Senateri Mupenzi George yeguye ku mpamvu ze bwite. Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kamena 2024 nibwo yashyikirije Perezida wa Sena ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Senateri Mupenzi George yeguye muri Sena y’u Rwanda
7 June 2024, by Dusingizimana Remy -
Abapolisi bagaragaye bakubita ibipfunsi uwari utorotse kasho batawe muri yombi
14 May 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yemeje ko abapolisi babiri bagaragaye bakubita umuntu ushinjwa kuba yari atorotse kasho yari afungiwemo,batawe muri yombi ndetse bazahanwa hakurikijwe amategeko.
-
Tshisekedi yashyize umukobwa we mu bajyanama be
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize umukobwa we, Christina Tshisekedi Tshika mu bajyanama bwite be.
-
Tshisekedi muri ONU yasabye amahanga gufatira ibihano u Rwanda
26 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano, yongera kurushinja ubushotoranyi runyuze mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Ntabwo byumvikana ko mu Rwanda twakwicwa n’inzara-Senateri Dr. Charles Murigande
19 January, by Brenda MIZEROSenateri Dr. Charles Murigande yagaragaje ko bitumvikana ko mu Rwanda habaho abantu bicwa n’inzara kandi ruri mu bihugu bigira imvura ishobora gufasha mu buhinzi, asaba ko hashyirwa imbaraga mu guteza imbere ubushakashatsi bugamije kongera umusaruro.
-
Dore uko amakipe azahura mu gikombe cy’Isi kizabera muri Qatar[URUTONDE]
2 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye umuryango wa Commonwealth
21 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yitabiriye ibiganiro byagarutse ku ngingo zirimo icyakorwa kugira ngo amahirwe ari mu muryango wa Commonwealth agere ku bihugu binyamuryango mu buryo bungana.
Kuri uyu wa Kabiri,Perezida Kagame yasabye abanyamuryango ba Commonwealth ko uyu muryango ugomba gukorana,abanyamuryango bagasangira amahirwe ku buryo bungana.
Perezida Kagame yavuze ko abanyamuryango ba Commonwealth bafite byinshi bahuriyeho uhereye ku rurimi ariko batandukanye mu bijyanye n’ubukungu,n’ibindi (…) -
Leta yambuye RURA gutanga amasoko yo gutwara abagenzi inigurira imodoka zitwara abagenzi
27 August 2023, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwambuwe inshingano zo gutanga amasoko yo gutwara abantu mu buryo bwa rusange.
-
Ubudage bwoherereje Ukraine ibifaru bidasanzwe yari itegereje cyane
28 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ingabo y’Ubudage ivuga ko ibifaru bya mbere by’Ubudage byo mu bwoko bwa Leopard 2 byoherejwe muri Ukraine.
Ibifaru 18 bigezweho byo kurwana ku rugamba byatanzwe nyuma yuko abasirikare ba Ukraine bahawe imyitozo yo kubikoresha.
Minisitiri w’ingabo w’Ubudage Boris Pistorius yavuze ko atazi neza niba ibyo bifaru bishobora "gutanga umusanzu uhindura ibintu" ku rugamba muri iyi ntambara.
Ibifaru byatanzwe n’Ubwongereza byo mu bwoko bwa Challenger 2 na byo byageze muri Ukraine, (…)
Umuryango.rw
Senateri Mupenzi George yeguye muri Sena y’u Rwanda
Tshisekedi yashyize umukobwa we mu bajyanama be
Tshisekedi muri ONU yasabye amahanga gufatira ibihano u Rwanda
Ntabwo byumvikana ko mu Rwanda twakwicwa n’inzara-Senateri Dr. Charles Murigande
Dore uko amakipe azahura mu gikombe cy’Isi kizabera muri Qatar[URUTONDE]
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye umuryango wa Commonwealth
Leta yambuye RURA gutanga amasoko yo gutwara abagenzi inigurira imodoka zitwara abagenzi
Ubudage bwoherereje Ukraine ibifaru bidasanzwe yari itegereje cyane