Ubutegetsi bwa Donald Trump bwafashe umwanzuro wo guharika by’agateganyo gutanga Visa z’abimukira, ni ukuvuga abantu bashaka gutura muri Amerika mu gihe kirekire, baturutse mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibisobanuro n’ingaruka z’umwanzuro wa Trump wo guhagarika Visa z’abimukira ku Banyarwanda
15 January, by ISIMBI Estella -
Hafi imyaka 4 ishize Isi yose isa niyateraniye ku U Rwanda. Kubera iki? -Perezida Kagame
5 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repuburika Paul Kagame avuga ko mu myaka ine ishize, Isi yose yateraniye ku Rwanda akumirwa agereranyije n’u Rwanda azi, akibaza uko ruteranirwaho n’Isi yose n’ukuntu bishoboka, akibaza n’icyo u Rwanda ruba rwakoze ngo Isi yose ihaguruke irwamagane inavuge u Rwanda.
-
Perezida Kagame yatangaje ukuntu atewe ibyishimo n’ubukwe bw’umukobwa we
28 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umunsi wo kwibohora atahatinda.
-
U Rwanda rubona AI nk’iyahangara ibibazo by’ubuzima muri Afurika
13 October 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rwagaragararije Abaminisitiri b’Ubuzima,Abahanga udushya mu ikoranabuhanga, Abashakashatsi n’Abahanga mu by’ubuvuzi, Abaminisitiri mu nzego zitandukanye n’Abanyepoliki n’abandi bafitye aho bahuriye n’ubuzima ko ikoranabuhanga ry’ubwenge muntu buhangano (AI) ribonwa nk’amahirwe ya Afurika mu guhangana n’ibizabo bimwe na bimwe byugarije ubuzima.
-
Utubari n’imyidagaduro byakomorewe gukora kugeza mu gitondo
14 December 2023, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2023, utubari, utubyiniro n’ibikorwa by’imyidagaduro bizajya bifunga Saa 5:00 za mu gitondo mu mpera z’icyumweru mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru.
-
Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwimika ikinyabupfura mu byo bakora byose
4 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yahaye ipeti abofisiye bato rya S/Lieutenant binjizwa mu ngabo z’u Rwanda,RDF.
Mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako,kuri uyu wa Gatanu,Perezida Kagame yibukije aba basirikare bashya ko bagomba kurangwa n’ikinyabupfura kandi bagaharanira gukora neza inshingano barahiriye.
Perezida Kagame yavuze ko "adashidikanya ko aba ba ofisiye biteguye bihagije kandi bafite ibisabwa byose kugira ngo buzuze (…) -
Umurambo watoraguwe Nyabugogo mu Nkundamahoro ni uwa Me Bukuru Ntwali
2 June 2021, by UbwanditsiMu ma saha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki 02/06/2021 hatoraguwe umurambo mu nyubako z’ubucuruzi za Koperative Inkundamahoro ziri Nyabugogo bigaragara ko wahanutse muri etage hejuru.
-
Ibitureba twarabikoze – Minisitiri Paula Ingabire avuga kuri ’monetization’ y’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda
6 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yavuze ko u Rwanda rwakoze ibikenewe byose kugira ngo abakoresha imbuga nkoranyambaga babashe kwinjiza amafaranga azivuyeho asobanura ko ibisigaye biri kwigwaho na ba nyiri imbuga kugira ngo babyemeze.
-
Urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda rwatangiye
3 May 2019, by Martin MunezeroUrugereko rwihariye ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, rwatangiye kuburanisha itsinda ry’abantu 25 barimo abagore batatu baregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yafunze kubera umuntu wayigezemo arwaye Coronavirus
16 March 2020, by Dusingizimana RemyAmbasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya Coronavirus.
Umuryango.rw
Ibisobanuro n’ingaruka z’umwanzuro wa Trump wo guhagarika Visa z’abimukira ku Banyarwanda
Hafi imyaka 4 ishize Isi yose isa niyateraniye ku U Rwanda. Kubera iki? -Perezida Kagame
U Rwanda rubona AI nk’iyahangara ibibazo by’ubuzima muri Afurika
Utubari n’imyidagaduro byakomorewe gukora kugeza mu gitondo
Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwimika ikinyabupfura mu byo bakora byose
Ibitureba twarabikoze – Minisitiri Paula Ingabire avuga kuri ’monetization’ y’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yafunze kubera umuntu wayigezemo arwaye Coronavirus