Perezida Xi Jinping yoherereje Kagame ubutumwa bumushimira, nyuma yo kongera gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Xi Jinping yoherereje Kagame ubutumwa bumushimira
23 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
Drone itwaye ibiturika ya Ukraine yarasiwe mu Burusiya
27 March 2023, by Dusingizimana RemyDrone ya Ukraine yarashwe n’ingabo z’Uburusiya iri mu kirere cyabwo, nk’uko bivugwa na Moscow.
Iyi drone yahanuwe ku cyumweru mu mujyi wa Kireyevsk – muri 400km uvuye ku mupaka w’iki gihugu na Ukraine – nk’uko bivugwa na minisiteri y’ingabo.
Itangazamakuru rya leta y’Uburusiya riravuga ko abantu bagera kuri batatu bakomerekejwe no guturika kwabaye nyuma y’uko ihanuwe.
Mbere, Ukraine yagiye ihakana ibirego ko yateye ibice bya gisivile by’Uburusiya ikoresheje drones zitwaye ibiturika (…) -
Ibyo wamenya kuri Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na USA kugira ngo akurikiranweho ibyaha bya Jenoside
17 April 2021, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Mata 2021 nibwo Munyenyezi yagejejwe mu Rwanda avanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo kumarayo imyaka 10 ari muri gereza aho yari akurikiranweho icyaha cyo kubeshya inzego z’abinjira n’abasohoka.
-
Ubushinjacyaha bugiye kujuririra icyemezo cyo kurekura Diane Rwigara n’umubyeyi we
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmushinjacyaha Mukuru, Mutangana Jean Bosco, yemeje ko Ubushinjacyaha butanyuzwe n’imikirize y’urubanza rwa Diane Rwigara n’umubyeyi we bukaba buzajuririra icyemezo cy’Urukiko Rukuru cyo kurekura aba bombi.
-
RDC: M23 mu byishimo nyuma yo kwambura ibikoresho byinshi FARDC n’abambari bayo [AMAFOTO]
23 October 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko wongeye gufata ibikoresho by’intambara bya FARDC birimo imbunda zikiri nshya zigezweho za ba mudahusha, n’akadege katagira umupilote [drone].
-
Perezida Kagame ntiyemeranya n’urukiko rw’ikirenga ku byerekeye icyaha cyo gusebya Umukuru w’Igihugu
26 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atemeranya n’Umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ikirenga ku ngingo y’itegeko rihana umuntu wahamijwe icyaha cyo gushushanya no gusebya umukuru w’igihugu, avuga ko icyo kitari gikwiye kuba icyaha mpanabyaha ahubwo gikwiriye kuba mbonezamubano.
-
Perezida Kagame yashimiye abitabiriye #CHOGM2022 n’inzego z’umutekano zatumye igenda neza
26 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yashimye abitabiriye inama ya CHOGM baturutse hirya no hino ku isi ndetse n’inzego zitandukanye zirimo n’iz’umutekano zakoze akazi gakomeye kugira ngo iyi nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo muri Commonwealth (CHOGM) yaberaga i Kigali igende neza.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter, yashimiye abitabiriye iyi nama, yemeza ko ari ishema kuba u Rwanda rwarakiriye Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma.
Ati “Ndashimira abantu 4000 twabanye muri (…) -
Umunyemari Paul Muvunyi wayoboye Rayon Sports yatawe muri yombi we n’abandi bantu 3
27 December 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu bane barimo Paul Muvunyi, wahoze ari Umuyobozi w’Ikipe ya Rayon Sports, akaba n’umwe mu banyemari bakomeye mu gihugu.
Amakuru dukesha IGIHE ni uko Muvunyi na bagenzi be bafunzwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Usibye Muvunyi, hafunzwe Rtd Col Ruzibiza Eugène wigeze kuba Umuyobozi ushinzwe Ingabo mu Karere ka Karongi ndetse mu 2015 yari Umuyobozi wa Brigade ya 307 yakoreraga mu Ntara (…) -
Kigali: Hagiye kongerwa imodoka 20 zitwara abagenzi mu muhanda bitarenze iminsi 2
9 August 2022, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’ikigo ngenzuramikorere,RURA, buravuga ko muri gahunda yo kongera imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, mu gihe kitarenze iminsi 2 hari izindi modoka 20 ziza kwiyongera ku zisanzwe zikora uyu murimo.
Mu kiganiro Umuyobozi mukuru wa RURA,Eng.Deo Muvunyi yahaye RBA,yavuze ko hari abashoramari bamaze kugera ku ruganda bagiye gushaka imodoka zo gutwara abagenzi ndetse ko mu minsi itarenze 2 hari imodoka 20 ziriyongera mu zari zisanzwe zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali. (…) -
Mukomeze mwihangane ! Perezida Kagame ahumuriza abagizweho ingaruka n’ibiza
12 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023 ,Perezida Paul Kagame yasuye Akarere ka Rubavu by’umwihariko uduce twibasiwe n’ibiza turimo Mahoko, Pfunda na Nyundo, aganira n’abaturage bacumbikiwe kuri site ya Nyemeramihigo, arabahumuriza, abizeza ko leta izakomeza kubaba hafi. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abarenga ibihumbi bibiri batujwe muri site y’Inyemeramihigo, nyuma y’uko yari amaze gusura ibikorwa bitandukanye muri ako karere byangijwe n’ibiza, birimo n’uruganda rw’icyayi rwa (…)
Umuryango.rw
Perezida Xi Jinping yoherereje Kagame ubutumwa bumushimira
Drone itwaye ibiturika ya Ukraine yarasiwe mu Burusiya
RDC: M23 mu byishimo nyuma yo kwambura ibikoresho byinshi FARDC n’abambari bayo [AMAFOTO]
Perezida Kagame yashimiye abitabiriye #CHOGM2022 n’inzego z’umutekano zatumye igenda neza
Kigali: Hagiye kongerwa imodoka 20 zitwara abagenzi mu muhanda bitarenze iminsi 2
Mukomeze mwihangane ! Perezida Kagame ahumuriza abagizweho ingaruka n’ibiza