Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yashimye intambwe imaze guterwa mu gufasha Abanyarwanda kwihaza mu biribwa ariko avuga ko idahagije kuko bimwe mu biribwa Abanyarwanda bakenera bakibikura hanze y’igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
27 October 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe MICT izaba irangije imirimo yayo
23 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yabwiye Akanama k’Amahoro k’Umuryango w’Abibumbye ko u Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe Urwego mpuzamahanga rushinzwe gukora imirimo y’insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (MICT) ruzaba rurangije imirimo yarwo.
-
Minisitiri Bizimana yasabiye Abenebikira kugirwa Abarinzi b’Igihango
7 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yatangaje ko Umuryango w’Abenebikira ukwiye kugirwa Abarinzi b’Igihango bitewe n’ibikorwa by’indashyikirwa byo kunga ubumwe no kurokora abantu wakoreye muri Gisagara n’ahandi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados
14 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Barbados Mia Amor Mottley, kuba yongeye kugirirwa icyizere kuri uwo mwanya.
-
Amerika n’Ubumwe bw’Uburayi bavuze ko Ifatwa rya Masisi ribangamiye umuhate wo kugera ku mahoro
8 January 2025, by Joseph IradukundaUmuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) n’Amerika byamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, wigaruriwe n’umutwe w’inyeshyamba wa M23 mu mpera y’icyumweru gishize.
-
Perezida Kagame yagize Mukazayire Minisitiri wa Siporo, Gatare na Rwego bahindurirwa inshingano
21 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Nelly Mukazayire, Minisitiri wa Siporo, asimbuye Nyirishema Richard wari kuri uwo mwanya kuva muri Kanama 2024.
-
Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC
19 September 2025, by JABO Blaise PatienceUmwuka w’intambara ikomeye ukomeje gushyuha mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku buryo isaha n’isaha cyangwa umunsi ku munsi ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’umutwe witwaje intwaro wa M23 bishobora kuyisubukura, ikaba yanagira ubukana burenze ubwa mbere.
-
Bimwe mu byaranze tariki ya 7 Mata 1994 ubwo hatangiraga Jenoside yakorewe Abatutsi
7 April 2023, by Dusingizimana RemyImyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri iyo tariki ni bwo Interahamwe n’umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana Juvenal batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi.
Uwari Minisitiri w’Intebe, Uwilingiyimana Agathe n’abasirikare icumi b’Ababiligi bo mu ngabo z’Umuryango w’Abibumbye (…) -
Amakuru mashya kuri virusi ya Marburg itagikanganye – Minisante
16 October 2024, by Joseph IradukundaIcyizere cyo guhashya virusi ya Marburg, yazanye imbaraga zidasanzwe mu Rwanda, gikomeje kwiyongera kubera ko abantu bandura bakomeje kugabanyuka naho abakira bakiyongera.
-
Gen (Rtd) Kabarebe yavuye imuzi uko Tshisekedi yifuje guhanagura u Rwanda
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGen (Rtd) James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yavuze ko ibibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye nyuma y’iyicwa rya Patrice Lumumba, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Zaire.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
U Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe MICT izaba irangije imirimo yayo
Minisitiri Bizimana yasabiye Abenebikira kugirwa Abarinzi b’Igihango
Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados
Amerika n’Ubumwe bw’Uburayi bavuze ko Ifatwa rya Masisi ribangamiye umuhate wo kugera ku mahoro
Perezida Kagame yagize Mukazayire Minisitiri wa Siporo, Gatare na Rwego bahindurirwa inshingano
Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC
Bimwe mu byaranze tariki ya 7 Mata 1994 ubwo hatangiraga Jenoside yakorewe Abatutsi
Amakuru mashya kuri virusi ya Marburg itagikanganye – Minisante
Gen (Rtd) Kabarebe yavuye imuzi uko Tshisekedi yifuje guhanagura u Rwanda