Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kugeza aho Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi atacyifuza ko bahura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo
11 February, by Brenda MIZERO -
Rwamagana: Abatekamutwe bariye urubyiruko akayabo barubeshya ko bafite kompanyi itanga akazi
3 April 2024, by Dusingizimana RemyAbantu batari bamenyekana bahurije hamwe urubyiruko rwa Rwamagana, Kayonza, Kirehe na Nyagatare barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi, bamwe baza bitwaje matela n’ibikapu biteguye kugatangira, bahageze basanga ababahamagaye ni abatekamitwe.
-
U Rwanda na Maroc basinyanye amasezerano y’ubufatanye
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) n’Urwego rushinzwe amagereza mu gihugu cya Maroc (DGAPR) basinye amasezerano mu bijyanye no kugorora.
-
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
12 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwishimiye uruzinduko rw’intumwa z’u Burundi mu Rwanda ndetse hari kuganirwa ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi kandi amaherezo ibibazo bihari bizashyira bigakemuka.
Mu kiganiro Bwana Mukuralinda yagiranye na BBC,yavuze ko u Rwanda rwishimiye kwakira Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira na bagenzi be bari boherejwe na Perezida (…) -
Nyirasafari yabimburiye abandi kwinjira muri Sena nk’uhagarariye Umujyi wa Kigali
16 September 2024, by Joseph IradukundaSenateri Nyirasafari Espérance yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali ku majwi 63/115 y’abagize inteko itora, akaba yari asanzwe ari Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda.
-
Ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 06 Werurwe 2020
7 March 2020, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
-
Perezida Ndayishimiye yavuze ku ibura ry’amadorali na Peteroli mu Burundi atunga agatoki ibigabo bigendera mu ma Jeeps
13 August 2024, by EmmyKuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru y’ikibazo cy’ibura rya peteroli kivugwa mu Burundi, asanga ari ibinyoma.
-
Amb. Gen. Nyamvumba yatanze impampuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Seychelles
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
-
VIDEO- ’Imbabazi nari nizeye uwo nzisaba niyo mpamvu aho kuburana nahisemo gutakamba’ Kizito Mihigo
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Kizito Mihigo yashimiye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wamuhaye imbabazi avuga ko yari abyizeye ko azazimuha kuko ari umuntu ufite umutima.
-
Gen (Rtd) Kabarebe ari i Kampala mu nama y’umutekano wa RDC n’akarere
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yahagarariye u Rwanda mu nama yiga ku mahoro, umutekano ndetse n’ubufatanye bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’akarere, iri kubera i Kampala muri Uganda.
Umuryango.rw
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo
Rwamagana: Abatekamutwe bariye urubyiruko akayabo barubeshya ko bafite kompanyi itanga akazi
U Rwanda na Maroc basinyanye amasezerano y’ubufatanye
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
Nyirasafari yabimburiye abandi kwinjira muri Sena nk’uhagarariye Umujyi wa Kigali
Perezida Ndayishimiye yavuze ku ibura ry’amadorali na Peteroli mu Burundi atunga agatoki ibigabo bigendera mu ma Jeeps
Amb. Gen. Nyamvumba yatanze impampuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Seychelles
Gen (Rtd) Kabarebe ari i Kampala mu nama y’umutekano wa RDC n’akarere