Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yatangaje ko kaminuza 6 ari zonyine zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi kwa 10 hagati nyuma yo gufunga kubera icyorezo cya Covid-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kaminuza 6 zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi zatangajwe
2 October 2020, by Dusingizimana Remy -
Abakobwa 29 barimo undi ufite ubumuga nibo bazahagararira Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022 [AMAFOTO]
12 February 2022, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo hasojwe amajonjora yo kuzenguruka igihugu cyose hashakishwa abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022 aho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Gashyantare hatowe 29 bo mu mujyi wa Kigali.
Mu ijonjora ryabereye kuri Hill Top Hotel i Remera mu Mujyi wa Kigali,hiyandikishije abakobwa 190 kugira ngo bitabire ijonjora mu Mujyi wa Kigali, gusa abagera kuri 117 ni bo bageze ahabereye ijonjora. Aha niho hiyandikishije benshi mu gihugu hose.
Abakobwa barimo abakinnyi ba filimi (…) -
Umuvugizi w’Ubwongereza yanenze umuyobozi w’Abangilikani Ku Isi uri kurwanya ko u Rwanda rwakakira impunzi
19 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wa Goverinoma y’ubwongereza Boris Johnson yanenze umushumba mukuru w’abangilikani ku Isi Archbishop Justin Welby uherutse kunega amasezerano y’u Rwanda n’Ubwongereza.
-
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu
5 May 2021, by Dusingizimana RemyKu wa Gatatu, tariki ya 5 Gicurasi 2021, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14 Mata no ku wa 19 Mata 2021.
2. Inama y’Abaminisitiri yongeye gusuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’Icyorezo cya COVID-19. Yemeje ko ingamba zikurikira zigomba gushyirwa mu bikorwa mu Gihugu hose guhera ku itariki ya 06 kugeza (…) -
Princess Sheikha w’ i Dubai yatandukanye n’umugabo we abinyujije kuri instagram
18 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa w’Umuyobozi wa Dubai, Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum, bisa nk’aho yatangaje gatanya ye ku mbuga nkoranyambaga. Ubutumwa bwavuye kuri account iri verified ya Instagram y’Igikomangomakazi Sheikha Mahra bint Mohammed bin Rashid Al Maktoum bwavuze ko ashyize iherezo ku mubano we n’umugabo we, agira ati: "Ndatangaza ko twatandukanye."
-
Barack Obama yasabiwe gusubizwa mu gihugu afitemo inkomoko agafungwa
26 June 2020, by Martin MunezeroBarack Obama wabaye Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabiwe n’abaturage gusubizwa mu gihugu afitemo inkomoko agafungwa, nyuma y’aho umwe mu bakomoka mu muryango we agaragaje icyemezo cy’amavuko cyemeza ko yavukiye muri Kenya.
-
Rayon Sports y’Abagore yamenye ama kipe 4 barikumwe mu itsinda rya 1 muri CAF Champions League.
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRayon Sports y’Abagore yisanze mu Itsinda 1 mu majonjora ya CAF Champions League mu karere ka CECAFA, aho iri kumwe na Commercial Bank of Ethiopia, Kenya Police Bullets FC, Yei Joint FC na Warriors Queens.
-
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
21 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Uwamariya Valentine na Gasana Alfred.
-
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni
22 January 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Lt.Gen. Muhoozi Kainerugaba, kugira ngo amushyikirize ubutumwa bwa mugenzi wa Uganda ku ngingo zijyanye no kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi
Nyuma y’aho, Perezida Kagame yakiriye ku meza Gen. Muhoozi Kainerugaba, nyuma y’ibiganiro bagiranye ku mubano w’ibihugu byombi.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Mutarama 2022,nibwo Gen. Muhoozi Kainerugaba yageze mu Rwanda.
Uyu mugabo w’imyaka 47 ni umuhungu w’imfura wa Perezida Museveni. (…) -
"Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo"-Leta
17 September 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yatangaje ko kwimura abantu bari batuye muri Kangondo na Kibiraro byarangiye "nta muvundo"
Ibikorwa byo gusenya inzu zabo byatangiye ejo kuwa gatanu nyuma y’uko hagoswe n’inzego z’umutekano.
Abinyujije kuri Twitter ye, Mukuralinda yagize ari "Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo. Leta ikomeje kandi gutega amatwi no gushakira umuti ibindi bibazo byavuka nyuma y’aho bagereye aho bimukiye mu Busanza."
Kuva ejo (…)
Umuryango.rw
Kaminuza 6 zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi zatangajwe
Abakobwa 29 barimo undi ufite ubumuga nibo bazahagararira Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022 [AMAFOTO]
Umuvugizi w’Ubwongereza yanenze umuyobozi w’Abangilikani Ku Isi uri kurwanya ko u Rwanda rwakakira impunzi
Princess Sheikha w’ i Dubai yatandukanye n’umugabo we abinyujije kuri instagram
Barack Obama yasabiwe gusubizwa mu gihugu afitemo inkomoko agafungwa
Rayon Sports y’Abagore yamenye ama kipe 4 barikumwe mu itsinda rya 1 muri CAF Champions League.
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni
"Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo"-Leta