Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo bw’abishimiye intsinzi ye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abategetsi benshi ku isi bavuze ku ntsinzi ya Biden hazamo n’abanenze amatora
8 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni
22 January 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Lt.Gen. Muhoozi Kainerugaba, kugira ngo amushyikirize ubutumwa bwa mugenzi wa Uganda ku ngingo zijyanye no kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi
Nyuma y’aho, Perezida Kagame yakiriye ku meza Gen. Muhoozi Kainerugaba, nyuma y’ibiganiro bagiranye ku mubano w’ibihugu byombi.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Mutarama 2022,nibwo Gen. Muhoozi Kainerugaba yageze mu Rwanda.
Uyu mugabo w’imyaka 47 ni umuhungu w’imfura wa Perezida Museveni. (…) -
Rayon Sports yujuje umukino wa 19 idatsindwa ishyikirizwa igikombe na miliyoni 32 FRW [AMAFOTO]
1 June 2019, by Dusingizimana RemyImbere y’abakunzi bayo bari mu byishimo byinshi kuri stade Amahoro I Remera,Rayon Sports yatsinze Marines FC ibitego 3-0 mu gice cya mbere,yuzuza imikino 19 yikurikiranya idatsindwa ndetse ishyikirizwa igikombe cya miliyoni 32 FRW.
-
Rayon Sports na APR FC zaciwe amande kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
13 November 2020, by Dusingizimana RemyAmakipe atandukanye mu Rwanda arimo APR FC na Rayon Sports yaciwe amande n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nyuma y’uko akinnye imikino ya gicuti atabifitiye uruhushya.
-
Ruto yakiriye Kabarebe, intumwa ya Perezida Kagame
17 July 2025, by ISIMBI EstellaDr. William Samoei Ruto uyobora Kenya kuri uyu wa 17 Nyakanga 2025 yakiriye intumwa yihariye ya Perezida Paul Kagame, Gen (Rtd) James Kabarebe, baganira ku kongerera imbaraga umubano w’iki gihugu n’u Rwanda.
-
Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025
25 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo by’umutekano mu matora ateganyijwe muri icyo gihugu ku wa 28 Ukuboza 2025 no gukomeza umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi.
-
U Rwanda rwavanyeho imisoro ku bicuruzwa by’isuku y’abagore n’abakobwa bari mu mihango,gusa haracyari impungenge kuri benshi
11 December 2019, by Martin MunezeroU Rwanda rwavanyeho imisoro ku nyongeragaciro (TVA) ku bicuruzwa by’isuku y’abagore n’abakobwa bari mu mihango [ubutinyanka mu Kirundi], inkuru bamwe bavuze ko ari nziza ariko igiciro kikiri hejuru kuri benshi.
-
Messi yafashije Argentina kwegukana igikombe cy’isi 2022
18 December 2022, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yageze ku nzozi ze zo kwegukana igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda ubufaransa penaliti 4-2 nyuma yo kunganya ibitego 3-3 mu minota 120.
Muri uyu mukino wari ishyiraniro,Argentina yatsinze ibitego 2 mu gice cya mbere ariko Ubufaransa bubyishyura mu minota 12 ya nyuma y’umukino,amakipe yinjira mu minota y’inyongera,Argentina ibonamo igitego kiza kwishyura mu minota 2 ya nyuma n’Ubufaransa.
Uwavuga ko Argentina yayoboye igihe (…) -
U Burusiya na Libya byacyeje amasezerano y’u Rwanda na RDC
7 December 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Libya n’iy’u Burusiya byakiriye neza isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubukungu yashyizweho umukono na Perezida wa Reoubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repunulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Anoine Tsisekedi Tshilombo, ku wa 4 Ukuboza 2025.
-
Pasiteri Mpyisi yamenye amabanga ye arimo uko yakundaga udukumi,kuba yarambaye Ipantalo bwa mbere ayidodesheje i Bujumbura nibindi
19 June 2019, by Martin MunezeroPasiteri Ezra Mpyisi umwe mu basaza bakuze ariko kandi banafite amateka mu Rwanda, yabaye icyamamare cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera inyigisho agenda atanga ndetse n’izindi bivugwa ko ahimbirwa mu rwego rwo gutebya. Uyu mugabo mu minsi ishize yaganiriye na Televiziyo Rwanda atangaza byinshi abantu batari bamuziho.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni
Ruto yakiriye Kabarebe, intumwa ya Perezida Kagame
Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025
Messi yafashije Argentina kwegukana igikombe cy’isi 2022
U Burusiya na Libya byacyeje amasezerano y’u Rwanda na RDC