Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yabwiye abayobozi batandukanye bari bitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango Unity Club Intwararumuri umaze ushinzwe ko Kwiyoroshya ntacyo bitwaye kuko aribyo bituma abaturage babiyumvamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yibukije abayobozi ko kwiyoroshya ari ibintu bibongerera agaciro
17 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHagaragajwe amashusho ya bimwe mu bikorwa bihonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu by’igisirikare cya DRC, agaragaza bamwe mu basirikare b’iki Gihugu baboshye abo bashinja gukorana na M23, banabambuye imyenda, aho bivugwa ko byabereye i Kisangani.
-
Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo
6 January 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateranye amagambo n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
-
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by UbwanditsiTaliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
-
BC yahawe amavuriro abiri ngendanwa n’ibyuma bikonjesha imiti
5 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashyikirijwe amavuriro abiri ngendanwa (mobile clinics) n’ibyuma bikonjesha imiti n’inkingo (vaccine storage fridges), bifite agaciro ka miliyoni 490 Frw.
-
Hashyizwe ku karubanda imyirondoro y’abantu banze kwitaba Polisi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
6 January 2021, by Martin MunezeroMu gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwanda bwa Coronavirus gusa hari abatwara ibinyabiziga batabyubahirije bangana 209.
-
Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje
13 October 2017Tariki 13 Ukwakira ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara y’imbasa. Mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe mu murenge wa Kamegeri mu karere ka Nyamagabe.
Uwihoreye Silas wo mu karere ka Nyamagabe yatangarije Umuryango ko indwara y’imbasa ayizi ariko hashize imyaka myinshi atabona umuntu uyindwaye.
Yagize ati" imbasa ndayizi. Si ya ndwara yatumaga akaguru kanyunyuka kakaba gato cyane? Hashize imyaka myinshi ntabona umuntu uyindwaye." Uwihoreye Elias umuturage w’imyaka 60
Minisitiri (…) -
Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka yamaze mu buroko
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka we na nyina Mukangemanyi Adeline Rwigara bamaze muri gereza.
-
Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania imbere y’abarimo Perezida w’u Burundi
3 November 2025, by Brenda MIZEROSamia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania nyuma y’iminsi mu mijyi ikomeye y’iki gihugu haba imyigaragambyo yamagana amatora yabaye tariki ya 29 Ukwakira 2025.
-
Koreya ya Ruguru irashaka kwiyegereza iy’Epfo ikayitandukanya n’Amerika
5 October 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’imyaka ikabakaba ibiri Koreya ya Ruguru iri mu kato karushijeho kuyikomerera kubera ikiza cya Covid 19, ubu noneho iragenda igaragaza ibimenyetso ko ishobora kuba yiteguye ibiganiro n’ibihugu bitari Leta zunze ubumwe z’Amerika gusa.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yibukije abayobozi ko kwiyoroshya ari ibintu bibongerera agaciro
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC
Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
BC yahawe amavuriro abiri ngendanwa n’ibyuma bikonjesha imiti
Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje
Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania imbere y’abarimo Perezida w’u Burundi
Koreya ya Ruguru irashaka kwiyegereza iy’Epfo ikayitandukanya n’Amerika