Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje abantu bazamuhagararira mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Biden yagennye Bill Clinton nk’uzamuhagararira mu muhango wo #Kwibuka30
4 April 2024, by Dusingizimana Remy -
Ngoma: Inzu y’ inkodeshanyo yahitanye umugore n’ abana be batatu kubera imvura
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestInzu yagushijwe n’ imvura n’ umuyaga , internet photo
Mukaneza Thacienne n’ abana be batatu bagwiriwe n’ igikuta cy’ inzu bakodeshaga bose bahita bitaba Imana.
Byabereye mu murenge wa Kibungo akagari ka Cyasemakamba mu mudugudu wa Kabeza nyuma y’ imvura ivanze n’ umuyaga yaguye muri aka karere kuri uyu wa 9 Werurwe 2018.
Kaneza utabanaga n’ umugabo yari afite abana batatu barimo umuhungu w’ imyaka 13, na mushikiwe w’ imyaka 5 ndetse n’ akana k’ agahinja kari gafite umwaka umwe. (…) -
Umunsi Leta ya Habyarimana yashatse kwica Museveni
20 January, by Brenda MIZEROInyandiko y’iperereza yagaragaje ko ubutegetsi bwa Juvénal Habyarimana bwashatse kwica Perezida Yoweri Kaguta Museveni, nyuma y’aho ingabo za RPA-Inkotanyi zitangije urugamba rwo kubohora u Rwanda mu 1990.
-
Major Mudathiru yanze kuripfana ashima Leta y’ u Rwanda uko ibafashe muri gereza
28 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere nibwo urukiko rwa Urukiko rwa Gisirikare,rwategetse ko Rtd Major Habib Mudathiru na bagenzi be 24 bari mu mutwe wa P5 uyoborwa na Kayumba Nyamwasa bafungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha bikomeye bashinjwa ariko uyu Mudathiru yashimiye Leta y’u Rwanda uko ibafashe kandi bari bashaka kuyigirira nabi.
-
Minisiteri ya siporo yavuze aho ikibazo cya Rayon Sports kigeze n’igihe umupira w’amaguru uzasubukurirwa
18 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa, yatangaje ko imyitozo y’amakipe izatangira mu ntangiriro z’Ukwakira anemeza ko ikibazo cya Rayon Sports kiri hafi gukemuka nkuko yabivuze mu minsi ishize.
-
Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
16 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier yashyikirije Perezida wa Repubulika ya Tchad, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno, ubutumwa bwihariye bwa Perezida Kagame, mu rwego rwo gushimangira umubano mwiza n’ubufatanye hagati ya Tchad n’u Rwanda.
-
Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi Iburengerazuba mu gice cya kabiri cy’uku kwezi
11 April 2024, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 n’iya 20 Mata 2024, hateganyijwe ingano y’imvura iri hejuru gato y’ikigero cy’isanzwe igwa mu Burengerazuba bw’Igihugu mu gihe mu bice bisigaye hazagwa imvura isanzwe.
-
Perezida Kagame yashimye intambwe Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwatanze uburyo bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kurenza abandi bose.
-
NURC yafashe umwanzuro udasanzwe uzayifasha kwihutisha ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda
23 September 2019, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge [NURC] yafashe umwanzuro wo gushing muri buri mudugudu ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge rizafasha kugira ngo igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigere kuri 96 ku ijana mu mwaka wa 2024.
-
U Bufaransa bwashyikirije Sénégal ibigo bya gisirikare bibiri
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Bufaransa yatangaje ko yashyikirije Sénégal ikigo cya gisirikare cya Maréchal n’icya Saint Exupery biherereye mu murwa mukuru, Dakar.
Umuryango.rw
Perezida Biden yagennye Bill Clinton nk’uzamuhagararira mu muhango wo #Kwibuka30
Umunsi Leta ya Habyarimana yashatse kwica Museveni
Minisiteri ya siporo yavuze aho ikibazo cya Rayon Sports kigeze n’igihe umupira w’amaguru uzasubukurirwa
Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi Iburengerazuba mu gice cya kabiri cy’uku kwezi
Perezida Kagame yashimye intambwe Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi
U Bufaransa bwashyikirije Sénégal ibigo bya gisirikare bibiri