Ishuri ryisumbuye ryigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga rya Rwanda Coding Academy ryatsindiye kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa nyafurika rya ‘Junior Achievement Africa Company of the Year’ rizabera muri Nigeria.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rwanda Coding Academy igiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika
9 November 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka30 bacana urumuri rw’icyizere
7 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame afatanyije na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere rukomeza kwaka kugeza iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi irangiye.
-
Rubavu: Polisi yashyamiranye n’abaturage irabarasa umwana ahasiga ubuzima
7 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’Igihugu kuri uyu wa Mbere yakomerekeje abaturage mu karere ka Rubavu, nyuma yo kuyitera amabuye na yo ikabarasaho.
-
Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasesenguzi mu bya Politiki bavuga ko kuba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye gushyira umukono ku masezerano y’amahoro, ari intambwe ya mbere itanga icyizere mu kubona umuti w’ibibazo bimaze igihe hagati y’Ibihugu byombi.
-
U Bufaransa bwemeye gusubukura iperereza kuri Mbarushimana Callixte ukekwaho uruhare muri Jenoside
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwategetse ko hasubukurwa iperereza kuri Callixte Mbarushimana ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hashingiwe ku kirego cyatanzwe n’ihuriro ry’imiryango ikurikirana abagize uruhare muri Jenoside bihishe ubutabera, CPCR (Collectif des Parties Civiles pour le Rwanda).
-
Perezida Kagame na Madamu we bakingiwe Covid-19 [AMAFOTO]
11 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021,Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19 ku mugaragaro.
Kuri uyu munsi wa Gatandatu u Rwanda rutangiye ku mugaragaro ibikorwa byo gukingira icyorezo cya Covid-19 gikomeje koreka isi yose,Nyakubahwa Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19.
Aba banyacyubahiro bakingiriwe ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ku Kacyiru mu Mujyi wa Kigali.
Mu minsi ishize perezida Kagame yavuze ko ari iby’agaciro kuba (…) -
Rwanda: Abanyeshuri barenga ibihumbi ijana ntibarasubira ku ishuri
26 October 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’uburezi yatangaje ko nibura abanyeshuri 105.000 bataragera ku mashuri yabo.
Raporo y’iyi Minisiteri yerekana ko, mu mwaka w’amashuri wa 2022/23, abanyeshuri 3,647.758 bagombaga kuba bari ku ishuri kugeza ubu.
Icyakora, Christophe Nsengiyaremye, Umuyobozi mukuru w’ishami rishinzwe uburezi, igenzura, n’isuzuma muri Minisiteri y’Uburezi, yatangarije Radiyo y’igihugu ko kugeza ubu abanyeshuri 3,542, 233 basubiye ku mashuri aho bari boherejwe, bivuze ko 3 ku ijana cyangwa (…) -
Ibyemezo by’ inama idasanzwe y’ abaminisitiri yo ku wa 16 Werurwe 2018
16 March 2018, by Nsanzimana ErnestNone ku wa Gatanu, tariki ya 16 Werurwe 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe aho imyiteguro y’inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe iteganyijwe kubera mu Rwanda ku itariki ya 21 Werurwe 2018 igeze, ishima ko imyiteguro irimo kugenda neza, inzego zose zibishinzwe zirimo gukora ibyo zisabwa.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama (…) -
Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
18 November 2025, by Brenda MIZEROInnocent Muhizi wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore, yavuze ko zimwe mu ntego afite ari kongera imikoranire hagati y’ibihugu byombi mu bijyanye n’ikoranabuhanga n’ubucuruzi.
-
Uburayi bwatije ijwi u Rwanda bwamagana abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaganye abakomeje kuzamura amagambo avuga ko, ‘Ingabo z’u Rwanda (RDF) zaba ziri i Maputo mu murwa Mukuru wa Mozambique mu gufashwa inzego z’umutekano zikomeje guhangana n’Abagigaragambya.
Umuryango.rw
Rwanda Coding Academy igiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika
Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka30 bacana urumuri rw’icyizere
Rubavu: Polisi yashyamiranye n’abaturage irabarasa umwana ahasiga ubuzima
Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?
U Bufaransa bwemeye gusubukura iperereza kuri Mbarushimana Callixte ukekwaho uruhare muri Jenoside
Perezida Kagame na Madamu we bakingiwe Covid-19 [AMAFOTO]
Rwanda: Abanyeshuri barenga ibihumbi ijana ntibarasubira ku ishuri
Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
Uburayi bwatije ijwi u Rwanda bwamagana abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo