Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango RPF Inkotanyi Amb. Bazivamo Christophe, yashyikirije Ishyaka ry’Abakozi muri Congo muri Congo-Brazaville (Congolese Labour Party-PCT) riri ku butegetsi, ubutumwa bw’indamutso za kivandimwe za Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Congo-Brazzaville: Ishyaka riri ku butegetsi ryakiriye ubutumwa bwa Perezida Kagame
29 December 2025, by ISIMBI Estella -
VIDEO- ’Imbabazi nari nizeye uwo nzisaba niyo mpamvu aho kuburana nahisemo gutakamba’ Kizito Mihigo
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Kizito Mihigo yashimiye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wamuhaye imbabazi avuga ko yari abyizeye ko azazimuha kuko ari umuntu ufite umutima.
-
Minisitiri Mukazayire yabajijwe ku mpinduka zihora muri FERWAFA n’abatoza Amavubi
19 February, by Brenda MIZEROMinisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly, yatangaje ko batanejejwe n’umusaruro Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ‘Amavubi’ itanga ariko ko hari icyerekezo kigamije kuyifasha gutanga umusaruro binyuze mu kwegeranya abafite impano bari hirya no hino ku Isi no kugira abayobozi basobanukiwe umupira w’amaguru.
-
U Rwanda rwamaganye ubushotoranyi bwa RDC yongeye kuvogera ikirere cyarwo n’indege
29 December 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo ryo kwamagana igikorwa cy’ubushotoranyi, ivuga ko cyakozwe n’indege y’intambara ya Congo Kinshasa, mu mazi y’ikiyaga cya Kivu.
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda bivuga ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yinjiye mu kirere cy’u Rwanda, ahagana saa 12h00 ariko ihita isubira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Mu itangazo u Rwanda rwashyize hanze rwavuze ko “iby’uku kwinjira mu kirere cy’u Rwanda kw’indege y’igisirikare ya (…) -
MINEDUC yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange
27 August 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi, MINEDUC yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ibisoza icyiciro rusange, mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, igaragaza ko abakobwa batsinze ku kigero cyo hejuru mu mashuri abanza, mu gihe abahungu batsinze neza mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye.
-
"Nta mwuka w’intambara uri hagati y’u Rwanda na RDC"-Leta y’u Rwanda
30 May 2022, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwahakanye ko rutiteguye guhangana mu ntambara na RDC nkuko hari ibihuha byabivugaga nyuma y’aho RDF isabye iki gihugu kurekura ingabo zacyo bivugwa ko zashimuswe na FARDC ndetse n’umutwe wa FDLR bakorana.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavugiye kuri Televiziyo y’Igihugu ko nta mwuka w’intambara uri hagati ya RDC n’u Rwanda ndetse ngo ari ibyagombaga kuba baba barirwanyeho ubwo ingabo z’iki gihugu zateraga amabombe ku butaka bw’u Rwanda. (…) -
Igiciro cya lisansi cyatumbagiye cyane mu Rwanda
3 October 2023, by Dusingizimana RemyUrwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse aho igiciro cya lisansi kigeze hafi ku 2000 FRW.
-
RIB yataye muri yombi abantu 3 bakekwaho gukubitira umuntu ku kabari agapfa
5 December 2022, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwafunzwe abantu batatu bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umushoferi w’ikamyo mu cyumweru gishize.
Bivugwa ko Emmanuel Muhizi yitabye Imana nyuma yo gukubitirwa mu kabari kari ku muhanda i Kabuga, mu nkengero z’umujyi wa Kigali.
Amashusho y’uru rugomo rwabaye ku manywa y’ihangu yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bitera umujinya benshi- cyane cyane ko amafoto yagaragaje ko hari abarebereye uyu muntu akubitwa.
Kuri imwe mu mafoto, Muhizi agaragara (…) -
Depite Rwabyoma watutse umuyobozi wa HRW yanamusabiye kwigishwa
30 October 2017, by Nsanzimana Ernest.Depite Rwabyoma yashimangiye ko aticuza kuba yaravuze ko Kenneth uyobora HRW ari imbwa.
. Kenneth uyobora HRW yanenze gahunda yo guca amashashi
-
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Major General abasirikare 3 bakuru
11 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 3 bari ku ipeti rya Brig. General bahabwa ipeti rya Major General.
Abazamuwe ni Brig. Gen. Vincent Nyakarundi, Umuyobozi Mukuru ushizwe Ubutasi bwa Gisirikare, Brig. Gen. Willy Rwagasana ukuriye Ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu (Republican Guard), na Brig. Gen. Ruki Karusisi Uyobora Umutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Forces).
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, (…)
Umuryango.rw
Congo-Brazzaville: Ishyaka riri ku butegetsi ryakiriye ubutumwa bwa Perezida Kagame
Minisitiri Mukazayire yabajijwe ku mpinduka zihora muri FERWAFA n’abatoza Amavubi
U Rwanda rwamaganye ubushotoranyi bwa RDC yongeye kuvogera ikirere cyarwo n’indege
MINEDUC yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange
"Nta mwuka w’intambara uri hagati y’u Rwanda na RDC"-Leta y’u Rwanda
Igiciro cya lisansi cyatumbagiye cyane mu Rwanda
RIB yataye muri yombi abantu 3 bakekwaho gukubitira umuntu ku kabari agapfa
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Major General abasirikare 3 bakuru