U Burundi bumaze iminsi bwohereza abasirikare benshi n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’ibihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda
15 December 2025, by Brenda MIZERO -
Dosiye ya Munyenyezi Beatrice ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yashyikirijwe ubushinjacyaha
21 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Munyenyezi Beatrice ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo gutegura no gucura umugambi wo gukora Jenoside, kurimbura nk’icyaha cyibasiye inyoko muntu ndetse n’ubufatanyacyaha mu gusambanya ku gahato, byakorewe mu cyahoze ari Komini Ngoma muri Perefegitura ya Butare.
-
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo Isi yose yateye umugongo u Rwanda mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, agaragaza ko byasigiye u Rwanda amasomo akomeye yo kwishakamo ibisubizo, ak’imuhana kakaza imvura ihise.
-
Byinshi ku bakomando ba RCS barwanya imyigaragambyo mu magororero
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuKimwe nk’izindi nzego z’umutekano, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) na rwo rwashyizeho umutwe wihariye uzwi nk’Abakomando cyangwa ‘Special Force’ mu ndimi z’amahanga, ushinzwe kuburizamo ibikorwa byo gutoroka kw’abagororwa ndetse no guhosha imyigaragambyo mu gihe yaba ibayeho mu igororero.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uko kamere ya Tshisekedi yongeye kudobya gahunda y’amahoro
4 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari we witambitse igikorwa cyo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’ibihugu cye n’u Rwanda.
-
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni yongeye gusura u Rwanda
14 March 2022, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali mu ruzinduko rwe mu Rwanda kuri uyu wa 14 Werurwe 2022.
Umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt Gen Muhoozi, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, akaba n’umujyanama wa Perezida Museveni, yari uherutse gutangaza ko yemeranyije na Perezida Kagame ko azagaruka mu Rwanda bakaganira,akaba yageze ku Kibuga cy’Indege i Kanombe kuri uyu wa Mbere tariki 14 Werurwe (…) -
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal
18 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.
-
BURUNDI: Perezida Nkurunziza wari umaze imyaka 15 ku butegetsi yahitanwe n’uburwayi
9 June 2020, by Dusingizimana RemyUwari Perezida w’Uburundi Nyakubahwa Pierre Nkurunziza yatabarutse kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Kamena 2020 azize guhagarara k’umutima nkuko byavuzwe na Guverinoma y’u Burundi.
-
Ibyaganiriweho n’abagize Guverinoma mbere y’uko bajya mu kiruhuko
18 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yize ku ngingo zitandukanye zirimo kugenzura gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 n’izindi ngingo zirimo ijyanye n’ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu mahanga.
Mu itangazo ryashyizwe hanze uyu munsi,Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye yaganiriye ku ngingo zinyuranye zirimo:
Gahunda yo gukingira Covid-19 mu gihugu; Abanyarwanda 951,795 bamaze gukingirwa
Impapuro mpeshamwenda za Eurobond Guverinoma (…) -
‘Kuba Umunyarwanda asuhuza undi munyarwanda mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa biteye isoni’ Dr Vuningoma
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestGusuhuzanya no kuganira mu ndimi z’ amahanga hari Abanyarwanda basigaye babifata nk’ ubusirimu cyangwa ikimenyetso cy’ uko basomye gusa Umuyobozi w’ inteko Nyarwanda y’ Ururimi n’ Umuco Dr James Vuningoma we asanga ari urukozasoni kuba Umunyarwanda yasuhuza mugenzi mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa.
Yabitangarije mu kiganiro ku Nteko cyo kuri Radio 10 cyatambutse kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018. Dr Vuningoma avuga ko kumenya indimi z’ amahanga bifitiye akamaro Abanyarwanda kuko bazihahisha (…)
Umuryango.rw
U Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
Byinshi ku bakomando ba RCS barwanya imyigaragambyo mu magororero
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uko kamere ya Tshisekedi yongeye kudobya gahunda y’amahoro
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni yongeye gusura u Rwanda
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal
BURUNDI: Perezida Nkurunziza wari umaze imyaka 15 ku butegetsi yahitanwe n’uburwayi
Ibyaganiriweho n’abagize Guverinoma mbere y’uko bajya mu kiruhuko