Perezida Paul Kagame, yakurikiye umukino wahuje abakinnyi b’intoranywa muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika “NBA All-Star” mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, anagirana ibiganiro n’abayobozi batandukanye ba NBA barimo Komiseri wayo, Adam Silver.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yarebye ‘All Star Game 2026’ anagirana ibiganiro n’abayobozi ba NBA
16 February, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
U Rwanda ntirushaka u Burundi mu biganiro byo kurwunga na RDC
20 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko kuba Perezida w’u Burundi aherutse kuba Umuyobozi w’Akanama k’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bishobora kubangamira inzira zo gushaka umuti w’ibibazo byo muri Congo, kuko kiriya Gihugu cyafashe uruhande
-
Imvura yaraye iguye yahitanye abantu 5 barimo 2 bakubiswe n’inkuba
3 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, haguye imvura nyinshi hirya no hino mu Rwanda yahitanye abantu 5 barimo 3 batwawe n’umuvu abandi 2 bakubitwa n’inkuba. Hakomeretse 13.
-
Yari yarabwiye Se ko azamwica: Ubuhamya bw’umuryango wa Axel Rudakubana wishe abana batatu mu Bwongereza
6 November 2025, by Brenda MIZERODion Rudakubana, umuvandimwe wa Axel Rudakubana ukurikiranywe n’ubutabera bw’u Bwongereza ku cyaha cyo kwica abana batatu, yavuze ko ashobora kuba yarabikoze kuko yashakaga kubabaza sosiyete.
-
MINALOC yahishuye uburyo igiye gukoresha ngo indangamuntu zatakaye zijye zibona ba nyirazo vuba
3 March 2024, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, iravuga ko ubu hashyizweho uburyo bwihariye bwo gufasha abaturage bataye ikarita ndagamuntu, aho kuri ubu bazajya bashakishwa aho bari hose bakazisubizwa cyangwa zigasubizwa mu kigo cy’indangamuntu kikabashakisha bakazisubizwa.
-
Abagororwa bitegura gusoza ibihano basabwe kubana neza n’abo basanze
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbagororwa bitegura gusoza ibihano by’ibyaha bahamijwe ku ruhare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, basabwe gukurikira no kuzirikana inyigisho bateguriwe kuko zizabafasha kurushaho kubana neza n’abo basanze ndetse no kwimakaza Ubumwe n’Ubudaheranwa.
-
Perezida Kagame yahuriye bwa Mbere mu nama na Ndayishimiye w’u Burundi [Ibyaganiriweho]
20 November 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi habaye inama ya munani yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibiyaga bigari, CIRGL, yabaye hakoreshejewe ikoranabuhanga . Mu bakuru b’ibihugu bayitabiriye harimo Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye, uw’ u Rwanda Paul Kagame, uwa Republika ya demokarasi ya Kongo na Sudani y’Epfo.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Emir wa Qatar
4 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani byibanze ku guteza imbere umubano w’ibuhugu byombi n’imikoranire.
-
Emir wa Qatar yakiriwe na Perezida Kagame i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
20 November 2025, by Brenda MIZEROEmir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, yakirwa na Perezida Paul Kagame.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yarebye ‘All Star Game 2026’ anagirana ibiganiro n’abayobozi ba NBA
Imvura yaraye iguye yahitanye abantu 5 barimo 2 bakubiswe n’inkuba
Yari yarabwiye Se ko azamwica: Ubuhamya bw’umuryango wa Axel Rudakubana wishe abana batatu mu Bwongereza
MINALOC yahishuye uburyo igiye gukoresha ngo indangamuntu zatakaye zijye zibona ba nyirazo vuba
Abagororwa bitegura gusoza ibihano basabwe kubana neza n’abo basanze
Perezida Kagame yaganiriye na Emir wa Qatar
Emir wa Qatar yakiriwe na Perezida Kagame i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ibiri