Mu gitondo cyo kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 , RwandaAir yari yerekeje ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganga , yaguye mu gishanga ubwo umu Umupilote yahuraga n’ikirere kibi akabura Udutara Tumufasha Kumenya aho Amanukira .
Mu butumwa ubuyobozi bwa sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere yo mu Rwanda banyujije ku rukuta rwabo rwa Twitter batangaje ko iyi ndenge yahuye n’ikibazo k’ikirere igakora impanuka ikagwa mu gishanga ariko ko ntamuntu n’umwe wakomerekeyemo cyangwa ngo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Breaking news: RwandaAir yerekezaga ENTEBBEE muri Uganda yakoze impanuka
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Mu Rwanda hagiye gutangira gupimwa DNA z’umwana ukiri mu nda
26 January, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera, Lt Col (Rtd) Dr. Charles Karangwa, yavuze ko iki kigo kiri mu nyigo yo gutangira gupima uturemangingo ndangasano (DNA test) ku mwana utaravuka (ukiri mu nda ya nyina) hifashishijwe ikoranabuhanga rizwi nka NGS (Next Generation Sequencing).
-
Perezida Kagame yahuye n’Igikomangoma cya Jordan
12 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame uri Baku muri Azerbaijan mu Nama ya Loni yiga ku mihindagurikire y’ibihe (COP29), yabonanye n’Igikomangoma cya Jordan Al Hussein bin Abdullah.
-
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
10 August 2020, by Martin MunezeroLt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Yoweri Museveni uyoboye Uganda, yagarutse ku butumwa bwa se mu 1986 ubwo yari amaze gufata ubutegetsi, aho yibaza icyo byaba bitwaye aramutse ari Umunyarwanda.
-
Urwego rw’abikorera, Inzego z’ibanze na REG ku isonga y’ibyamunzwe na ruswa mu 2025
3 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025, bwagaragaje ko mu nzego zagaragayemo ruswa cyane muri uyu mwaka ziganjemo Urwego rw’Abikorera, Inzego z’ibanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, REG.
-
Perezida Kagame na Katalin wa Hongiriya barifuza ko intambara muri Ukraine ihagarara
16 July 2023, by Joseph IradukundaKuri iki cyumweru Perezida wa Hongiriya KATALIN Novak yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2 mu Rwanda.
-
Intego nshya ya RRA: Kuzamura umusaruro w’imisoro ukagera kuri miliyari zisaga 3.7 Frw mu 2025/2026
12 December 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko gifite intego yo gukusanya arenga miliyari 3.728 Frw mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026.
-
Habonetse umubare munini w’abanduye Covid-19 muri gereza ya Nsinda
10 November 2020, by Dusingizimana RemyMinisteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko yaraye ibonye umubare munini w’abanyururu banduye COVID 19 muri Gereza ya Nsinda.
Kuri ubu hariho icyoba ko umubare w’abanduye waba ari munini kurusha abamaze kugaragara dore ko iyi gereza ari nayo icumbikiye abantu benshi.
Byatangajwe na Ministiri w’ubuzima, Daniel Ngamije, abicishije kuri televiziyo y’igihugu ku wa kabiri.
Yavuze ko ku munsi w’ejo abashinzwe ibikorwa byo gupima batunguwe ubwo bageraga mu bitaro bya Rwamagana mu gace kagenewe (…) -
RDC yongeye kwerura urwango ifitiye Abatutsi: Biswe Inyenzi, Virusi kandi ngo Abatutsikazi ni abo kwitonderwa
28 December 2025, by Brenda MIZEROUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi bwongeye kugaragaza byeruye urwango bufitiye ‘Abatutsi’ aho bava bakagera no kurushyigikira, busobanura ko ari abantu babi bakwiye kwitonderwa.
-
Anita Pendo yakoze urutonde rw’ibyamamare/kazi nyarwanda bibishya imyidagaduro byiganjemo abakinnyi b’umupira,abakinnyi ba Filime,abanyamakuru,abahanzi mu ndirimbo z’urukundo n’abahanzi muri Gospel[AMAFOTO]
27 February 2019, by Martin MunezeroUmunyamakuru,Umushyushyarugamba akaba n’UmuDj Anita Pendo utajya wiburira yakoze urutonde rw’ibyamama/kazi nyarwanda 13 bibishya imyidagaduro mu Rwanda.
Umuryango.rw
Breaking news: RwandaAir yerekezaga ENTEBBEE muri Uganda yakoze impanuka
Mu Rwanda hagiye gutangira gupimwa DNA z’umwana ukiri mu nda
Perezida Kagame yahuye n’Igikomangoma cya Jordan
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
Urwego rw’abikorera, Inzego z’ibanze na REG ku isonga y’ibyamunzwe na ruswa mu 2025
Perezida Kagame na Katalin wa Hongiriya barifuza ko intambara muri Ukraine ihagarara
Intego nshya ya RRA: Kuzamura umusaruro w’imisoro ukagera kuri miliyari zisaga 3.7 Frw mu 2025/2026
Habonetse umubare munini w’abanduye Covid-19 muri gereza ya Nsinda
RDC yongeye kwerura urwango ifitiye Abatutsi: Biswe Inyenzi, Virusi kandi ngo Abatutsikazi ni abo kwitonderwa