Shene ya YouTube y’umuhanzi nyarwanda Ross Kana yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwibwa n’abantu bataramenyekana, bayikoresha mu kunyuzaho amakuru ajyanye n’intambara ivugwa hagati ya United States, Israel na Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Shene ya Ross Kana yibwe, inyuzwaho intambara ya Amerika, Israel na Iran
24 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kwita Izina 2025: Dore amwe mu mazina y’ibyamamare
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe u Rwanda rwitegura igikorwa kimaze kumenyekana ku ruhando mpuzamahanga cyo Kwita Izina abana b’ingagi kizaba kuri uyu wa Gatanu, tariki 5 Nzeri 2025, abarimo ibyamamare bazita amazina abo bana bamaze kumenyekana.
-
U Rwanda rwemeje amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 48$ azifashishwa mu mushinga wo kuhira imyaka i Gisagara
23 December 2025, by Brenda MIZEROInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje amasezerano hagati hagati ya Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’u Bushinwa y’Ubucuruzi bw’lbisohoka n’lbyinjira mu gihugu (Exim Bank of China) yerekeranye n’inguzanyo ya miliyoni 344,5 y’Ama-Yuan (arenga miliyoni 48$) izifashishwa mu kuhira imyaka muri Giseke mu Karere ka Gisagara.
-
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
10 June 2022, by Dusingizimana RemyAhagana mu ma saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022,mu kagari ka Nyabigoma mu murenge wa Kinigi wo mu karere ka Musanze hatewe ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete bivugwa ko byaturutse muri Rutshuru muri RDC.
Mu gihe imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomeje,ibisasu byongeye kugwa mu Rwanda nyuma y’ibindi byaherukaga guterwa i Musanze kuwa 23 Gicurasi 2022 biturutse muri RDC bikangiza inzu z’abaturage ndetse bikanabakomeretsa.
Nkuko abahaye amakuru Bwiza.com dukesha (…) -
Minisitiri Nduhungirehe ntiyumva uburyo abahuza baceceka, Tshisekedi akarenga ku gahenge ntabibazwe
21 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarenze ku masezerano y’agahenge menshi, nyamara abahuza ntibagire icyo babikoraho.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC
20 February, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yakiriye Komiseri muri Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ushinzwe uburinganire kwitegura no guhangana n’ibibazo, Hadja Lahbib.
-
Ibiciro by’ingendo mu mujyi wa Kigali no mu ntara byiyongereye nyuma ya #Gumamurugo
4 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA] rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu mujyi wa Kigali no mu ntara byiyongereye cyane nubwo igiciro cya Lisansi na Mazutucyagabanutse ugereranyije n’igiheruka.
-
Tadej Pogacar yisubirije umudali wa Zahabu n’ikuzo i Kigali
28 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Slovenie, Tadej Pogacar, yisubije umudali wa Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, nyuma yo gutsinda isiganwa ry’abagabo ryo mu muhanda ryakinwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 28 Nzeri 2025, aho yakoresheje amasaha atandatu, iminota 21 n’amasegonda 20 ku ntera y’ibilometero 267,5.
-
Col Tom Byabagamba aritaba "Ubujurire" kuri uyu wa gatatu aburana “Gatoroshi”
27 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba araburana mu mizi ubujurire bwe kuri uyu wa 28 Mata 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana mu bujuire icyaha cyo kwiba gatoroshi na sharijeri yayo.
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rukaba rwari rwamuhamije iki cyaha rumukatira imyaka 3 yaje yiyongera ku yindi 15 yari yarakatiwe mbere.
Tom Byabagamba yahoze ari Col mu gisirikare cya RDF yahamijwe icyaha cy’ubujura n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ahita akijuririra kuko yaburanye agihakana.
Col Tom (…) -
" Bishobora no kongera kumanuka ariko nanone bitwara igihe.."Perezida Kagame ku biciro ku masoko
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko izamuka ry’ibiciro ku masoko mu Rwanda ryaturutse ahanini ku biri kubera ku isi ariko ko igihugu gikora ibishoboka byose ngo bimanuke gusa ngo bitatwara umunsi umwe.
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru,cyagarutse ku ngingo zitandukanye zireba ubuzima bw’imbere mu gihugu ndetse n‘imibanire n‘amahanga.
Perezida Kagame yabajijwe ikibazo kijyanye n’izamuka ry’ibiciro rikomeje kugaragara ku masoko mu Rwanda avuga ko rituruka ku bintu bimwe biva (…)
Umuryango.rw
Shene ya Ross Kana yibwe, inyuzwaho intambara ya Amerika, Israel na Iran
Kwita Izina 2025: Dore amwe mu mazina y’ibyamamare
U Rwanda rwemeje amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 48$ azifashishwa mu mushinga wo kuhira imyaka i Gisagara
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
Minisitiri Nduhungirehe ntiyumva uburyo abahuza baceceka, Tshisekedi akarenga ku gahenge ntabibazwe
Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC
Tadej Pogacar yisubirije umudali wa Zahabu n’ikuzo i Kigali
" Bishobora no kongera kumanuka ariko nanone bitwara igihe.."Perezida Kagame ku biciro ku masoko