Itangazo ryasohowe n’ishyaka MRCD rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, rivuga ko nyuma y’itabwa muri yombi rya Callixte Nsabimana -Major Sankara- ryashyizeho Capitaine Herman Nsengimana nk’umusimbura we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Sankara yasimbujwe Capt. Herman ku buvugizi bwa FLN
7 May 2019, by Martin Munezero -
Abadepite batoye itegeko ryemera gutwitira undi no kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
5 August 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite b’u Rwanda batoye itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi ririmo n’ibyerekeye kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga no kwemerera abana b’imyaka 15 kwifatira icyemezo ku guhabwa serivisi z’ubuvuzi badaherekejwe n’umubyeyi cyangwa umurera.
-
Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuCSP Ildephonse Rutagambwa, Umuyobozi w’abapolisi 140 bari bagize itsinda RWAPSU1-9 ryari mu butumwa muri Repubulika ya Centrafrique, ubwo bageraga mu Rwanda, yavuze ko uretse inshingano zo kurinda abayobozi bakuru, banakoze ibikorwa biteza imbere abaturage ba kiriya Gihugu.
CSP Ildephonse Rutagambwa yabitangaje ubwo iri tsinda ryageraga mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Kamena 2025, nyuma yo gusimburwa n’itsinda RWAPSU1-10 ryageze muri Centrafrique mu gitondo cyo kuri (…) -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare barwanira mu kirere
6 February 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kuzamura mu ntera yo hejuru abasirikare 16 bo mu ngabo zirwanira mu kirere aho yabakuye ku ntera yo hasi cyane,abasimbutsa amapeti menshi, abagira aba Ofisiye.
-
Urukiko Rwibanze rwa Kiyumba rwanzuye ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite afungwa by’Agateganyo
10 September 2024, by Joseph IradukundaMusonera Germain yakatiwe gufungwa iminsi mirongo itatu y’agateganyo ku byaha bya Jenoside akekwaho.
-
Perezida Kagame yibukije abayobozi ko kwiyoroshya ari ibintu bibongerera agaciro
17 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yabwiye abayobozi batandukanye bari bitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango Unity Club Intwararumuri umaze ushinzwe ko Kwiyoroshya ntacyo bitwaye kuko aribyo bituma abaturage babiyumvamo.
-
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHagaragajwe amashusho ya bimwe mu bikorwa bihonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu by’igisirikare cya DRC, agaragaza bamwe mu basirikare b’iki Gihugu baboshye abo bashinja gukorana na M23, banabambuye imyenda, aho bivugwa ko byabereye i Kisangani.
-
Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo
6 January 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateranye amagambo n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
-
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by UbwanditsiTaliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abajyanama be
14 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Reoubulika Paul Kagame, yayoboye Inama y’Akanama Ngishwanama k’Umukuru w’Igihugu (PAC), ihuriro ruhurizwamo impuguke z’Abanyarwanda n’abo ku rwego mpuzamahanga, bashinzwe kugira inama Umukuru w’Igihugu na Guverinoma kugira ngo bungurane ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda.
Umuryango.rw
Abadepite batoye itegeko ryemera gutwitira undi no kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze
Urukiko Rwibanze rwa Kiyumba rwanzuye ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite afungwa by’Agateganyo
Perezida Kagame yibukije abayobozi ko kwiyoroshya ari ibintu bibongerera agaciro
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC
Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abajyanama be