikuta cy’ inzu bakodeshaga bose bahita bitaba Imana.
Byabereye mu murenge wa Kibungo akagari ka Cyasemakamba mu mudugudu wa Kabeza nyuma y’ imvura ivanze n’ umuyaga yaguye muri aka karere kuri uyu wa 9 Werurwe 2018.
Kaneza utabanaga n’ umugabo yari afite abana batatu barimo umuhungu w’ imyaka 13, na mushikiwe w’ imyaka 5 ndetse n’ akana k’ agahinja kari gafite umwaka umwe. (…) -
U Rwanda rwongeye rutumirwa mu nama y’ibihugu 7 bikize kurusha ibindi ku isi
7 August 2019, by Martin MunezeroU Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika byatumiwe mu nama izahuza abakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi (G7) iteganyijwe kubera mu mujyi wa Biarritz mu Bufaransa mu mpera z’uku kwezi.
-
Nyamasheke: Umukecuru warokotse Jenoside yishwe atemwe ijosi
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyirangirinshuti Thérèsie w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yishwe n’utaramenyekana amutemaguje umupanga ku ijosi n’umusaya w’ibumoso.
-
Perezida Kagame na Abdel Fattah Al-Sisi bayoboye umuhango w’isinywa ry’amasezerano y’imikoranire
26 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame watangiye uruzinduko rw’akazi mu Misiri ku wa Gatanu, uyu munsi yakiriwe na Perezida w’icyo gihugu Abdel Fattah Al-Sisi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byabereye mu muhezo.
Nyuma y’ibiganiro,habayeho umuhango wo gusinya amasezerano y’imikoranire hagati y’ibihugu byombi.
Perezida Kagame na Perezida Al-Sisi bayoboye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo (…) -
Amb Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria kwizihiza isabukuru y’Ubwigenge
11 November 2025, by ISIMBI EstellaKu mugoroba wo ku wa Mbere, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria mu Rwanda kwizihiza isabukuru y’imyaka 71 ishize iki gihugu kibonye ubwigenge, mu ntambara yatangiye mu Ugushyingo 1954, irangira muri Nyakanga 1962.
Umuryango.rw
Ubutumwa bwa Gatabazi asaba imbabazi nyuma yo kwitabira iyimikwa ry’umutware w’abakono
Menya amahirwe akomeye ikigo cya IRCAD cyafunguwe mu Rwanda cyazanye
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kuvuga ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko
Perezida Kagame yitabiriye inama Ubushinwa buhuriramo n’Abategetsi b’Afurika (FOCAC)
Nyamasheke: Umukecuru warokotse Jenoside yishwe atemwe ijosi
Perezida Kagame na Abdel Fattah Al-Sisi bayoboye umuhango w’isinywa ry’amasezerano y’imikoranire
Amb Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria kwizihiza isabukuru y’Ubwigenge